wex24news

AMAKURU

uruganda rutunganya amata y’ifu rwafunguwe mu rwanda

I Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba, kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Nyakanga 2024 hafunguwe uruganda rufite ubushobozi bwo gutunganya litiro 650,000 zigakorwamo amata y’ifu. Rwubatswe mu cyanya cyahariwe inganda cya Nyagatare giherereye mu Mudugudu wa Nkonji, Akagari ka Rutaraka, Umurenge wa Nyagatare. Amata ruzakora ari mu bwoko bubiri, gukura amata y’ifu mu mata nta kindi

uruganda rutunganya amata y’ifu rwafunguwe mu rwanda Read More »

 Gare ya Nyabugogo izatangira kwagurwa  mu 2025

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko imirimo yo kwagura Gare ya Nyabugogo ikajyanishwa n’igihe, izatangira hagati mu mwaka wa 2025. Ubutumwa Umujyi wa Kigali wanyujije kuri X buragira buti “Imyiteguro yo gutangira igikorwa cyo kwagura Gare ya Nyabugogo, hakubakwa ijyanye n’icyerekezo cy’Umujyi wa Kigali igeze kure. Ubuyobozi bw’Umujyi bwagiranye ibiganiro n’abakorera ubucuruzi muri iyi Gare,

 Gare ya Nyabugogo izatangira kwagurwa  mu 2025 Read More »

abakekwa gusiga amazirantoki urugo rwa Mudugudu batawe muri yombi

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, mu Karere ka Ruhango, rwafunze abagabo babiri bakekwa  gukoresha ibikangisho, basiga amazirantoki urugo rwa Mudugudu. Abatawe muri yombi ni  Nzabandora Vianney na Ntihabose Emmanuel bo mu Mudugudu wa Rusebeya,Akagari ka Buyogombe, Umurenge wa Ruhango , mu Karere ka Ruhango. Uyu muyobozi ashinja aba batawe muri yombi kuko yaherukaga kubatangaho amakuru yuko  ari

abakekwa gusiga amazirantoki urugo rwa Mudugudu batawe muri yombi Read More »

Hatangajwe urutonde rw’Abadepite bagiye kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko

Hatangajwe urutonde rw’Abadepite 80 bagiye kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, aho umubare w’abagore wazamutse ukagera kuri 63 % uvuye kuri 61%. Ni urutonde dukesha Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) rwashyizwe hanze na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Nyakanga 2024, aho umuryango wa FPR-Inkotanyi n’imitwe ya Politiki itanu yifatanyije na wo, ifiteho

Hatangajwe urutonde rw’Abadepite bagiye kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko Read More »

Batatu bakekwaho gutwika ibiraro by’abaturage batawe muri yombi

Abantu batatu bo mu karere ka Karongi batawe muri yombi bakekwaho gutwika ibiraro by’abaturage babiri, kimwe cy’inka n’icy’ingurube yanahise ipfiramo. Byabereye mu Mudugudu wa Karongi, Akagari ka Nyarusazi, Umurenge wa Bwishyura mu karere ka Karongi ku wa 22 Nyakanga 2024. Mu ijoro ryo ku wa 21 rishyira ku wa 22 Nyakanga 2024 ni bwo abaturage

Batatu bakekwaho gutwika ibiraro by’abaturage batawe muri yombi Read More »

AUC yashimiye Perezida Kagame watsinze amatora

Komisiyo y’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe (AUC) yoherereje Perezida Kagame ubutumwa bw’ishimwe bwo kumushimira ko yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda muri manda y’Imyaka itanu. Ni ubutumwa bwanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga za AUC kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Nyakanga 2024, yashimiye Perezida Kagame inamwizeza ubufatanye mu kwimakaza amahoro n’iterambere ry’Umugabane w’Afurika. Perezida wa AUC, Moussa

AUC yashimiye Perezida Kagame watsinze amatora Read More »

Perezida Kagame yasabye RSSB gukemura ibibazo biri mu bitaro bya Faysal

Perezida Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa RSSB gufatanya vuba n’ibitaro bya Faysal bugakemura ibibazo by’amikoro bihari.Hari mu ijambo yagejeje ku bari baje kwitabira umuhango wo gushyira ibuye ry’ifatizo ahagiye kwagurirwa ibi bitaro. Perezida Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa RSSB gufatanya vuba n’ibitaro bya Faysal bugakemura ibibazo by’amikoro bihari. Hari mu ijambo yagejeje ku bari baje

Perezida Kagame yasabye RSSB gukemura ibibazo biri mu bitaro bya Faysal Read More »

Umugabo akurikiranyweho kwica umugore we

Ntahomvukiye Innocent wo mu Karere ka Ruhango, arakekwaho kwica atemye umugore we Uwingeneye Mukandanga. Amakuru y’urupfu rwa Nyakwigendera Uwingeneye Mukandanga yamenyekanye mu ma saa moya z’umugoroba (19h00) w’ejo ku Cyumweru tariki ya 21 Nyakanga 2024. Nyakwigendera yari asanzwe atuye mu Mudugudu wa Gitwa uri mu Kagari ka Rwoga, mu Murenge wa Kabagari ndetse yari yarabyaranye n’umugabo

Umugabo akurikiranyweho kwica umugore we Read More »

Barakwiba wakopfora ugakubitwa bakagusiga wambaye ubusa

Abaturage bo mu Mirenge ya Nkanka na Gihundwe babangamiwe n’ubujura bukabije buhindura isura uko bwije n’uko bukeye, kugera n’ubwo abo bajura bakwambura ibyo ufite, bakaguhondagura bakarenzaho no kwambura imyenda bakagusiga uko wavutse. Mu gahinda kenshi bavuga ko nta muturage ucyura ihaho mu rugo rwe, nta worora itungo ngo rizamuke, ngo hari n’ubwo bakwiba ihene bakayibagira

Barakwiba wakopfora ugakubitwa bakagusiga wambaye ubusa Read More »