wex24news

AMAKURU

Abantu batawe muri yombi bakurikiranyweho gukubita umuntu bikamuviramo gupfa

Abaturage Umunani bashyikirijwe Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), bakurikiranyweho gukubita umuntu wibye ibitoki bibiri akabura ubwishyu bwo gusubiza nyirabyo kandi yari yemeye kubutanga. Umugabo witwa Nshimamahoro Emmanuel w’imyaka 38 bivugwa ko yakubiswe n’abaturage yari yibye ibitoki bibiri akabura ubwishyu bwo kubasubiza kandi yari yemeye kubyishyura. Nyuma yo gukubitwa yaje kurembywa n’inkoni ndetse bimuviramo gupfa. Bivugwa ko […]

Abantu batawe muri yombi bakurikiranyweho gukubita umuntu bikamuviramo gupfa Read More »

Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda nshya y’imyaka 5

Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere mu birori bidasanzwe. Ni umuhango witabiriwe n’Abanyarwanda ibihumbi 45 bari bateraniye muri Stade Amahoro. Witabiriwe n’abakuru b’ibihugu 22, ba Visi Perezida bane, ba Minisitiri w’Intebe babiri, abayobozi b’Inteko zishinga Amategeko babiri, batanu bayobora imiryango mpuzamahanga, batatu bahoze ari abakuru b’ibihugu n’abandi banyacyubahiro batandukanye

Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda nshya y’imyaka 5 Read More »

Perezida Kagame yibukije Leta ya RDC ko idafite uburenganzira bwo kwambura Abanye-Congo ubwenegihugu

tugakora neza kugira ngo tugere ku mahoro arambye. Ntabwo bikwiye kubonwa nk’impuhwe kuba buri wese yakora ibikenewe kugira ngo buri wese abone amahoro, abone uburenganzira bwe. Ni inshingano.” Umukuru w’Igihugu yavuze ko iyo buri wese adatanze umusanzu kugira ngo amahoro aboneke, abagirwaho ingaruka no kubura kwayo bahaguruka, bakirwanirira nk’uko Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi babigenje,

Perezida Kagame yibukije Leta ya RDC ko idafite uburenganzira bwo kwambura Abanye-Congo ubwenegihugu Read More »

Umugaba Mukuru wungirije w’igisirikare cy’Ubushinwa ari mu Rwanda

Umugaba Mukuru Wungirije w’Ingabo z’u Bushinwa, Lt Gen Huang Xucong n’itsinda ayoboye bari mu ruzinduko mu Rwanda, baganiriye n’Ubuyobozi bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda, ku gukomeza guteza imbere umubano mu bya gisirikare ku mpande zombi. Iri tsinda ry’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Bushinwa riyobowe na Lt Gen Huang Xucong, riri mu ruzinduko mu Rwanda rw’iminsi ine, kuri uyu

Umugaba Mukuru wungirije w’igisirikare cy’Ubushinwa ari mu Rwanda Read More »

RMB yasobanuye impamvu yahagaritse ubucukuzi bw’amabuye ya Berylium

Ikigo Ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda (RMB) cyatangaje ko cyabaye gihagaritse ibikorwa byo kohereza hanze amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa ‘beryllium’ kubera ibibazo byagaragaye mu bucukuzi bwayo, birimo amakimbirane n’imvururu bibushingiyeho. Ubu bwoko bw’amabuye y’agaciro bwa beryllium, ni bumwe mu bwihagazeho ku isoko, cyane ko bukoreshwa mu nzego zikomeye zirimo ibijyanye

RMB yasobanuye impamvu yahagaritse ubucukuzi bw’amabuye ya Berylium Read More »

Abantu 2 bishwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro

Abantu babiri bo mu Murenge wa Busengo mu Karere ka Gakenke, bishwe na gazi yo mu Kirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro. Ni impanuka yabaye ku isaha ya saa mbiri za nimugoroba w’ejo ku wa Kane tariki ya 9 Kanama 2024. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Madamu Mukandayisenga Vestine yemeje amakuru, atangariza RBA ko aba bantu babiri bishwe

Abantu 2 bishwe n’ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro Read More »

ADEPR yashyizeho ibiciro by’abifuza serivisi mu nsengero

Ubuyobozi bw’Itorero rya ADEPR mu Rwanda bwandikiye  abapasitori bayoboye (ururembo)  kubwira abakirisitu bari muri za paruwasi zigize  urwo rurembo  ko hashyizweho ibiciro bitandukanye  bya serivisi zitangirwa mu rusengero. Mu ibaruwa yo ku wa 5 Kanama 2024, Umushumba Mukuru wa ADEPR, Pasiteri Ndayizeye Isaïe, avuga ko iki cyemezo cyafatiwe mu nama Nkuru y’Abashumba,yabaye ku wa 14 Gashyantare

ADEPR yashyizeho ibiciro by’abifuza serivisi mu nsengero Read More »

Umunyarwanda uhagarariye Loni muri Centrafrique yakiriye  Maj Gen Nyakarundi

Ambasaderi Valentine Rugwabiza, Intumwa Yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrique, akaba anayobora ubutumwa bw’Amahoro bw’uyu Muryango muri iki Gihugu (MINUSCA), yashimiye Ingabo z’u Rwanda ku musanzu zikomeje gutanga muri iki Gihugu. Ambasaderi Valentine Rugwabiza yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki Indwi Kanama 2024 ubwo yakiraga Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj

Umunyarwanda uhagarariye Loni muri Centrafrique yakiriye  Maj Gen Nyakarundi Read More »

Igikoni cyo muri 2000 Hotel cyafashwe n’inkongi

Igikoni cy’imwe muri Restaurent ikorera mu nyubako ya 2000 Hotel cyafashwe n’inkongi y’umuriro, yaturutse ku mavuta yo gutekesha. Iyo mpanuka yabaye mu masaha ya mu gitondo ahagana saa moya n’iminota mike kuri uyu wa Kane tariki 8 Kanama, ariko abakozi bo mu gikoni n’abandi bo muri iyo nyubako bafatanyije kuzimya uwo muriro utarangiza byinshi. Umwe

Igikoni cyo muri 2000 Hotel cyafashwe n’inkongi Read More »

Abanyarwanda basabwe kudakurwa umutima n’icyorezo cya Mpox

Inzego zishinzwe ubuzima zasabye abanyarwanda kudakuka umutima, kuko u Rwanda rwashyizeho uburyo n’ingamba byo gukumira icyorezo cy’Ubushita bw’inkende (Mpox). Hamaze iminsi humvikana abantu batahuweho indwara y’Ubushita bw’inkende ikomeje gukwirakira mu Karere u Rwanda ruherereyemo by’umwihariko muri RD Congo. Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima, RBC, kivuga ko u Rwanda rwafashe ingamba zihamye kugira ngo icyo cyorezo kitagira

Abanyarwanda basabwe kudakurwa umutima n’icyorezo cya Mpox Read More »