wex24news

AMAKURU

yasezeranyije abatuye Bumbogo umuhanda wa kaburimbo

Kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nyakanga 2024 nibwo umukandida ku mwanya wa Perezida, Paul Kagame yiyamamarije mu murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo abasezeranya ko nibatora neza tariki 15 Nyakanga ku munsi nyirizina w’amatora umuhanda ujya Bumbogo uzashyirwamo kaburimbo. Chairman wa FPR-Inkotanyi akaba n’Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yizeje […]

yasezeranyije abatuye Bumbogo umuhanda wa kaburimbo Read More »

Mpayimana natorwa u Bugesera azabugira Umurwa mukuru wa Afurika

Mpayimana Philippe, Umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, yavuze ko azagira Akarere ka Bugesera Umurwa mukuru wa Afurika. Ibi ngo azabikora natorerwa kuyobora Igihugu. Ibi yabigarutseho ubwo yiyamamarizaga kuri Site ya Mayange mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba ku wa Kane tariki 11 Nyakanga 2024. Abaturage ba Bugesera by’umwihariko muri Centre ya

Mpayimana natorwa u Bugesera azabugira Umurwa mukuru wa Afurika Read More »

Abarimo abanyerondo  basabiwe gufungwa umwaka  bakekwaho ubwicanyi

Ubushinjacyaha bwo mu Karere ka Nyanza, bwasabiye Uwarushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Kavumu mu kagari ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza witwa Usanase Theodatte n’abanyerondo gufungwa umwaka kuko bakekwaho gukubita umuntu bikamuviramo urupfu. Abari abanyerondo batatu nibo baburanye bambaye imyambaro isanzwe iranga abagororwa mu Rwanda. Usanase Theodatte we yaburanye adafunzwe kuko

Abarimo abanyerondo  basabiwe gufungwa umwaka  bakekwaho ubwicanyi Read More »

Hatashywe uruganda rukora ibiryo by’amatungo

Mu Rwanda hatashywe uruganda rwa mbere runini rukora ibiryo by’amatungo, arimo Inkoko, Inka hamwe n’Ingurube, rufite ubushobozi bwo gutunganya toni zirenga 200 ku munsi. Ni uruganda rwitwa Gorilla Feed rwubatse mu cyanya cy’inganda i Masoro mu Mujyi wa Kigali rwatashywe ku mugaragaro kuri uyu wa Kane tariki 11 Nyakanga 2024, rukaba rwitezweho gukemura ibibazo by’ibiryo

Hatashywe uruganda rukora ibiryo by’amatungo Read More »

Perezidanse turayikozaho imitwe y’intoki

Dr. Frank Habineza wiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika ku itike y’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda), yavuze ko bakurikije uko ibikorwa byo kwiyamamaza biri kugenda, bizeye kuzongera gutsinda amatora y’Abadepite, ndetse ko n’ay’Umukuru w’Igihugu bayakozaho imitwe y’intoki ku kigero nibura cya 55%. Yabivugiye mu kiganiro Ishyaka Green

Perezidanse turayikozaho imitwe y’intoki Read More »

Igisubizo ku birego rwashinjwe byo kwanga Intumwa ya EU mu Karere

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itigeze yanga Umubiligi Bernard Quintin washoboraga koherezwa n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, nk’intumwa yawo mu Karere k’Ibiyaga Bigari. Muri Kamena nibwo ibinyamakuru mpuzamahanga byatangaje ko nyuma y’aho ibihugu bigize EU bitoranyije Quintin, u Rwanda rwahamagaye u Bufaransa, rubumenyesha ko rutazamwemera, hagaragazwa umubano udahagaze neza hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi nk’intandaro. Minisitiri

Igisubizo ku birego rwashinjwe byo kwanga Intumwa ya EU mu Karere Read More »

Ibyiza biri imbere aho tujya kuruta aho tuvuye

Umukandida wa RPF Inkotanyi ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane tariki 11 Nyakanga 2024, yiyamamarije kuri Site ya Nyarutovu mu Karere ka Gakenke mu Murenge wa Nemba. Yabwiye abaturage bitabiriye ibikorwa byo kwiyamamaza bo mu Turere twa Gakenke, Rulindo, Burera na Musanze n’abandi baturutse hirya no hino mu Gihugu,

Ibyiza biri imbere aho tujya kuruta aho tuvuye Read More »

Hatanzwe ikiruhuko mu minsi ibiri y’Amatora

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo(MIFOTRA), yatangaje ko tariki ya 15 n’iya 16 Nyakanga 2024, ari iminsi y’ibiruhuko. Biteganyijwe ko ku wa Mbere tariki ya 15 Nyakanga 2024, Abanyarwanda bazitabira amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite. Uwo munsi rero azaba ari uw’amatora rusange mu gihe ku wa 16 Nyakanga azaba ari Umunsi w’Amatora y’ibyiciro byihariye. Ni

Hatanzwe ikiruhuko mu minsi ibiri y’Amatora Read More »

NEC yatangaje ko imyiteguro y’amatora igeze kuri 90%

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Rwanda (NEC) yatangaje ko imyiteguro y’Amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite u Rwanda rwitegura, igeze ku gipimo cya 90%. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC Munyaneza Charles, yabwiye RBA kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Nyakanga 2024, ko ubu imyiteguro y’amatora irimbanije ikaba igeze ku gipimo cya 90%. Yagize ati: “Hamaze iminsi

NEC yatangaje ko imyiteguro y’amatora igeze kuri 90% Read More »

Televiziyo ya RDC yahagaritse umunyamakuru azira Koffi Olomide

Umuyobozi wa Televiziyo ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RTNC), Elenge Nyembo Sylvie, yahagaritse umunyamakuru Mbuyi Kabasele Jessy imuziza kutavuguruza umuhanzi Koffi Olomide watangaje ko Ingabo z’iki gihugu zikomeje gukubitwa inshyi. Tariki ya 6 Nyakanga 2024, Kabasele uyobora Ikiganiro ‘Le Panier The Morning Show’ yakiriye Olomide kuri Televiziyo y’Igihugu. Uyu muhanzi yageze ku ntambara iri

Televiziyo ya RDC yahagaritse umunyamakuru azira Koffi Olomide Read More »