arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we ufite ubumuga bw’ingingo
Manirakiza Patricie wo mu Karere ka Musanze, avuga ko akeneye ubufasha bw’abagiraneza cyangwa se ubuyobozi, kugira ngo abashe kuvuza umwana we umaze imyaka 6 afite ikibazo cy’ubumuga bwamufashe amaze amezi abiri avutse. Uyu mubyeyi ugeze mu kigero cy’imyaka 32, avuga ko nta ko atakoze ngo avuze umwana we wari wavukanye n’abandi babiri ari impanga ariko […]
arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we ufite ubumuga bw’ingingo Read More »