wex24news

AMAKURU

Ishyaka Mouvement Cœurs Unis byasinyanye amasezerano na FPR-Inkotanyi

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR Inkotanyi, Gasamagera Wellars, yakiriye itsinda ry’abo mu Ishyaka Mouvement Cœurs Unis (CMU) ryo muri Repubulika ya Centrafrique bagirana ibiganiro banasinyana amasezerano y’imikoranire. Iri tsinda ryakiriwe na Gasamagera ryari riyobowe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CMU, Simplice Sarandji, usanzwe ari na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Centrafrique. Ibinyujije ku rubuga rwa X, […]

Ishyaka Mouvement Cœurs Unis byasinyanye amasezerano na FPR-Inkotanyi Read More »

Inkongi y’umuriro yangije ibintu by’agaciro gasaga Miliyoni 12Frw

Mu Murenge wa Kigabiro, mu Kagari ka Sibagire, mu gasantere kazwi nko kwa Shyaka kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Nyakanga 2024, inkongi y’umuriro yafashe inzu y’umuturage yangiza ibintu by’agaciro k’amafaranga y’u Rwanda Miliyoni 12 n’ibihumbi 700. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba SP Hamdun Twizeyimana yatangaje ko iyi nkongi yangije igisenye cy’inzu ndetse n’ibyarimo

Inkongi y’umuriro yangije ibintu by’agaciro gasaga Miliyoni 12Frw Read More »

yasabye abasebya u Rwanda kurusura bakirebera aho rugeze

Prof. Senait Fisseha, Umunya-Ethiopia wahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda, yagaragaje uburyo u Rwanda rwamubereye amahirwe, yibutsa abirirwa barusebya kuza kurusura bakareka kugendera mu kigare cy’ibyo batazi. Ni amarangamutima yagaragaje ubwo yasubizaga undi Munya-Ethiopia witwa Naty Berhane Yifru, wari watanze igitekerezo ku butumwa bwe bugaragaza uko yiyumva nyuma yo gutora. Mu butumwa Prof Fisseha yanyujije kuri X,

yasabye abasebya u Rwanda kurusura bakirebera aho rugeze Read More »

Umukobwa yashatse kwiyahurira mu nzu y’umusore yari yasuye

Akarere ka Nyanza, ubwo umusore usanzwe ukora akazi k’ubuzamu yasuwe n’umukobwa, babana mu gihe kitarenze ukwezi bacumbitse maze umusore biba ngombwa ko asaba umukobwa gutaha iwabo mu karere ka Gakenke maze arinangira yanga gutaha ahubwo ahitamo kwiyahura yifashishije ibinini. Amakuru avuga ko umusore yasohotse hanze gato agarutse arebye mu nzu abona umukobwa ari gutoba ikinini

Umukobwa yashatse kwiyahurira mu nzu y’umusore yari yasuye Read More »

Iyi ni intsinzi igaragaza ubudasa muri Demokarasi y’u Rwanda

Ishyaka ntangarugero muri Demokarasi PDI, ryatangaje ko ryashimye ibyavuye mu matora, rishimangira ko ari ubudasa muri demokaarasi y’u Rwanda. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru basohoye, iri shyaka ryashimiye Abanyarwanda icyizere barigiriye, baritorera kugira umwanya mu Nteko ishingamategeko umutwe w’Abadepite . Itangazo rigira riti “Iyi ni intsinzi igaragaza ubudasa muri demokarasi y’u Rwanda yo kugira ibitekerezo binyuranye

Iyi ni intsinzi igaragaza ubudasa muri Demokarasi y’u Rwanda Read More »

yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Pakistan

Ambasaderi Fatou Harerimana, yashyikirije Perezida wa Pakistan, Asif Ali Zardari, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu nyuma y’igihe gito rufunguye yo ambasade, ibyitezweho guteza imbere imikoranire mu nzego z’umutekano, ubucuruzi, ubuzima n’uburezi hagati y’ibihugu byombi.  Mu kiganiro yagiranye n’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), Ambasaderi wa mbere w’u Rwanda muri Pakistan, Fatou Harerimana, yavuze ko

yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Pakistan Read More »

FPR Inkotanyi yaje imbere mu matora y’Abadepite 

Umuryango FPR n’imitwe ya Politiki 5 yawushyigikiye, baje imbere mu matora y’Abadepite 53 batowe ku buryo butaziguye baturuka mu mitwe ya politiki n’abigenga aho yagize amajwi 62,67%.  Imibare yatangajwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora y’iby’ibanze byavuye mu matora y’Abadepite 53 batowe ku wa 14 Nyakanga 2024 ku Banyarwanda baba mu mahanga, no ku wa 16 Nyakanga

FPR Inkotanyi yaje imbere mu matora y’Abadepite  Read More »

PDI yashimiye Perezida Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda

Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI) ryifatanyije na Perezida Paul Kagame kwishimira intsinzi yo kuba yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda. Ni mu itangazo iryo shyaka ryashyize ahagaragara mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Nyakanga nyuma y’aho Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC) yari imaze gutangaza  ko Paul Kagame ari we waje imbere mu bahataniraga umwanya w’Umukuru

PDI yashimiye Perezida Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda Read More »

yashimangiye ko umuti w’intambara iri muri RDC ari ibiganiro

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko ibiganiro binyuze mu nzira za politiki ari byo byahagarika intambara iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi yabigaragaje kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024 ubwo yitabiraga inama y’akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gashinzwe amahoro n’umutekano, yahuje abaminisitiri batandukanye hifashishijwe ikoranabuhanga. Iyi nama

yashimangiye ko umuti w’intambara iri muri RDC ari ibiganiro Read More »

Gitifu w’Umurenge afunzwe akekwaho gukubita abashinzwe umutekano

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jomba mu Karere ka Nyabihu witwa Mugabekazi Donathile afunzwe, akekwaho icyaha cyo gukubita no kugirira urugomo abashinzwe umutekano mu nzego za leta. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry yatagaje ko Mugabekazi yakoze iki cyaha ku wa 06 Nyakanga 2024, atabwa muri yombi ku wa 10

Gitifu w’Umurenge afunzwe akekwaho gukubita abashinzwe umutekano Read More »