wex24news

AMAKURU

arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we ufite ubumuga bw’ingingo

Manirakiza Patricie wo mu Karere ka Musanze, avuga ko akeneye ubufasha bw’abagiraneza cyangwa se ubuyobozi, kugira ngo abashe kuvuza umwana we umaze imyaka 6 afite ikibazo cy’ubumuga bwamufashe amaze amezi abiri avutse. Uyu mubyeyi ugeze mu kigero cy’imyaka 32, avuga ko nta ko atakoze ngo avuze umwana we wari wavukanye n’abandi babiri ari impanga ariko […]

arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we ufite ubumuga bw’ingingo Read More »

Uwababyeyi Jeannette wari umunyamakuru yatorewe kuba Umudepite

Uwababyeyi Jeannette wabaye umunyamakuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), yatorewe kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda. Ni ibyatangajwe mu majwi y’agateganyo ku matora y’Abadepite mu byiciro byihariye yabaye tariki ya 16 Nyakanga 2024, akaba yashyizwe ahagaragara na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Nyakanga 2024. NEC yagaragaje ko Uwababyeyi

Uwababyeyi Jeannette wari umunyamakuru yatorewe kuba Umudepite Read More »

Abadepite bashya bahagarariye urubyiruko

Umuhoza Vanessa Gashumba na Icyitegetse Venuste batorewe kuba Abadepite bahagarariye urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite. Ni mu matora yabaye tariki ya 16 Nyakanga 2024, i Kigali ku Nama y’Igihugu y’Urubyiruko. Nkuko Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), Oda Gasinzigwa yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Nyakanga 2024, mu majwi y’agateganyo y’ibyavuye

Abadepite bashya bahagarariye urubyiruko Read More »

amajwi mashya yashimagiye intsinzi ya perezida paul kagame

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yashyize hanze amajwi y’agateganyo, agaragaza ko Paul Kagame ari we wakomeje kuza imbere mu matora ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, aho yagize 99,18%. Ni amajwi yatangajwe kuri uyu wa Kane tariki 18 Nyakanga 2024, nyuma y’iminsi itatu mu Rwanda habaye Amatora ya Perezida wa Repubulika n’Ay’abadepite. Aya majwi yashyizwe hanze na

amajwi mashya yashimagiye intsinzi ya perezida paul kagame Read More »

 Imirimo yo kubaka Ikibuga cy’ingede cya Bugesera igeze kuri 85%

Imirimo yo kubaka ibikorwa remezo bitandukanye ku kibuga cy’indege gishya mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba igeze ku rugero rwa 85%, nk’uko byatangajwe na Aviation Travel and Logistics (ATL). Nk’uko byatangajwe na ATL, isosiyete ifitwe na leta ishinzwe ibikorwa bijyanye n’indege no kugenzura imirimo y’ubwubatsi bw’ikibuga cy’indege gishya, icyiciro kiriho kubaka aho taxi ziparika,

 Imirimo yo kubaka Ikibuga cy’ingede cya Bugesera igeze kuri 85% Read More »

Sheikh Tamim yashimiye Perezida Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda

Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani yashimiye Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda, muri manda y’imyaka itanu iri imbere amwizeza kurushaho guteza imbere ubufatanye hagati y’ibihugu byombi. Ni ubutumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Nyakanga 2024, bwiyongera ku bwagiye butangazwa n’abandi ba Perezida mu

Sheikh Tamim yashimiye Perezida Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda Read More »

Umunyarwanda wari Sous Lieutenant mu Ngabo za Canada yitabye Imana

Umunyarwanda witwa Nkubito Kevin w’imyaka 29 wari Sous Lieutenant mu Ngabo za Canada yitabye Imana aguye mu mpanuka y’imodoka ikomeye, imuhitana we n’abandi babiri. Polisi ya Canada yatangaje ko iyi modoka yari itwaye ingabo zo mu gace ka Oromocto, irenga umuhanda igonga igiti ihita iturika ari na ko yahise ifatwa n’inkongi, batatu barimo na Sous

Umunyarwanda wari Sous Lieutenant mu Ngabo za Canada yitabye Imana Read More »

yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Liberia

Kuri uyu wa Gatatu, Rosemary Mbabazi yatanze impapuro zo guhagarira u Rwanda nka Ambasaderi muri Liberia. Ni umwanya azafatanya no kuba Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana aho asanzwe afite icyicaro. Mu butumwa yashyize kuri X, Rosemary Mbabazi yavuze ko yishimiye guhagararira u Rwanda muri Liberia. Ati “Byari iby’agaciro gutanga impapuro zo guhagararira igihugu cyanjye kuri

yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Liberia Read More »

Umugabo yapfuye ajya kubikuza amafaranga kuri SACCO

Umugabo witwa Nzeyimana Callixte w’imyaka 48, wo mu Mudugudu wa Mugonero, Akagari ka Gahengeri mu Murenge wa Gitambi yapfuye urw’amauobera ubwo yerekezaga kubikuza amafaranga kuri SACCO. Byabaye ahagana i saa Cyenda kuri uyu wa Gatatu ku itariki ya 17 Nyakanga 2024, nyakwigendera yari atwawe kuri moto ageze mu nzira asaba umumotari guhagarara maze ahita ashiramo

Umugabo yapfuye ajya kubikuza amafaranga kuri SACCO Read More »

Indorerezi Mpuzamahanga zemeje ko amatora yabaye mu mucyo

Indorerezi Mpuzamahanga zari zitabiriye ibikorwa by’amatora ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite 53 mu Rwanda yabaye guhera tariki 15-16 Nyakanga 2024 ku bari imbere mu Gihugu zemeje ko yabaye mu mucyo. Muri raporo zashyize ahagaragara kuri uyu wa gatatu tariki 17 Nyakanga 2024, izo ndorerezi zari ziganjemo izari zihagarariye imiryango itandukanye ku mugabane wa Afurika, zavuze

Indorerezi Mpuzamahanga zemeje ko amatora yabaye mu mucyo Read More »