wex24news

AMAKURU

Imyaka 20 irashize Abanyamulenge biciwe i Gatumba

Imiryango y’Abanyamulenge irasabira ubutabera bene wabo biciwe mu gitero cyagabwe ku nkambi ya Gatumba mu Burundi, hafi y’umupaka wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iki gitero cyagabwe n’imitwe yijwaje intwaro irimo FNL-PARIPEHUTU mu ijoro rya tariki ya 13 Kanama 2004, cyicirwamo Abanyamulenge bagera ku 166. Umuryango GRSF (Gatumba Refugees Survivors Foundation) uhuza abarokotse iki gitero […]

Imyaka 20 irashize Abanyamulenge biciwe i Gatumba Read More »

Abagana ikigo nderabuzima cya Nyakigezi bavuga ko bahabwa serivisi mbi

Ikigo nderabuzima cya Nyakigezi kuri ubu abakigana bavuga ko bahabwa serivisi mbi ngo bahagere, mu gitondo saa moya bakahava saa cyenda, abafite iki kibazo cyane ni ababyeyi bari muri gahunda ya Shisha Kibondo, bagasaba inzego bireba ko bajya bahabwa serivisi ku gihe. Iki kigo nderabuzima giherereye mu Murenge wa Nyakigezi, Akarere ka Nyabihu; ababyeyi bavuga

Abagana ikigo nderabuzima cya Nyakigezi bavuga ko bahabwa serivisi mbi Read More »

Hamaze gutangwa asaga miliyoni 30 mu bukangurambaga bwa ‘Dusangire Lunch’

Nyuma y’aho Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) itangirije ubukangurambaga yise ‘Dusangire Lunch’ mu kwezi kwa Kamena 2024, yatangaje ko mu gihe gito gishize hamaze gutangwa umusanzu ungana na 30,163,550 FRW muri 222,413,550 FRW abantu bamaze kwemera kuzatanga muri ubu bukangurambaga. Minisiteri y’Uburezi ibinyujije ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter, yashimiye abagize uruhare mu gutanga umusanzu mu

Hamaze gutangwa asaga miliyoni 30 mu bukangurambaga bwa ‘Dusangire Lunch’ Read More »

Umuturage akurikiranyweho kuniga Gitifu

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatumba, , mu Karere ka Ngororero, Nshimiyimana Dieu Donne, yanizwe n’umuturage washakaga kumwiba telefoni, ajyanwa n’abaturage kwa muganga. Amakuru atangwa n’abaturage ni uko uyu muyobozi ngo yaje kunigwa ndetse avunika akaguru , ajyanwa kwa muganga ameze nabi . Abaturage bavuga ko ukekwa witwa Obedi  asanzwe ari igihaze ndetse ko atari ubwa

Umuturage akurikiranyweho kuniga Gitifu Read More »

I Kigali harimo kubakwa ibitaro by’indwara z’umutima

Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Kanama 2024 Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Misiri Dr Badr Abdelaaty ari kumwe na Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda Dr Sabin Nsanzimana, basuye ahari ikigo kizajya gitanga ubuvuzi bw’indwara z’umutima cyatangiye kubakwa mu cyanya cy’ubuvuzi mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Ni ibitaro byihariye bizajya bitanga

I Kigali harimo kubakwa ibitaro by’indwara z’umutima Read More »

U Rwanda na Uganda biyemeje guteza imbere ubufatanye mu byagisirikare

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen Muhoozi Kainerugaba, hamwe n’itsinda yari ayoboye basuye icyicaro cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF), ku wa Mbere tariki ya 12 Kanama 2024. Urwo ruzinduko rwari rugamije kuganira ku ngamba zo kurushaho guteza imbere ubufatanye bw’ibihugu byombi mu bya gisirikare.  Minisiteri y’Ingabo za Uganda yatangaje ko Gen Kainerugaba n’itsinda yari ayoboye

U Rwanda na Uganda biyemeje guteza imbere ubufatanye mu byagisirikare Read More »

Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Misiri

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa 12 Kanama 2024 yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Misiri, Badr Abdelaaty. Minisitiri Abdelaaty yahagarariye Perezida wa Misiri, Abdel Fattah Al-Sisi, mu birori byo kurahirira ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu bya Perezida Kagame byabereye muri Stade Amahoro kuri uyu wa 11 Kanama 2024. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village

Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Misiri Read More »

Umusore wakekwagaho ubujura yasanzwe yapfuye 

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 30 y’amavuko wari usanzwe ukekwaho  gukora ibikorwa by’ubujura n’ubwambuzi yasanzwe ku muhanda yapfuye bikekwa ko yishwe.  Umurambo wa nyakwigendera  wabonywe n’umuturage wagendaga mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 12  Kanama 2024, mu Mudugudu wa Rubumba Akagari ka Nyange Umurenge wa Bugarama akarere ka Rusizi. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge

Umusore wakekwagaho ubujura yasanzwe yapfuye  Read More »

Mudugudu yasanzwe mu  mugezi yapfuye  bikekwa ko yishwe

Kamashabi Eraste w’imyaka 67 wari Umukuru w’Umudugudu wa Mburabuturo, Akagari ka Gitwe, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe munsi y’ikiraro cya Ryamunyu mu mugezi wa Ryamunyu yapfuye, bikekwa ko yishwe. Nyuma yo kumenyekana kw’iyi nkuru y’inshamugongo, umuntu umwe yatawe muri yombi mu gihe hakomeje iperereza kuri urwo rupfu rw’amayobera.  Umuhungu wa nyakwigendera,  Ntawuzumunsi Emmanuel

Mudugudu yasanzwe mu  mugezi yapfuye  bikekwa ko yishwe Read More »