wex24news

AMAKURU

abaturage baratunga agatoki Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari kubaka ruswa

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Rujambara mu Murenge wa Rurenge mu Karere ka Ngoma, batunga agatoki Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’aka Kagari kubaka ruswa ntanatinye kuyaka n’abahohotewe, ubuyobozi bw’Akarere bwo buvuga ko bugiye kubigenzura. Ni nyuma y’uko umuturage witwa Uwambajimana Marine wo muri aka Kagari ka Rujambara, avuze ko yahohotewe ubwo yajyaga mu kabari, nyirako […]

abaturage baratunga agatoki Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari kubaka ruswa Read More »

ntibumva impamvu ubwiherero rusange bubakiwe bufungurwa gusa iyo habaye ibirori bya Leta

U Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Gisagara, bavuga ko batumva impamvu ubwiherero rusange bubakiwe bufungurwa gusa iyo habaye ibirori bya Leta iyo abayobozi bari buhanyure, nyamara icyo bukoreshwa cyo gihoraho. Aba baturage bavuga ko ubu bwiherero bwakabaye bukoreshwa n’abagana aka Karere ka Gisagara ndetse n’abahinga mu gishanga cya Duwane, ariko ngo siko bigenda kuko 

ntibumva impamvu ubwiherero rusange bubakiwe bufungurwa gusa iyo habaye ibirori bya Leta Read More »

RIB yafunze Pasiteri warenze ku mabwiriza yo gufunga Insengero

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rucumbikiye Pasiteri Nsengiyumva Francois, Umuyobozi w’Itorero ADEPR Ngarama mu Karere ka Gatsibo, yafashwe arimo gusenga n’abakirisitu kandi yari yarafungiwe kubera ko urusengero rutujuje ibisabwa. Ku Cyumweru nibwo Nsengiyumva n’Abakirisitu be bagiye mu rusengero bahimbaza Imana nta nkomyi birengagije amabwiriza yo kurufunga. Ni nyuma y’uko mu gihugu hose hamaze iminsi hari inkundura

RIB yafunze Pasiteri warenze ku mabwiriza yo gufunga Insengero Read More »

Guverinoma yagabanyije imisoro ku bicuruzwa bimwe na bimwe biva mu mahanga

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impinduka mu misoro mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/25, igabanya amahoro ku bicuruzwa bitumizwa mu mahanga birimo umuceri, isukari n’ibindi bicuruzwa byinjira mu gihugu, ariko izamura amahoro ku myenda n’inkweto bya caguwa. Mu ngengo y’imari ya miliyari 5,690.1 Frw yagenewe umwaka wa 2024/2025, amafaranga aturuka imbere mu gihugu hamwe n’inguzanyo byihariye

Guverinoma yagabanyije imisoro ku bicuruzwa bimwe na bimwe biva mu mahanga Read More »

Gen. Nyamvumba yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Tanzania

Ambasaderi Gen. Patrick Nyamvumba, yashyikirije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubufatanye bw’Afurika y’Iburasirazuba muri Tanzania, Amb. Mahmoud Thabit Kombo, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu. Ni igikorwa yakoze kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Kanama 2023. Muri Gashyantare 2024, ni bwo Inama y’Abaminisitiri yari yasabiye General Patrick Nyamvumba guhagararira u Rwanda muri Tanzania, asimbura

Gen. Nyamvumba yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Tanzania Read More »

Abasirikare 634 batojwe n’Ingabo z’u Rwanda basoje imyitozo

Abasirikare 634 mu Ngabo za Repubulika ya Santarafurika (FACA), kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Kanama 2024, basoje imyitozo ya gisirikare batojwemo n’Ingabo z’u Rwanda nk’umusaruro w’ubufatanye bw’ibihugu byombi. Ni icyiciro cya kabiri cy’abasoje amahugurwa agezweho ya gisirikare abafasha kurushaho kuzuza inshingano zabo, aho mu kwezi k’Ugushyingo 2023 hasoje abandi basirikare 512. Ubwo basozaga

Abasirikare 634 batojwe n’Ingabo z’u Rwanda basoje imyitozo Read More »

Abarwayi 2 muri 13 bapimwe basanganywe indwara y’ubushita bw’inkende

Mu Karere ka Bugesera  hamaze kugaragara abarwayi babiri b’indwara y’ubushita bw’inkende muri 13 bakekwaho iyi ndwara, bari kuvurirwa ku Bitaro bya Nyamata na Ntarama. Nkuko byemejwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Nyamata, Dr Jean Marie Vianney Sebajuri kuri uyu wa Mbere tariki ya 05 Kanama 2024,  abarwaye indwara y’ubushita bw’inkende ni babiri barimo uri mu Bitaro bya

Abarwayi 2 muri 13 bapimwe basanganywe indwara y’ubushita bw’inkende Read More »

moto nshya 500 za Spiro zagejejwe mu rwanda

Uruganda rukora moto zikoresha umuriro w’amashanyarazi rwa Spiro Rwanda, rukomeje kwishimira umusanzu ruri gutanga mu kugabanya imyuka yangiza ikirere, by’umwihariko mu Rwanda. Mu cyumweru gishize uru ruganda rwari rahurije hamwe abamotari 150 mu rwego rwo kwishimira iyi ntambwe, aho bose bakoze ikimeze nk’akarasisi mu mihanda y’i Kigali, hagamijwe kumurika moto nshya z’amashanyarazi no kugaragaza ibyiza

moto nshya 500 za Spiro zagejejwe mu rwanda Read More »

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yamaganye imvugo yitiriwe Perezida Paul Kagame

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yamaganye imvugo yitiriwe Perezida Paul Kagame ivuga ko yavuze ko igihe cyose u Burayi na America bagenzura ifaranga ry’Umugabane wa Afurika, bazanakomeza kugenzura ubukungu bwawo, bityo ko ukwiye guhagarika ikoreshwa ry’Amadolari n’Ama-Euro. Ni nyuma y’uko konti yo ku rubuga nkoranyambaga wa X yitwa Zoom Afrika itangaje ubutumwa ivuga

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yamaganye imvugo yitiriwe Perezida Paul Kagame Read More »

Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako mu cyanya cy’inganda i Masoro

Mu cyanya cy’inganda cya Kigali giherereye i Masoro ’Kigali Special Economic Zone’ hafashwe n’inkongi mu masaha ya saa kumi nimwe za mu gitondo kuri uyu wa Mbere tariki 05 Kanama 2024. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yatangaje ko ayo makuru ari yo inkongi yibasiye imwe mu nyubako yakorerwagamo imyenda. Ati: “Inkongi yahereye

Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako mu cyanya cy’inganda i Masoro Read More »