wex24news

AMAKURU

Abitabira Expo2024 barijujutira ibiciro byo kwinjira

Abanyarwanda bitabiriye imurikagurisha kunshuro ya 27 baravuga ko batanyuzwe na zimwe mu mpinduka zakozwe n’urugaga rw’abikorera rusanzwe rutegura iri murikagurisha. Ibi babitangaje ubwo hafungurwaga kumugaragaro imurikagurisha riri kubera I Kigali ahazwi nko kuri Expo ground i Gikondo mu karere ka kicukiro, tariki 25 nyakanga 2024. Impinduka zirimo kuzamura amafaranga umutu atanga yinjira ndetse abandi bakanenga […]

Abitabira Expo2024 barijujutira ibiciro byo kwinjira Read More »

indwara ya Hepatite mu Rwanda yarabanutse cyane mu myaka 7 ishize

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) bwahamije ko u Rwanda rwashyize imbaraga zikomeye mu guhashya indwara ya Hepatite B na C binyuze mu gusuzuma no guha ubuvuzi burambye abasanganywe ubwo burwayi.  Mu butumwa bwatanzwe hizihizwa Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya Hepatite, RBC yagaragaje ko abasaga miliyoni 5 basuzumwe virusi ya Hepatite B mu myaka 10 ishize, mu

indwara ya Hepatite mu Rwanda yarabanutse cyane mu myaka 7 ishize Read More »

Umwana yahanutse ku modoka bimuviramo urupfu

Mu karere ka Nyanza hari umwana wuriye imodoka igenda nyuma aza guhanuka agwa hasi bimuviramo urupfu, amakuru avuga ko umushoferi w’iyo modoka ari gukurikiranwa. Byabereye mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza aho imodoka yo mu bwoko bwa Fusso yariho igenda, umwana uri mu kigero cy’imyaka 15 ayigenda inyuma niko kuyurira (Kuyipanda) umushoferi yongera

Umwana yahanutse ku modoka bimuviramo urupfu Read More »

Mu Rwanda hagaragaye indwara y’ubushita bw’inkende

Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Monkeypox) imaze iminsi ivugwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya Indwara z’Ibyorezo muri RBC, Dr. Edson Rwagasore, yabwiye RBA ko nubwo atari indwara ifite ubukana bukabije ariko abantu bagomba kuyirinda bakaraba intoki kenshi no kutajya ahari abayanduye cyangwa kubonana na bo.

Mu Rwanda hagaragaye indwara y’ubushita bw’inkende Read More »

Umugabo yatwitse urugo rwe kubera ubusinzi

Havugimana Silas w’imyaka 55 utuye mu Mudugudu wa Biti, Akagari ka Remera, Umurenge wa Nyamabuye, arakekwaho gutwika urugo rwe, biturutse ku businzi n’itabi yari arimo kunywa. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamabuye Nshimiyimana Jean Claude, avuga ko uyu Havugimana  yarutwitse mu ma saa kumi za mu gitondo. Ati: “Amakuru dufite ni uko Havugimana yatwitse urugo rwe mu

Umugabo yatwitse urugo rwe kubera ubusinzi Read More »

u rwanda rwungutse aba dasso bagera kuri 349

Mu Ishuri rya Polisi ry’Amahugurwa (PTS) riherereye i Gishari mu Karere ka Rwamagana, hasojwe amahugurwa y’abakozi b’Urwego rwunganira Uturere mu gucunga umutekano (DASSO) baherewemo amasomo azabafasha kuzuza inshingano arimo ubumenyi ku mbunda n’izindi ntwaro ndetse n’imyitozo yabafasha kwirwanaho. Igikorwa cyo gusoza aya mahugurwa, cyabaye kuri uyu wa Kane tariki 25 Nyakanga 2024 ku cyicaro cy’iri

u rwanda rwungutse aba dasso bagera kuri 349 Read More »

umuyobozi mu karere ka nyamasheke yirukanywe

Uwayoboraga Ishami ry’Iterambere n’Imibereho y’Abaturage mu buyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke, yirukanywe nyuma yo kuvugwaho kurangwa n’imyitwarire itaboneye, aho avugwaho guhoza ku nkeke umugore bakoranaga ndetse no kugonganisha bagenzi be bakoranaga. Ndanga Janvier wari Umuyobozi w’ishami ry’Iterambere ry’Imibereho Myiza y’Abaturage mu Karere ka Nyamasheke, yandikiwe ibaruwa imwirukana kuri uyu wa Kane tariki 25 Nyakanga 2024. Iyi

umuyobozi mu karere ka nyamasheke yirukanywe Read More »

Abantu bagera kuri barindwi bakurikiranyweho kwiba Miliyoni 100 Frw

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), kuri uyu wa Kane tariki 25 Nyakanga 2024 rweretse itangazamakuru abantu barindwi barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga bakurikiranyweho kwiba muri Banki Miliyoni ijana z’Amafaranga y’u Rwanda, baciye mu ishami ryayo rikorera hanze y’Igihugu. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yatangaje ko aba batawe muri yombi biturutse ku makuru yari yamenyekanye bwa mbere bafata

Abantu bagera kuri barindwi bakurikiranyweho kwiba Miliyoni 100 Frw Read More »

Dr. Mujawamariya ari gukorwaho iperereza ku byaha bakekwaho

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwasobanuye ko Hon. Mujawamariya Jeanne d’Arc n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibidukikije, Karera Patrick, bari gukorwaho iperereza ku byaha bakekwaho bakoreye muri iyi Minisiteri. Ibi umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 25 Nyakanga 2024, ubwo yerekaga itangazamakuru abantu barindwi bafatiwe mu bikorwa by’ubujura, abanyamakuru baboneraho no

Dr. Mujawamariya ari gukorwaho iperereza ku byaha bakekwaho Read More »