Ikipe itsinda ntawe uyisimbuza ariko tugomba no kugerageza amakipe mato tukayashyira mu kibuga
Umukandida wigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Philippe Mpayimana yasabye abatuye mu Karere ka Nyaruguru ko nubwo ikipe itsinda ntawe uyisimbuza ariko igihe kigeze ngo bagerageze amakipe mato bayashyire mu kibuga. Ni bimwe mubyo yagarutseho ubwo yari mu bikorwa byo kwiyayamaza kuri uyu wa kabiri tariki 02 Nyakanga 2024, ubwo yahuraga n’abaturage bo mu Turere twa […]