Kubuza amagare kugenda nijoro byagabanyije impanuka
Polisi y’u Rwanda ivuga ko ingamba zo kubuza amagare kugenda nijoro byatumye impanuka zakorwaga n’abanyonzi ndetse n’abagenda ku magare zigabanuka kubera kubahiriza amategeko. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga avuga ko nyuma yo kubona ko amagare ari mu binyabiziga biteza impanuka mu masaha ya nijoro hagashyirwaho ingamba zo kuba bamaze kuva mu muhanda […]
Kubuza amagare kugenda nijoro byagabanyije impanuka Read More »