wex24news

AMAKURU

Prof. Ngabitsinze wari Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda yahererekanyije ububasha na  Minisitiri Prudence Sebahizi 

Prof. Ngabitsinze Jean-Chrysostome, wari Minisitri w’Ubucuruzi n’Inganda, yahererekanyije ububasha na Minisitiri Prudence Sebahizi wamusimbuye kuri izo nshingano. Ku wa 16 Kanama 2024, ni bwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho abagize Guverinoma barimo Abaminisitiri 21 n’Abanyamabanga ba Leta 9 muri za minisiteri zitandukanye. Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda n’imwe Minisiteri eshatu zahawe abayobozi bashya, aho minisitiri w’Ubucuruzi […]

Prof. Ngabitsinze wari Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda yahererekanyije ububasha na  Minisitiri Prudence Sebahizi  Read More »

Amabwiriza yo gukaraba intoki yagarutse

Abatuye mu Mujyi wa Kigali barakangurirwa gukaraba intoki kenshi mu rwego rwo kwimakaza isuku no kwirinda icyorezo cy’Ubushita bw’Inkende ( (Monkey pox/Mpox). Umujyi wa Kigali watangiye kugenzura ko ahantu hahurira abantu benshi nko mu nyubako z’abikorera n’iza Leta, ku masoko, ahategerwa imodoka no mu nsengero hashyizweho ubukarabiro rusange, ndetse ko ari ihame ko buri wese

Amabwiriza yo gukaraba intoki yagarutse Read More »

Intumwa za Congo n’iz’u Rwanda zongeye guhurira muri Angola

Ibihugu by’u Rwanda na Congo bikomeje gushakisha icyatuma umubano wabyo usubirana nyuma yo kuzamo ibihato bitewe n’uko buri gihugu gishinja ikindi kubangamira umutekano wacyo. Ku wa Kabiri byari biteganyijwe ko intumwa z’u Rwanda zerekeza i Luanda mu nama yo ku rwego rwa ba Minisitiri, zigahurirayo n’iza Congo Kinshasa, zikongera kuganira ku myanzuro yafatwa igamije gukemura

Intumwa za Congo n’iz’u Rwanda zongeye guhurira muri Angola Read More »

Intandaro y’igihombo cya MTN Rwanda yagize

Mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka, ikigo cya MTN Rwanda Plc cyahombye miliyari 10.5 Frw nyuma yo kwishyura umusoro, ikintu kidasanzwe ku kigo nk’iki kimaze kuba ubukombe mu Rwanda, kandi gisanzwe gifite amafatabuguzi benshi ku isoko ry’u Rwanda, kikanacuruza serivisi zirenze imwe. Gusa urebye mu bitabo by’imari by’iki kigo, usanga ibintu byaratangiye kugenda nabi

Intandaro y’igihombo cya MTN Rwanda yagize Read More »

U Rwanda rwohereje ingabo n’abapolisi muri mozambique

Itsinda ry’abasirikare bo mu ngabo z’u Rwanda ndetse n’abapolisi ba Polisi y’Igihugu, kuri uyu wa Kabiri bahagurutse i Kigali berekeza mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique aho bagiye mu bikorwa byo kugarura amahoro. Izi ngabo n’abapolisi mbere yo guhaguruka ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali babanje guhabwa impanuro n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj

U Rwanda rwohereje ingabo n’abapolisi muri mozambique Read More »

RIB yamaganye ubutumwa bwitiriwe uru Rwego na Sosiyete ya MTN

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwamaganye ubutumwa bwitiriwe uru Rwego na Sosiyete ya MTN, bw’abashatse gutekera abantu imitwe ngo babarye amafaranga, rusaba abantu kutabuha agaciro, ndetse rwizeza ko rwatangiye gushakisha ababuri inyuma. Ni ubutumwa bigaragara ko bwatambutse ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook bwanyujijwe mu bizwi nka Group na yo y’uwiyitiriye imwe mu maradiyo yo mu Rwanda.

RIB yamaganye ubutumwa bwitiriwe uru Rwego na Sosiyete ya MTN Read More »

U Rwanda rugiye kwakira Inama Nyafurika 

Kuva ku itariki 02-03 Ukuboza uyu mwaka, u Rwanda ruzakira inama nyafurika izamurikirwamo imiti ‘African Medical Exhibition & Conference -AMEC’. Izahuza abasaga 150 baturutse mu bihugu bisaga 25, nkuko bigaragara ku rubuga rw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubukerarugendo bushingiye ku Nama (RCB). Iyi nama izabera ahasanzwe habera inama muri Camp Kigali, KCEV. Byitezwe ko abazatanga ibiganiro

U Rwanda rugiye kwakira Inama Nyafurika  Read More »

Impanuka y’imodoka yakomerekeyemo abarenga 20

Mu Karere ka Nyamaseheke, mu Murenge wa Gihombo, habereye impanuka y’imodoka yaguyemo umuntu umwe abandi 27 barimo n’umushoferi  barakomereka . Iyi modoka yo mu bwoko bwa Coaster yavaga i Karongi yerekeza i Rusizi, yakoreye  impanuka mu Mudugudu wa Kibirizi, Akagari ka Jarama, Umurenge wa Gihombo, Akarere ka Nyamasheke. Umuvugizi wa Polisi, Ishami rishinzwe umutekano wo

Impanuka y’imodoka yakomerekeyemo abarenga 20 Read More »

Ugufunga kiriziya Gatorika Paruwasi ya Mugina byateje impaka

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, bwandikiye ibaruwa bumenyesha kiliziya Gatorika  Paruwasi ya Mugina ko ibaye ihagaritse ibikorwa byose, biteza impaka. Mu itangazo ryo ku wa 14 Kanama 2024, Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere avuga ko uku gufunga kiriziya bishingiye  ku itegeko no 72/2018 ryo ku wa  31 /8/2018 rigena imikorere n’imitunganyirize by’imiryango ishingiye ku

Ugufunga kiriziya Gatorika Paruwasi ya Mugina byateje impaka Read More »