wex24news

AMAKURU

yarumye mugenzi we izuru ararica amuziza kuririmba indirimbo ya FPR INKOTANYI

Umuturage witwa Uwihoreye Jean Marie bakunda kwita Papa Boyi, arwariye mu bitaro bya Remera Rukoma nyuma yo kurumwa izuru rigacika na mugenzi we ashinja ko yamuhoye kuririmba indirimbo y’Umuryango wa FPR Inkotanyi. Uyu mugabo utuye mu Akarere ka Kamonyi, avuga ko intandaro ya byose ari ishyari ridafite ishingiro yagiriwe na Damascene bakunda kwita Talibani ari […]

yarumye mugenzi we izuru ararica amuziza kuririmba indirimbo ya FPR INKOTANYI Read More »

abayikoresha bazajya bemererwa kurema abantu bo kuri internet basa na bo

Urubuga rwa WhatsApp ruri mu mavugurura agamije gushyiraho uburyo bwo kuba abarukoresha bashobora kwifashisha ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intelligence, AI) bakarema abantu bo kuri internet basa nabo (personalized avatars), bifashishije amafoto yabo bwite. Ni ukuvuga ko WhatsApp Beta ya 2.24.14.13, yashyizwemo purogaramu ya AI yitwa Llama yakozwe na Meta, sosiyete ifite mu nshingano WhatsApp. Ni uburyo

abayikoresha bazajya bemererwa kurema abantu bo kuri internet basa na bo Read More »

natorwa arashaka ko u Rwanda rwajya rutegura ‘Africa Day’

Umukandida wigenga wiyamamaza ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Mpayimana Philippe, yavuze ko aho u Rwanda rugeze rukwiye kujya rutegura Africa Day kugira ngo Abanyafurika bajye biyumva mu Rwanda nk’abari iwabo. Uyu mukandida yemeza ko natorwa azashyigikira ko u Rwanda rwajya rutegura Africa Day kugira ngo Abanyafurika basanzwe bitabira Rwanda Day barusheho kumva ko igihe bageze mu

natorwa arashaka ko u Rwanda rwajya rutegura ‘Africa Day’ Read More »

umuti ushobora kurwanya agakoko gatera SIDA

Linda Gail Bekker, umuhanga muri siyansi akaba n’umushakashatsi yemeje ko umuti mushya wa Lenacapavir ufite ubushobozi bwo guhangana n’agakoko gatera SIDA mu mubiri w’umuntu ku gipimo cya 100%. Uyu mushakashatsi kuri uyu wa 4 Nyakanga 2024 yagaragaje ko Lenacapavir isanzwe ifatwa rimwe mu mezi atandatu ifite ubushobozi bwo guhangana n’aka gakoko kurusha indi miti yari

umuti ushobora kurwanya agakoko gatera SIDA Read More »

yashimye ubunyamwuga inzego z’umutekano zagaragaje

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimye ubunyamwuga inzego z’umutekano z’iki gihugu zakomeje kugaragaza nyuma y’urugamba rwo kukibohora rwarangiye tariki ya 4 Nyakanga 1994. Mu butumwa yatanze kuri uyu wa 4 Nyakanga 2024 mu birori byo kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 30. Yagize ati  “Mu myaka 30 ishize, iyi nyubako yari inkambi

yashimye ubunyamwuga inzego z’umutekano zagaragaje Read More »

Uwahunze akekwaho ubwicanyi yatawe muri yombi

Umusore witwa  Ferdinand Nsengiyuma alias Rusakara w’imyaka 38, yatawe muri yombi akekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umuturage wo mu Karere ka Karongi, agahita atoroka. Umusore watawe muri yombi akekwaho ubwicanyi bikekwa ko yabukoze  muri Werurwe 2024, akabukorera i Karongi ahita atorokera i Nyanza. Akekwaho kwica Usabyuwera Gerard, bigakekwa ko icyaha yagikoreye mu Mudugudu wa Ruhungamiyaga

Uwahunze akekwaho ubwicanyi yatawe muri yombi Read More »

Umukandida Mpayimana yageze ku Nkombo abizeza kuzabaha ubwato

Umukandida wigenga,Mpayimana Philippe,yatangaje ko natorerwa kuba Perezida w’u Rwanda,azafasha abaturage bo ku Nkombo kuzamura umusaruro w’amafi baroba mu Kiyaga cya Kivu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 03 Nyakanga, Umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Republika Mpayimana Philippe, yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza ku Kirwa cya Nkombo mu Karere ka Rusizi. Mpayimana Philippe

Umukandida Mpayimana yageze ku Nkombo abizeza kuzabaha ubwato Read More »

Abaturage bashimye gahunda ya Dr Frank

Umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Hon.Dr Habineza Frank n’abakandida Depite, biyamamarije i Rutsiro na Karongi, ku munsi wa 12 bageza imigabo n’imigambi ku barwanashyaka bayo. Ubwo yari ageze i Rutsiro,umwe mu baturage baho yavuze ko yishimiye ubuvugizi ishyaka rya Green Party ryakoreye abanyarwanda kuri gahunda yo kugaburira abana ku ishuri,bityo amufitiye impano. Kubera gukora

Abaturage bashimye gahunda ya Dr Frank Read More »

RIB yafunze ukekwaho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwafunze umugabo w’imyaka 61 witwa Hitabatuma Leonidas, ukurikiranweho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyuma y’imyaka 30 yihisha ubutabera. RIB yatangaje ko uwafashwe yari amaze igihe yihishahisha kuko yabaga mu Karere ka Bugesera kandi icyaha acyekwaho yaragikoreye ahahoze ari muri komine Ntongwe, Umurenge wa Kinazi, Akagari ka Nyagahama ubu

RIB yafunze ukekwaho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi Read More »