Aho u Rwanda ruhagaze mu gushyira mu bikorwa imyanzuro y’uburenganzira bwa muntu
Hashize imyaka Itatu isaga u Rwanda ruhawe raporo y’imyanzuro y’akanama ka Loni gashinzwe gutanga imyanzuro ku bijyanye n’uburenganzira bwa muntu bizwi nka ‘UPR’. Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu mu yavuze ko imyanzuro yo kubahiriza uburenganzira bwa kiremwamuntu igeze ahantu heza ishyirwa mu bikorwa. Aka kanama ka Loni kasabye u Rwanda gushyira imbaraga mu gukomeza kurwanya ubukene, gushyira […]
Aho u Rwanda ruhagaze mu gushyira mu bikorwa imyanzuro y’uburenganzira bwa muntu Read More »