wex24news

AMAKURU

RIB yaburiye abakoresha nabi imbuga nkoranyambaga

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko abantu bakoresha imbuga nkoranyambaga nabi hari amategeko abahana, aho bashobora no gufungwa kuva ku myaka itanu kugeza ku myaka 10 bitewe n’icyaha bazikoreyeho. Biragoye kumara umunsi ku mbuga nkoranyambaga hadashyizweho amafoto n’amashusho y’ibyamamare nyarwanda byambaye ubusa, abavuga amagambo y’urukozasoni cyangwa arimo ingengabitekerezo ya Jenoside. […]

RIB yaburiye abakoresha nabi imbuga nkoranyambaga Read More »

Batatu bagwiriwe n’ikirombe bahasiga ubuzima

Mu Karere ka Gatsibo, haravugwa amakuru y’abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe bahasiga ubuzima, nyuma yo kujya gucukura amabuye y’agaciro rwihishwa. Ni impanuka yabaye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki 12 Nzeri 2024, ubwo abo bagabo bacaga mu rihumye ubuyobozi n’inzego z’umutekano binjira mu kirombe, mu gihe bagitangira gucukura amabuye kirabagwira, nk’uko Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa

Batatu bagwiriwe n’ikirombe bahasiga ubuzima Read More »

Ku Cyicaro cya Loni hashyizwe ikibumbano cy’urumuri rw’icyizere

I New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Cyicaro Gikuru cy’Umuryango w’Abibumbye hashyizwe ikibumbano cy’urumuri rw’icyizere mu guha agaciro abarenga miliyoni bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, no kwibutsa ko ari inshingano za buri wese mu guharanira ko aya mateka mabi atazagira ahandi aba ku Isi. Iki kimenyetso gishyizwe ku cyicaro gikuru cya

Ku Cyicaro cya Loni hashyizwe ikibumbano cy’urumuri rw’icyizere Read More »

Munyenyezi wakatiwe gufungwa burundu

Béatrice Munyenyezi umaze igihe gito akatiwe igifungo cya burundu n’Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, yatangiye kuburana ubujurire bwe ariko atungurwa no gusanga Ubushinjacyaha bwarongeyemo ibimenyetso bishya birimo n’abatangabuhamya bashya bagomba kumushinja, bityo we n’abamwunganira mu mategeko basaba guhabwa umwanya wo kujya kubisuzuma ngo bazashobore kubyireguraho. Béatrice Munyenyezi umaze igihe gito akatiwe igifungo cya burundu n’Urukiko Rwisumbuye

Munyenyezi wakatiwe gufungwa burundu Read More »

Perezida Kagame yavuze uko imyanya ihoraho y’Afurika muri UNSC yakoreshwa

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatanze umucyo ku buryo imyanya ihoraho Umugabane w’Afurika uzahabwa mu Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano ku Isi (UNSC) yakoreshwa, nyuma y’abibazaga uko bizagenda kugira ngo idateza amacakubiri n’ubusumbane mu bihugu byose by’Afurika. Ubusanzwe, Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano ku Isi kagizwe n’imyanya 15, irimo itanu ihoraho y’ibihugu bifite ubudahangarwa ari

Perezida Kagame yavuze uko imyanya ihoraho y’Afurika muri UNSC yakoreshwa Read More »

Gaspard wari Minisitiri w’Uburezi yasimbujwe Joseph Nsengimana

Perezida wa Repubukika y’u Rwanda, Paul Kagame yashyize mu myanya abarimo Nsengimana Joseph wagize Minisitiri w’Uburezi asimbuye Gaspard Twagirayezu. Byatangajwe kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11 Nzeri 2024, mu Itangazo ry’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, ryavuze ko Perezida wa Repubulika yashyize mu myanya abayobozi barimo Minisitiri w’Uburezi Nsengiyumva Joseph. Ryavuze ko Gaspard Twigarayezu yagizwe Umuyobozi Mukuru

Gaspard wari Minisitiri w’Uburezi yasimbujwe Joseph Nsengimana Read More »

Amb. Kayonga yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Kazakhstan

Ambasade y’u Rwanda muri Turikiya yatangaje ko Amb. Charles Kayonga yatanze izo mpapuro kuri uyu wa 11 Nzeri 2024, mu biro bya Perezida wa Kazakhstan bizwi nka Akorda Residence muri Astana. Kayonga wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, yagizwe ambasaderi w’u Rwanda muri Turikiya asimbuye Fidelis Mironko mu 2023. Amb. Kayonga ahagarariye u Rwanda

Amb. Kayonga yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Kazakhstan Read More »

Umusore yafatiwe mu cyuho asambanya inka 

Ndikumana Enock w’imyaka 19, wo mu Mudugudu wa Nyagahinga, Akagari ka Gitwa, Umurenge wa Gihombo, Akarere ka Nyamasheke, afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Gihombo, akekwaho gusambanya inka y’umuturanyi wabo imaze umwaka n’igice ivutse. Nk’uko umwe mu baturage bamuguye gitumo akanaba umwe mu bamujyanye kuri Sitasiyo ya RIB ya Gihombo yabibwiye Imvaho Nshya,

Umusore yafatiwe mu cyuho asambanya inka  Read More »

Imashini yi kwifashishwaga mugukora umuhanda yakoze impanuka

Imwe mu mashini ziri kwifashishwa mu gukora umuhanda wa kaburimbo wa Ngoma Bugesera yakoze impanuka, umugabo w’imyaka 43 wari uyitwaye yitaba Imana mu gihe abandi babiri barimo n’umuturage bajyanywe mu bitaro bya Kibungo nyuma yo gukomereka. Ni impanuka yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Nzeri 2024, ibera mu Mudugudu wa Kigarama mu Kagari

Imashini yi kwifashishwaga mugukora umuhanda yakoze impanuka Read More »

RwandAir yasubitse ingendo zayo zerecyezaga kuri Jomo Kenyatta International Airport muri Kenya

Ubuyobozi bwa Sosiyete y’u Rwanda y’Indege, RwandAir bwatangaje ko bwasubitse ingendo zayo zerecyezaga ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cyitiriwe Jomo Kenyatta International kuri uyu wa Gatatu, kubera imyigaragambyo yaramukiye kuri iki Kibuga. Iyi myigaragambyo yaramukiye kuri Jomo Kenyatta International Airport mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Nzeri 2024, nyuma yuko Guverinoma ya Kenya

RwandAir yasubitse ingendo zayo zerecyezaga kuri Jomo Kenyatta International Airport muri Kenya Read More »