wex24news

AMAKURU

Gen Muhoozi yashimiye Perezida Kagame

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, General Muhoozi Kainerugaba wari witabiriye ibirori by’irahira rya Perezida Paul Kagame, yamushimiye ndetse na mugenzi we wa RDF, General Mubarakh Muganga, uburyo yakiriwe mu Rwanda. General Muhoozi Kainerugaba, ni umwe mu banyacyubahiro bitabiriye ibirori by’irahira rya Perezida Paul Kagame byabaye ku Cyumweru tariki 11 Kanama 2024. Mu butumwa yanyujije ku […]

Gen Muhoozi yashimiye Perezida Kagame Read More »

Imirimo yo kubaka uruganda rutunganya urumogi igeze kuri 70%

Imirimo yo kubaka uruganda ruzajya ruhinga rukanatunganya umusaruro w’ubuhinzi bw’urumogi ruri kubakwa mu Karere ka Musanze igeze kuri 70%, bigateganywa ko izarangira muri Nzeri 2024. Muri Kamena 2021 ni bwo hasohotse Iteka rya Minisitiri ryerekeye urumogi n’ibirukomokaho. Rigena ibigo n’ahandi hantu hakorerwa ibikorwa bijyanye no guhinga, gutunganya, gukwirakwiza no gukoresha urumogi n’ibirukomokaho; itangwa ry’uburenganzira bwo

Imirimo yo kubaka uruganda rutunganya urumogi igeze kuri 70% Read More »

U Rwanda rwahaye Misiri ikibanza cya hegitari 10  

Leta ya Misiri yishimiye ikibanza cya Hegitari 10 u Rwanda rwayihaye hafi y’umupaka warwo na Tanzania, kugira ngo hubakwe icyanya cyahariwe serivisi zo gukwirakwiza imizigo n’ibicuruzwa mu Karere. Ni gahunda ikubiye mu masezerano yagutse y’ubwikorezi yashyizweho umukono ku wa Mbere tariki ya 12 Kanama, yitezweho kurushaho guteza imbere ubucuruzi no guhuza u Rwanda na Misiri. 

U Rwanda rwahaye Misiri ikibanza cya hegitari 10   Read More »

Abapolisi 50 basoje amahugurwa yo kurinda abanyacyubahiro

Ku wa Kabiri tariki ya 13 Kanama, abapolisi 50 basoje amahugurwa ajyanye no kurinda abanyacyubahiro yari amaze ukwezi n’igice atangirwa mu kigo cya Polisi cy’amahugurwa yo kurwanya iterabwoba (CTTC) i Mayange mu Karere ka Bugesera. Ni amahugurwa yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu cya Qatar (Lekhwiya), umuhango wo

Abapolisi 50 basoje amahugurwa yo kurinda abanyacyubahiro Read More »

 Igiti cyatumye bayobya umuhanda wa kaburimbo

Mu Murenge wa Kagogo Akarere ka Burera hari igiti cy’inganzamarumbo cyiswe ’Igiti cy’ishaba’ cyangwa ’Igiti cy’umugisha’, aho ngo kizwiho gufasha abakobwa bagumiwe kubona abagabo mu gihe bagihobereye. Ni igiti kirekire kiri mu ishyamba rya Kagogo mu Kagari ka Kabaya mu Mudugudu wa Rwamutare, ku muhanda uri kubakwa wa Musanze-Butaro werekeza ku bitaro bya Butaro no

 Igiti cyatumye bayobya umuhanda wa kaburimbo Read More »

Dr Uzziel Ndagijimana yagizwe umuyobozi mushya wa BK Group Plc

BK Group Plc yatangaje ko nyuma y’uko Beata Habyarimana wari Umuyobozi Nshingwabikorwa asezeye, yabonye umuyobozi mushya ari we Dr Uzziel Ndagijimana kuva tariki 14 Kanama 2024. Dr Uzziel Ndagijimana yemejwe nk’Umuyobozi Nshingwabikorwa wa BK Group Plc nyuma y’inama y’abayobozi bakuru ba BK Group Plc yateranye tariki 13 Kanama 2024. Umukuru w’Inama y’Ubuyobozi ya BK Group,

Dr Uzziel Ndagijimana yagizwe umuyobozi mushya wa BK Group Plc Read More »

SEDO afunzwe akekwaho kurya amafaranga ya Mutuelle

Sindayigaya Janvier, usanzwe ari Sedo w’akagari ka Bunyunju, mu murenge wa Kivumu ho mu karere ka Rutsiro yatawe muri yombi akekwaho kurya amafaranga ibihumbi 64 Frw yahawe n’abaturage ngo abishyurire Ubwisungane mu kwivuza(Mutuelle). Yafashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa 13 Kanama 2024, Kayitesi Dative,Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro,yahamirije BWIZA ko uyu muyobozi yafashwe akirimo gukorwaho

SEDO afunzwe akekwaho kurya amafaranga ya Mutuelle Read More »

U Rwanda rurashaka gukuba 3 umusaruro w’ikawa rweza

Leta y’u Rwanda ifite gahunda yo gukuba gatatu umusaruro w’ikawa yeza, binyuze muri gahunda yo gusazura ibiti zeraho no gusimbuza ingemwe nshya ibishaje birengeje imyaka 30. Mu mwaka ushize wa 2023, u Rwanda rwejeje ikawa ingana na Toni 20.064, zinjiza Amadolari y’Amerika miliyoni 116 ni ukuvuga miliyari zisaga 152 z’amafanga y’u Rwanda.  Ikigo cy’Igihugu gishinzwe

U Rwanda rurashaka gukuba 3 umusaruro w’ikawa rweza Read More »

Dr. Ngirente Edouard yongeye kugirwa Minisitiri w’Intebe 

Kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yongeye kugira Dr Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe muri iyi manda nshya y’imyaka itanu iri imbere.  Ni mu gihe iso nshingano Dr Ngirente Edouard, yari asanzwe azikora guhera tariki 30 Kanama 2017, akaba ari we wabaye Minisitiri w’Intebe wa gatandatu w’u Rwanda.  Mu nyaka irindwi

Dr. Ngirente Edouard yongeye kugirwa Minisitiri w’Intebe  Read More »

Perezida Kagame yahawe igihembo ‘Manhae Peace Prize’ 

Perezida Paul Kagame yahawe igihembo cyizwi nka ‘Manhae Peace Prize’ kubera Uruhare yagize mu bijyanye no kwimakaza Amahoro n’ituze mu Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibi bihembo byitiriwe Han Yong-un wari uzwi nka Mahae waharaniye ubwigenge bwa Koreya y’Epfo ubuzima bwe bwose. Uyu mugabo yari umwe mu bakomeye mu bijyanye n’imyemerere y’aba- Buddhist akaba

Perezida Kagame yahawe igihembo ‘Manhae Peace Prize’  Read More »