wex24news

AMAKURU

MINUBUMWE yahawe inkunga izakoreshwa mu kubungabunga ibimenyetso bya Jenoside

Kuri uyu wa Mbere tariki 16 Nzeri 2024, Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) yahawe inkunga ya miliyoni 130 Frw yatanzwe n’Ikigo gitanga serivisi z’ikoranabuhanga mu Rwanda ‘Liquid Intelligent Technologies.’ Minubumwe ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko inkunga yatanzwe n’Ikigo Liquid Intelligent Technologies ku bufatanye na Imbuto Foundation. Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, […]

MINUBUMWE yahawe inkunga izakoreshwa mu kubungabunga ibimenyetso bya Jenoside Read More »

Umugore yafatanywe amacupa 418 ya mukorogo

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu bikorwa byo kurwanya magendu n’ibicuruzwa bitemewe mu Karere ka Rubavu, umugore w’imyaka 37 y’amavuko, wari ufite amacupa 418 yo mu bwoko butandukanye bw’amavuta yo kwisiga yangiza, uruhu azwi ku izina rya Mukologo. Yafatiwe mu mudugudu wa Mubuga, akagari ka Gikombe, mu murenge wa

Umugore yafatanywe amacupa 418 ya mukorogo Read More »

NEC yatangaje urutonde rw’Abasenateri batowe by’Agateganyo

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC) yatangaje Abasenateri 12 batowe mu matora yo ku wa tariki ya 16 Nzeri 2024. NEC yatangaje ko abatowe mu Ntara y’Amajyaruguru ari Dr. Nyinawamwiza Laetitia wagize amajwi 73.00% na Rugira Amandin wagize 62.61%. Mu Ntara y’Amajyepfo hatowe Umuhire Adrie agira amajwi 70,42%, Uwera Pélagie n’amajwi 62.91% na Cyitatire Sosthène wagize 61,74%. Mu Ntara

NEC yatangaje urutonde rw’Abasenateri batowe by’Agateganyo Read More »

Nyirasafari yatorewe kuba umusenateri uhagarariye Umujyi wa Kigali

Senateri Nyirasafari Espérance yatorewe kuba Umusenateri uhagarariye Umujyi wa Kigali ku majwi 63/115 y’abagize inteko itora, akaba yari asanzwe ari Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda. Ni mu matora y’Abasenateri 12 yabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Nzeri 2024, yakorewe mu Ntara n’Umujyi wa Kigali. Espérance Nyirasafari ni impuguke mu mategeko akaba yari

Nyirasafari yatorewe kuba umusenateri uhagarariye Umujyi wa Kigali Read More »

Yakubise umubyeyi we ishoka amwitiranyije n’ikidayimoni

Habimana  Ephraim w’imyaka 26 y’amavuko, afungiwe kuri  Sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ( RIB) ya Nkombo mu Karere ka Rusizi alirikiranyweho gukubita se umubyara ishoka mu mutwe avuga ko yamwitiranyije n’idayimoni.   Uyu musore wo mu Mudugudu wa Nyabintare, Akagari ka Rwenje, Umurenge wa Nkombo, Akarere ka Rusizi , avuga ko se Mburanyi Augustin w’imyaka 65 ari we

Yakubise umubyeyi we ishoka amwitiranyije n’ikidayimoni Read More »

Umuforomo akurikiranyweho gusambanya umwana

Umuforomo wo mu Karere ka Rusizi akurikiranweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa w’imyaka 19 wari uje kwisuzumisha ku Kigo Nderabuzima cya Nyakabuye. Byabereye mu murenge wa Nyakabuye mu karere ka Rusizi ku wa 15 Nzeli 2024, uyu mukobwa wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, yabwiye ababyeyi be ko uyu muforomo yamukoresheje imibonano mpuzabitsina

Umuforomo akurikiranyweho gusambanya umwana Read More »

Pariki ya Nyungwe zafashwe n’inkongi y’umuriro

Igice cya Pariki y’Igihugu ya Nyungwe  kiri mu bilometero birenga 10 uvuye aho iyi pariki itangirira cyafashwe n’inkongi y’umuriro. Igice cyafashwe n’inkongi giherereye mu Mudugudu wa Gacyamo, Akagari ka Save, Umurenge wa Ruharambuga, Akarere ka Nyamasheke winjiramo rwagati.  Abaturage bahise batabara ndetse bagerageza uko bishoboka byose barawuhashya. Umwe mu barinzi b’iyi Pariki Kabayiza Assouman, yabwiye

Pariki ya Nyungwe zafashwe n’inkongi y’umuriro Read More »

KAGAME yanenze abitwikira amadini bakayobya abaturage

Gahunda yo kugenzura uko insengero n’ahandi hasengerwa hose mu rwego rwo guharanira ko hadashyira mu kaga ubuzima bw’abaturage yavugishije benshi mu ruhando mpuzamahanga, ‘bimera nk’aho u Rwanda rwatewe n’inzige’. Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yibaza impamvu gufunga ahasengerwa hadatekanye byateje  impagarara, ariko akanenga abayobozi b’amadini n’abanyapolitiki barebereye ibibi bikorwa bikagera n’aho kubihagarika ‘bimera nk’icyateye u

KAGAME yanenze abitwikira amadini bakayobya abaturage Read More »

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko uburezi bw’u Rwanda hari intambwe ishimishije bumaze kugeraho

Perezida Paul Kagame yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda ishyira imbere urwego rw’Uburezi, kuko ari rwo rwubakirwaho iterambere ryose rigerwaho, avuga ko rwateye imbere ariko ko rutaragera ku rwego rwifuzwa. Umukuru w’u Rwanda yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Nzeri 2024, ubwo yakiraga indahiro za Minisitiri mushya w’Uburezi, Joseph Nsengimana wahawe izi nshingano hirya y’eho

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko uburezi bw’u Rwanda hari intambwe ishimishije bumaze kugeraho Read More »

Ikawa y’u Rwanda yanditse amateka

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyishimiye uburyo ikawa y’u Rwanda yanditse amateka, aho ikilo kimwe cyaguze akabakaba 100 000 by’amafaranga y’u Rwanda. Ni amakuru yagarutsweho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Nzeri, ubwo NAEB yatangazaga gutangaza igurishwa ry’ikawa 18 nziza z’u Rwanda, zahize izindi mu marushanwa

Ikawa y’u Rwanda yanditse amateka Read More »