wex24news

AMAKURU

Ikipe itsinda ntawe uyisimbuza ariko tugomba no kugerageza amakipe mato tukayashyira mu kibuga

Umukandida wigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Philippe Mpayimana yasabye abatuye mu Karere ka Nyaruguru ko nubwo ikipe itsinda ntawe uyisimbuza ariko igihe kigeze ngo bagerageze amakipe mato bayashyire mu kibuga. Ni bimwe mubyo yagarutseho ubwo yari mu bikorwa byo kwiyayamaza kuri uyu wa kabiri tariki 02 Nyakanga 2024, ubwo yahuraga n’abaturage bo mu Turere twa […]

Ikipe itsinda ntawe uyisimbuza ariko tugomba no kugerageza amakipe mato tukayashyira mu kibuga Read More »

Inyubako Makuza Peace Plaza yafashwe n’inkongi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Nyakanga 2024 Inyubako Makuza Peace Plaza iherereye mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Rutikanga Boniface yatanga ko inkongi ikimara gufata iyi nzu inzego z’umutekano zihutiye gutabara. Ati “Ishami rishinzwe kuzimya inkongi ryihutiye kuhagera kugira ngo barebe niba nta bantu n’ibintu

Inyubako Makuza Peace Plaza yafashwe n’inkongi Read More »

yongeye gutorerwa kuba umucamanza mu Rukiko Nkemurampaka rw’Urugaga Mpuzamahanga rw’Ubucuruzi

Umunyarwanda akaba n’umunyamategeko w’umwuga Ngoga Gakuba Thierry yongeye gutorerwa kuba umucamanza mu Rukiko Nkemurampaka rw’Urugaga Mpuzamahanga rw’Ubucuruzi, ICC, inshingano agiye kuzuza mu myaka itatu iri imbere, ni ukuvuga kugeza mu 2027. Mu itangazo ICC yashyize hanze, uru rugaga rugaragaza ko Me Ngoga yatowe mu nteko yarwo rusange yabereye i Paris mu Bufaransa. Ubwo yavugaga kuri

yongeye gutorerwa kuba umucamanza mu Rukiko Nkemurampaka rw’Urugaga Mpuzamahanga rw’Ubucuruzi Read More »

yiyemeje kurega ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma ashinja kumubangamira

Dr. Frank Habineza,Umukandida uri kwiyamamariza kuba Perezida w’u Rwanda yavuze ko mu minsi 11 iri shyaka rimaze mu bikorwa byo kwiyamamaza, ryabangamiwe mu Karere ka Ngoma gusa. Mu kiganiro abayobozi b’ishyaka bagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki 02 Nyakanga 2024, Dr. Frank Habineza yagarutse ku ishusho rusange y’ibikorwa byo kwiyamamaza, bigeze hagati. Dr. Frank

yiyemeje kurega ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma ashinja kumubangamira Read More »

Ibyago u Rwanda rwagize ni uko rwagize abayobozi b’abapumbafu

Ibikorwa byo kwamamaza umukandida w’Umuryango RPF Inkotanyi, byakomereje mu Karere ka Kirehe, aho ibihumbi n’ibihumbi bahateraniye kuri uyu wa Kabiri taliki 2 Nyakanga 2024 mu gushyigikira Chairman w’uyu muryango Kagame Paul. Yashimangiye ko imiyoborere n’intego za FPR Inkotanyi bitandukanye n’abitaga abaturage bo muri aka gace k’Iburasirazuba ‘abapumpafu’ cyangwa injiji. Paul Kagame yavuze ko FPR iri

Ibyago u Rwanda rwagize ni uko rwagize abayobozi b’abapumbafu Read More »

Serivisi za RIB zigiye kujya zitangirwa kuri Irembo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasohoye itangazo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 2 Nyakanga ruvuga ko rwatangiye gutanga serivisi enye zarwo binyuze ku rubuga rwa Irembo. Muri iri tangazo RIB yavuze ko serivisi zayo zigiye kujya zitangirwa ku rubuga rwa Irembo, zirimo icyemezo cy’imyitwarire myiza, icy’imenyekanisha ry’ibyabuze cyangwa ibyibwe, icyo kohereza umurambo w’uwapfuye mu mahanga,

Serivisi za RIB zigiye kujya zitangirwa kuri Irembo Read More »

Bishimiye kwakira Umukandida Paul Kagame

Abaturage biganjemo abanyamuryango ba FPR Inkotanyi ndetse n’ab’indi mitwe ya Politiki ishyigikiye umukandida Paul Kagame ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, kuri uyu wa Kabiri tariki 02 Nyakanga 2024 baje mu bikorwa byo kwamamaza no gushyigikira uwo mukandida. Aho bateraniye ku kibuga giherereye, bararirimba indirimbo na morali nyinshi bagaragaza ko bishimiye gusabana n’umukandida wabo Paul

Bishimiye kwakira Umukandida Paul Kagame Read More »

Mu Rwanda hagiye gutangira kwigishwa ibya AI na Robotics mu byiciro byose

Urwego rw’Igihugu rw’Uburezi bw’Ibanze (REB) bwatangaje ko bitarenze muri Nzeri uyu mwaka, hazaba hashyizwe amasomo y’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhimbano (AI) na robotics mu nteganyanyigisho y’uburezi mu byiciro byose. Abanyeshuri bo mu Ishuri Ryisumbuye rya Kayonza Modern bakaba kuri uyu wa Mbere, itariki 1 Nyakanga, bageze i Kigali, nyuma yo kwegukana umwanya wa 2 mu marushanwa mpuzamahanga

Mu Rwanda hagiye gutangira kwigishwa ibya AI na Robotics mu byiciro byose Read More »

yijeje ab’i Rusizi kububakira uruganda rutunganya umurama w’amafi nibamutora

Ishyaka Democratic Green Party yasezeranyije abatuye Akarere ka Rusizi ko nibayigirira icyizere, bagahitamo Kandida-Perezida wayo, Frank Habineza n’Abakandida-Depite, hari byinshi izahinduka mu mibereho yabo birimo kubafasha kororera mu Kiyaga cya Kivu binyuze mu kubaha imirama y’amafi mato bitagoranye. Yiyamamarije imbere y’abayoboke b’iri Shyaka ndetse n’abaturage bo muri aka karere, abagezaho imigabo n’imigambi bye, ari nako

yijeje ab’i Rusizi kububakira uruganda rutunganya umurama w’amafi nibamutora Read More »

Umuti ukorerwa mu Bufaransa wakuwe ku isoko ry’u Rwanda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyahagaritse ikwirakwizwa, n’ikoreshwa rya nimero A4042 y’umuti witwa EFFERALGAN VITAMINE C 500mg/200mg (“comprimé effervescent”), ukorwa n’uruganda rwitwa UPSA SAS rwo mu Bufaransa. Rwanda FDA ivuga ko nyuma ya raporo zakemangaga ubuziranenge bw’uyu muti uvugwa hejuru, ubusesenguzi bwasanze warahinduye ibara aho kuba umweru, ibara ry’iyi nimero y’umuti ryarahindutse

Umuti ukorerwa mu Bufaransa wakuwe ku isoko ry’u Rwanda Read More »