wex24news

AMAKURU

Hatangiye kubakwa imihanda izatwara asaga Miliyari Ebyiri

Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki 19 Kanama 2024 mu Murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba hatangiye ibikorwa byo kubaka imihanda mu rwego rwo kurushaho kuzamura iterambere ry’abaturiye iyo mihanda ndetse n’abayikoresha. Imihanda ifite uburebure bw’ibilometero 2 na metero 100 izubakwa mu mezi Umunani itwaye asaga miliyari 2.232 FRW. Umuhango […]

Hatangiye kubakwa imihanda izatwara asaga Miliyari Ebyiri Read More »

Abasengera i Kanyarira no mu ishyamba rya Kabgayi bihanangirijwe

Abasengera mu musozi wa Kanyarira no mu ishyamba rya Kabgayi mu Turere twa Ruhango na Muhanga, bavuga ko gusengera muri ibi bice baba bizeye ko amasengesho yabo agera ku Mana, ndetse abafite ibyifuzo bigasubizwa. Leta y’u Rwanda irasaba aba baturage kudasengera ahantu hashyira ubuzima bwabo mu kaga nko mu mashyamba, ku misozi, mu bitare n’ahandi

Abasengera i Kanyarira no mu ishyamba rya Kabgayi bihanangirijwe Read More »

Leta yiyemeje kwigurira toni 31 000 z’umuceri wabuze isoko

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yatangaje kugeza ubu hari toni 31 000 z’umuceri utarabona umuguzi, ku buryo Leta ifatanyije n’ikigo East Africa Exchange (EAX) gikora ubucuruzi bwambukiranye imipaka, bafashe ingamba zo kuwugura ukagaburira abanyeshuri undi ugacuruzwa. Hamaze iminsi havugwa ikibazo cy’abahinzi hirya no hino mu gihugu bahinze umuceri ubura isoko ndetse na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda

Leta yiyemeje kwigurira toni 31 000 z’umuceri wabuze isoko Read More »

Umuyobozi w’Ibitaro arakekwaho kwica umwana

Ngiruwonsanga Pascal w’imyaka 38 wari Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Gakoma mu Karere ka Gisagara mu Ntara y’Amajyepfo, afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Karama mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge. Arakekwaho kwica umwana w’imyaka umunani yareraga. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwahamirije Imvaho Nshya aya makuru. Uru rwego ruvuga ko Ngiruwonsanga yatawe muri yombi

Umuyobozi w’Ibitaro arakekwaho kwica umwana Read More »

Abataragarutse muri Guverinoma ntibirukanywe

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko kuba hari bamwe mu bayobozi batagarutse muri Guverinoma muri manda nshya y’imyaka itanu, iherutse gushyirwaho, batirukanwe ahubwo bahinduriwe imirimo. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Kanama, ubwo yakiraga indahiro z’abo bagize Guverinoma, barimo Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta ndetse n’iy’Umuyobozi Mukuru mushya w’Urwego

Abataragarutse muri Guverinoma ntibirukanywe Read More »

Inkongi y’umuriro w’amashanyarazi yatwitse imashini zisya

Inkongi y’umuriro bikekwa ko ari iy’amashanyarazi yatwitse imashini icumi zasyaga imyaka y’abaturage , zifite agaciro k’asaga miliyoni 19Frw mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Busoro, mu Kagari ka Masangano,Umudugudu wa Bweramana. Amakuru avuga ibi byabaye mu mu rukerera rwo ku 19 Kanama 2024,bigakekwa ko iyo inkongi y’umuriro yatewe n’amashanyarazi aho urusinga rwo ku ipoto rwajyanaga

Inkongi y’umuriro w’amashanyarazi yatwitse imashini zisya Read More »

Abanyamulenge bashinze ibuye ry’urwibutso rw’abiciwe mu Gatumba

Abanyamulenge batuye mu Bwongereza, i Burayi no ku mugabane w’Amerika bibutse ababo biciwe mu Nkambi ya Gatumba mu Burundi. Iki gitero cyagabwe n’imitwe yijwaje intwaro irimo FNL-PARIPEHUTU mu ijoro rya tariki ya 13 Kanama 2004, cyicirwamo Abanyamulenge bagera ku 166. Tariki ya 18 Kanama 2024, Abanyamulenge batuye i Burayi na Amerika bibukaga ubwo bwicanyi. Bashinze

Abanyamulenge bashinze ibuye ry’urwibutso rw’abiciwe mu Gatumba Read More »

Insengero 55 zigiye gusenywa

Mu Ntara y’Amajyaruguru haravugwa insengero 55 zigiye gusenywa kubera kutuzuza ibisabwa, nk’uko bigaragara ku rutonde rwamaze gusohoka rukomeje kugaragara ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Mu Karere ka Rulindo, niho hagaragara umubare minini w’insengero zizasenywa aho ari 39, mu Karere ka Musanze hakazasenywa insegero eshanu, insengero umunani mu Karere ka Burera n’insengero eshatu mu Karere ka Gicumbi.

Insengero 55 zigiye gusenywa Read More »

Uwakoreraga Minijust ari mu maboko ya RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko Ruranga Jean w’imyaka 53 wahoze ari umunyamategeko wa Minisiteri y’Ubutabera, wari ushinzwe kuburanira Leta imanza yarezwemo yatawe muri yombi akaba afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Ruranga wari usigaye ari umuhesha w’inkiko w’umwuga nyuma yo gusezera akazi muri minisiteri, yatawe muri yombi ku itariki

Uwakoreraga Minijust ari mu maboko ya RIB Read More »

Monica Geingos yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Kepler College

Kepler College yatangaje ko Monica Geingos, umugore wa nyakwigendera Hage Geingob wabaye Perezida wa Namibia, yagizwe Umuyobozi Mukuru w’iyi kaminuza ikorera mu Rwanda. Mu itangazo iyi kaminuza yashyize hanze, yavuze ko Monica Geingos yatangiye izi nshingano nshya ku wa 29 Nyakanga 2024. Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetse ya Kepler College, Dr. Charles Murigande, yavuze ko kugira Monica

Monica Geingos yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Kepler College Read More »