wex24news

AMAKURU

yashimiye Kagame watsinze amatora by’agateganyo

Dr. Frank Habineza wiyamamarizaga umwanya wa Perezida wa Repubulika ku itike y’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda), yashimiye Paul Kagame watangajwe ko yatsinze amatora by’agateganyo. Ni nyuma y’uko Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), itangaje iby’ibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 15 Nyakanga […]

yashimiye Kagame watsinze amatora by’agateganyo Read More »

Ntabwo njya nshoberwa na busa- Perezida paul Kagame

Perezida Paul Kagame akaba na Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi, yatangaje ko yishimiye Abanyarwanda bakomeje kumugirira icyizere, kinarushaho kwiyongera, anahishura ko atajya yumva ashobewe n’iyo haba hari ibibazo bikomeye kubera abo ayoboye bakomeza kumwizera. Yabitangaje mu ijoro ryo kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024 ubwo Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yari imaze gutangaza iby’ibanze byavuye mu matora y’Umukuru

Ntabwo njya nshoberwa na busa- Perezida paul Kagame Read More »

Perezida Paul Kagame yatorewe gukomeza kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere

Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ko ibyibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu byagaragaje ko Kagame Paul yatsinze ku majwi 99.15%, mu gihe abo bari bahanganye, Dr Habineza Frank yagize 0.53% naho Mpayimana Phillippe 0.32%. Abatoye baherereye muri Afurika Perezida Paul Kagame yatsinze Ku majwi 95.4%, mugihe Dr Frank Habineza yagize amajwi 2.2%, Mpayimpana Philippe agira amajwi

Perezida Paul Kagame yatorewe gukomeza kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere Read More »

Umukecuru yagiye gutora mu gicuku aherekezwa n’Ingabo z’u Rwanda

Nyiransabimana Venerande w’imyaka 65 y’amavuko yatunguranye ubwo yerekezaga kuri site y’itora butaracya aje kwitorera Perezida n’Abadepite ashimira abasirikare bo mu Ngabo z’u Rwanda bamuherekeje akagera kuri site ntacyo yikanga. z’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Nyakanga, Nyiransabimana we yari yahageze saa kumi na 45, akaba yabitewe n’uko yumvaga nta cyo yikanga kuba

Umukecuru yagiye gutora mu gicuku aherekezwa n’Ingabo z’u Rwanda Read More »

Mpayimana Phillippe yatoye

Umukandida wigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Mpayimana Phillippe yatangaje ko afite icyizere cyo kwegukana uyu mwanya, agashyira mu bikorwa ibyo yemereye Abanyarwanda nk’imigabo n’imigambi ye, ariko ahamya ko uko bigenda kose yakira ibiri buve mu matora. Mpayimana yavuze ko buri mu kandida yiyemeza kwiyamamaza ari uko yifitiye icyizere bityo ko na we ari uko bimeze

Mpayimana Phillippe yatoye Read More »

Umubyeyi yafatiwe n’igise mu biro by’itora

Umubyeyi witwa Uwayisaba Odette utuye mu murenge wa Kabatwa mu karere ka Nyabihu yasabye gufashwa gutora nyuma yo gufatwa n’igise ubwo yari ageze mu biro by’itora. Uwayisaba ni umwe mu baturage bari bararahiriye kwitabira aya matora, nk’abandi Banyarwanda biyumvamo iyi nshingano mboneragihugu yo kwihitiramo uzageza u Rwanda ku iterambere bifuza. Uyu munsi wageze Uwayisaba yagiye

Umubyeyi yafatiwe n’igise mu biro by’itora Read More »

Paul Kagame yatoye

Umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yamaze gutora uwo yifuza ko yayobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere ndetse n’abakandida ku mwanya w’abadepite. Kagame yatoreye kuri site ya SOS Kagugu iherereye mu Karere Ka Gasabo, ahagana saa saba z’uyu wa 15 Nyakanga 2024. Yari ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame.

Paul Kagame yatoye Read More »

Ndacyafite icyizere cyo gutsinda amatora

Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Dr. Frank Habineza watanzwe n’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green party of Rwanda), yatangaje ko agifite icyizere cyo gutsinda amatora. Yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki 15 Nyakanga 2024, nyuma y’uko asoje igikorwa cyo gutora mu matora ya Perezida wa Repubulika ndetse n’ay’Abadepite. Dr.

Ndacyafite icyizere cyo gutsinda amatora Read More »

yijeje abahinzi b’ibirayi kuzababonera imbuto nziza idahenze natorwa

Umukandida wiyamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr Frank Habineza watanzwe na Democratic Green Party of Rwanda yijeje abahinzi b’ibirayi ko natorwa muri buri karere azahageza uruganda rutunganya imbuto nziza y’ibirayi isigaye ihenda abo bahinzi.  Dr Frank Habineza yavuze ko natorwa muri buri Karere azahageza uruganda rutunganya imbuto nziza y’ibirayi. Yagize ati “Ubushize ubwo twazaga hano

yijeje abahinzi b’ibirayi kuzababonera imbuto nziza idahenze natorwa Read More »