Abantu batawe muri yombi bakurikiranyweho gukubita umuntu bikamuviramo gupfa
Abaturage Umunani bashyikirijwe Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), bakurikiranyweho gukubita umuntu wibye ibitoki bibiri akabura ubwishyu bwo gusubiza nyirabyo kandi yari yemeye kubutanga. Umugabo witwa Nshimamahoro Emmanuel w’imyaka 38 bivugwa ko yakubiswe n’abaturage yari yibye ibitoki bibiri akabura ubwishyu bwo kubasubiza kandi yari yemeye kubyishyura. Nyuma yo gukubitwa yaje kurembywa n’inkoni ndetse bimuviramo gupfa. Bivugwa ko […]
Abantu batawe muri yombi bakurikiranyweho gukubita umuntu bikamuviramo gupfa Read More »