wex24news

AMAKURU

Umuti ukorerwa mu Bufaransa wakuwe ku isoko ry’u Rwanda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyahagaritse ikwirakwizwa, n’ikoreshwa rya nimero A4042 y’umuti witwa EFFERALGAN VITAMINE C 500mg/200mg (“comprimé effervescent”), ukorwa n’uruganda rwitwa UPSA SAS rwo mu Bufaransa. Rwanda FDA ivuga ko nyuma ya raporo zakemangaga ubuziranenge bw’uyu muti uvugwa hejuru, ubusesenguzi bwasanze warahinduye ibara aho kuba umweru, ibara ry’iyi nimero y’umuti ryarahindutse […]

Umuti ukorerwa mu Bufaransa wakuwe ku isoko ry’u Rwanda Read More »

Umuti w’amaso wahagaritswe mu Rwanda

Umuti w’amaso wa Tetracycline Hydrochloride Ophtalmic wahagaritswe ku isoko ry’u Rwanda nyuma y’uko Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) gikoze ubugenzuzi kigasanga utujuje ubuziranenge. Iki Kigo kandi kirasaba umuntu wese waba ufite ubwoko bw’uyu muti, guhagarika kuwukoresha, kuva hagitangazwa iri tangazo ryo kuwugaharika ku isoko mu gihe cy’iminsi icumi y’akazi (10) uhereye ku

Umuti w’amaso wahagaritswe mu Rwanda Read More »

yiyemeje gukuraho amazina y’amagenurano ateye ipfunwe natorerwa

Umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Republika, Mpayimana Phillipe, kuri iki Cyumweru yakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo. Ubwo yagaragazaga imigabo n’imigambi ye, yibanze cyane ku muco Nyarwanda ndetse n’ikibatsi azongera mu kuwunoza. Avuga ko azashimangira cyane gukorera ku gihe no kuvugisha ukuri, amazina y’amagenurano

yiyemeje gukuraho amazina y’amagenurano ateye ipfunwe natorerwa Read More »

Pansiyo izatangira gutangwa ku myaka 55 nimunora

Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije, ryabwiye abaturage bo mu Karere ka Huye ko umukandida waryo ku mwanya wa Perezida wa Repubulik, Dr. Frank Habineza natorwa, rizavugurura imitangire y’amafaranga y’ikiruhuko cy’izabukuru ‘Pension’, uwiteganyirije akajya yemerererwa kuyasaba guhera ku myaka 55. Byagarutsweho ubwo iri Shyaka ryakomezaga ibikorwa byo kwiyamamaza mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Huye,

Pansiyo izatangira gutangwa ku myaka 55 nimunora Read More »

Uwamariya wabyaye avuye kwamamaza Kagame

Uwamariya Noella w’imyaka 35 wo mu karere ka Rusizi, wabyaye avuye kwamamaza, Paul Kagame, chairman w’Umuryango RPF-Inkotanyi akaba n’umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu, avuga ko urukundo amukunda arirwo rwatumye ajya kumwamamaza nubwo yari abizi ko igihe cyo kubyara cyegereje. Byabaye tariki 28 Kamena 2024 umunsi, Paul Kagame yiyamamarije kuri site yo mu karere ka Rusizi.

Uwamariya wabyaye avuye kwamamaza Kagame Read More »

yiyemeje gukomeza guteza imbere u Rwanda abanzi bakaganya

Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame yasabye abagize uyu muryango n’Abanyarwanda muri rusange kuzamushyigikira mu matora y’Umukuru w’Igihugu, kugira ngo igihugu gikomeze mu murongo w’iterambere kirimo, “abanzi baganye”. Perezida Kagame yagaragaje ko hari byinshi igihugu kimaze kugeraho mu iterambere kirangajwe imbere na FPR Inkotanyi. Yibukije urubyiruko ko rufite inshingano yo gukomeza muri uyu murongo no

yiyemeje gukomeza guteza imbere u Rwanda abanzi bakaganya Read More »

hari gukorwa ibishoboka ngo Tshisekedi na Kagame bahure

Perezida João Lourenço wa Angola yatangaje ko hari ibiganiro birimo kuba kugira ngo “vuba cyane” habeho guhura hagati ya Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Tshisekedi kugira ngo haboneke amahoro mu burasirazuba bwa DR Congo. Lourenço yabibwiye abanyamakuru ku wa kane mu ruzinduko arimo muri Côte d’Ivoire, aho yavuze ko “bizwi neza ko nta

hari gukorwa ibishoboka ngo Tshisekedi na Kagame bahure Read More »

babukereye mu kwakira umukandida Paul Kagame wa FPR Inkotanyi

Ibikorwa byo kwiyamamaza ku mukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Kamena 2024, byakomereje mu Karere ka Rusizi aho imbaga y’abantu yazindutse ijya kumwakira. Ingeri z’abantu batandukanye bazindukiye kuri sitade ya Rusizi baririmba indirimbo na morali nyinshi bagaragaza ko bishimiye ibyiza umukandida wabo Paul Kagame yabagejejeho muri manda irangiye

babukereye mu kwakira umukandida Paul Kagame wa FPR Inkotanyi Read More »

babwiwe ko bazaburana muri 2027 batakambiye Perezida w’urukiko

Abagabo bakekwaho kwica umwana witwa Kalinda Loîc Ntwali w’i Nyanza, bamaze igihe babwiwe ko bazaburana mu mwakwa wa 2027 batakambiye Perezida w’urukiko. Bose bafunzwe mu mwaka wa 2023 bakatirwa gufungwa iminsi 30 by’agateganyo, ubwo bari bategereje kuburana mu mizi bamenyeshejwe ko bazaburana mu mwaka wa 2027. Icyo gihe umuryango wa Nyakwigendera wavugaga ko ubutabera buri

babwiwe ko bazaburana muri 2027 batakambiye Perezida w’urukiko Read More »