wex24news

AMAKURU

Skol Brewery yamuritse ikinyobwa kidasembuye

Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol Brewery Ltd rwamuritse ku mugaragaro ikinyobwa gishya cya ‘Maltona’ gikozwe mu binyampeke n’ibindi bihingwa. Abitabiriye iki gikorwa batandukanye bahuriye muri ‘Car Free Zone’ basogongera ku mwimerere ndetse n’uburyohe bw’iki kinyobwa ari nako basusurutswa na bamwe mu bashyushyarugamba. Umuyobozi ushinzwe Ubucuruzi muri SKOL Brewery, Marie-Paule Niwemfura, yashimangiye ko nta […]

Skol Brewery yamuritse ikinyobwa kidasembuye Read More »

Dr Frank Habineza yiyemeje gushyira intege mu kubaka ibikorwa remezo

Ubwo yiyamamarizaga mu turere twa Bugesera na Kicukiro, Dr Frank Habineza yavuze ko natorwa azubaka umuhanda Bugesera-Juru ndetse n’ibindi bikorwa remezo mu gihugu hose. Dr Amb Frank Habineza, yasezeranyije abaturage bo mu Bugesera ko azahubaka uruganda rukora amagare, umuhanda Nyamata- Juru uzashyirwamo kaburimbo kimwe n’indi mihanda myinshi mu gihugu iyikeneye. Ati: “Ikibazo cy’umuhanda mubi mufite

Dr Frank Habineza yiyemeje gushyira intege mu kubaka ibikorwa remezo Read More »

Icyo u Rwanda ruvuga ku guhagarika amasezerano rwagiranye na UK

Guverinoma  y’u Rwanda yatangaje ko  izakomeza kwemera gutanga ubufasha bwo gukemura ikibazo cy’abimukira n’impunzi aho cyaba kiri hose ku Isi, nyuma yo kumenya umugambi w’u Bwongereza wo guhagarika amasezerano ibihugu byombi byagiranye mu 2022.  Mu itangazo Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma byashyize ahagaragara, ku wa Mbere tariki ya 8 Nyakanga, byashimangiye ko amasezerano yo kohereza mu Rwanda abimukira

Icyo u Rwanda ruvuga ku guhagarika amasezerano rwagiranye na UK Read More »

mugufasha imishinga yo kurengera ibidukikije  u Rwanda rwahawe miliyoni 50 z’ama-Euro 

Leta y’u Rwanda yasinyanye amasezerano n’iy’u Butaliyani ya miliyoni 50 z’ama-Euro [miliyari 70,997 Frw], agamije gufasha imishinga yo kurengera ibidukikije mu Rwanda. Ni amasezerano yasinywe na Minisitiri w’imari n’igenamigambi w’u Rwanda, Murangwa Yusuf, na Minisitiri w’ibidukikije n’umutekano w’ingufu w’u Butaliyani, Pichetto Gilberto, kuri uyu wa mbere tariki 8 Nyakanga 2024. Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Murangwa Yusuf,

mugufasha imishinga yo kurengera ibidukikije  u Rwanda rwahawe miliyoni 50 z’ama-Euro  Read More »

Ibihumbi by’abanyeshuri biteguye gukora ibizamini bisoza amashuri abanza 2023/2024

Kuri uyu wa mbere tariki 08 Nyakanga 2024 hateganyijwe gukorwa ibizamini bya leta bisoza icyiciro cy’amashuri abanza mu mwaka w’amashuri 2023/2024. Abanyeshuri barenga ibihumbi 200 nibo biteguye gukora ibi bizamini ku ma site arenga 1000. Minisiteri y’Uburezi ku munsi w’ejo hashize ibinyujije mu kigo gishinzwe kugenzura ikorwa ry’ibizamini bya leta, ndetse n’amashuri ’NESA’. Yatangaje ko

Ibihumbi by’abanyeshuri biteguye gukora ibizamini bisoza amashuri abanza 2023/2024 Read More »

hagiye gushirwa imashini izajya ipfasha abashaka gupfa mu gihe gito

Umunya-Australia Dr. Philip Nitschke w’imyaka 76 wahoze ari umuganga, wahimbwe izina rya Dr. Death, arateganya gushyira mu Busuwisi imashini zihuhura abantu baba bashaka gupfa mu gihe gito. Iyi mashini bivugwa ko ifite ubushobozi bwo gufasha umuntu ukeneye gupfa mu minota mike cyane, aho umuntu asabwa gusa kuyinjiramo agakanda bouton imwe, agatangira guhumeka nitrogen, akabura umwuka

hagiye gushirwa imashini izajya ipfasha abashaka gupfa mu gihe gito Read More »

abafunzwe barengana kuva mu 2022 bazahabwa indishyi  natorwa

Umukandida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, DGPR, yatangaje ko natorwa, nta muntu uzongera gukatirwa iminsi 30 y’agateganyo nta bimenyetso bimushinja bihari ndetse n’abagiye bafungwa mu myaka ya 2022 kugeza mu 2024 bazahabwa indishyi z’akababaro kugira ngo umuco wo gufunga abantu ku maherere ucike. Ibi yabigarutseho ku wa 07 Nyakanga 2024, ubwo yari

abafunzwe barengana kuva mu 2022 bazahabwa indishyi  natorwa Read More »

Minisiti w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yahuye na mugenzi we w’u Burundi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yahuye na mugenzi we w’u Burundi, Albert Shingiro, bagirana ibiganiro bigamije gukemura vuba ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi. Abinyujije ku rubuga rwa X, Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko kuri uyu wa 6 Nyakanga 2024 yahuye na mugenzi we w’u Burundi, ati “Iyi ni yo gahunda: Reka dukemure ibibazo dufitanye mu

Minisiti w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yahuye na mugenzi we w’u Burundi Read More »

yemeye kuzatumira Knowless bagatarama akanamugabira

Perezida Paul Kagame akaba n’umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi hamwe n’andi mashyaka umunani ku mwanya w’umukuru w’Igihugu, yemeye kuzatumira umuhanzi Knowless bagatarama akazanamugabira. Yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki 06 Nyakanga 2024, ubwo bari mu Murenge wa Ruhuha mu Karere ka Bugesera, mu gikorwa cyo ku mwamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, mu gihe Abanyarwanda batuye mu mahanga

yemeye kuzatumira Knowless bagatarama akanamugabira Read More »