wex24news

AMAKURU

ubworozi bw’amagweja bubinjiriza miliyoni 74 Frw ku mwaka

Ubworozi bw’amagweja, bugikorwa n’abatari benshi mu Rwanda, bukomeje guhindurira ubuzima ababwitabiriye barimo abanyamuryango ba Koperative Isonga mu Majyambere ibarizwa mu Karere ka Gatsibo.  Abanyamuryango b’iyi Koperative ni 56 bavuga ko ubu bworozi bubinjiriza impuzandengo ya miliyoni zisaga 74 z’amafaranga y’u Rwanda mu gihe cy’umwaka umwe, aho buri munyamuryango aba yinjije asaga miliyoni 1,3 Frw. Amagweja, […]

ubworozi bw’amagweja bubinjiriza miliyoni 74 Frw ku mwaka Read More »

Dosiye ya Pasiteri Ntambara yagejejwe mu Bushinjacyaha

Dosiye ya Pasiteri Ntambara Felix wigeze kuba Umuyobozi wa ‘Asaph Music International’ yo muri ‘Zion Temple’ nubwo atakibarizwa muri iri torero, yagejejwe mu Bushinjacyaha. Uyu mugabo aherutse gutabwa muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo kwaka icyo utari bwishyure n’icyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry, yavuze ko dosiye

Dosiye ya Pasiteri Ntambara yagejejwe mu Bushinjacyaha Read More »

Ibigo by’amashuri 47 byafunzwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwasobanuye imvano y’icyemezo cyo gufunga ibigo by’amashuri 49 byigenga bitari byujuje ibisabwa nyamara byaratangiye “kwigisha abana b’u Rwanda.” Umwaka mushya w’amashuri wa 2024-2025 watangiye ku wa 9 Nzeri 2024. Mu gihe bamwe batangiye amashuri, hari ibigo 47 byo mu Karere ka Rubavu byiganjemo iby’amashuri y’inshuke byafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa. Umuyobozi w’Akarere

Ibigo by’amashuri 47 byafunzwe Read More »

Batiri ya telefoni yatwitse inzu y’umuryango w’abantu 7

Inzu y’umuryango w’abantu 7 wa Rwamuhizi David utuye mu Kagari ka Raro, Umurenge wa Kanjongo, Akarere ka Nyamasheke, yafashwe n’inkongi y’umuriro irakongoka hakekwa batiri ya telefoni nk’intandaro yayo.  Ku wa Mbere tariki ya 9 Nzeri, ubwo umugabo yari mu rugo wenyine umugore n’abana batanu bafitanye badahari, inzu, igikoni n’ubwiherero byose byahiye birakongoka.  Abaturage bagerageje kuzimya umuriro

Batiri ya telefoni yatwitse inzu y’umuryango w’abantu 7 Read More »

Rachid yasabiwe gufungwa imyaka 14

Ubushinjacyaha bwasabiye Hakuzimana Abdoul Rachid wamenyekanye kuri YouTube gufungwa imyaka 14. Rachid mu rukiko ntiyigeze yiregura icyaha ku kindi, ariko yasabye ko yarekurwa. Yavugaga ko ntawamureze ahubwo we yari yiteguye kurega umushinja ko yiyitirira Ubushinjacyaha. Byari biteganyijwe ko Hakuzimana Abdoul Rachid atangira kwiregura icyaha ku kindi, gusa ahawe umwanya ngo yiregure siko yabigenje. Hakuzima Abdoul

Rachid yasabiwe gufungwa imyaka 14 Read More »

Musonera Germain yakatiwe gufungwa by’agateganyo iminsi 30

Urukiko rw’ibanze rwa Kiyumba rwakatiye gufungwa by’agateganyo iminsi 30, Musonera Germain, kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akurikiranyweho yakoreye mu yahoze ari Komini Nyabikenke, ubu ni mu Murenge wa Kiyumba mu Karere ka Muhanga. Musonera Germain wari ugiye kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko, ku rutonde rw’abakandida Depite b’Umuryango FPR Inkotanyi, yakuwe kuri urwo rutonde

Musonera Germain yakatiwe gufungwa by’agateganyo iminsi 30 Read More »

Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente yatangije ibikorwa byo kubaka ‘Kigali Innovation City’

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yashyize ibuye ry’ibatizo ahagiye kubakwa Umujyi wo Guhanga Ibishya,Kigali Innovation City (KIC), avuga ko uwo mujyi utazafasha u Rwanda gusa ahubwo ko uzanateza imbere Isi muri rusange mu bijyanye n’ikoranabuhanga no guhanga ibishya. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Nzeri 2024, i Kigali mu Karere ka

Minisitiri w’Intebe, Dr. Ngirente yatangije ibikorwa byo kubaka ‘Kigali Innovation City’ Read More »

Abapolisi barangije amahugurwa yo gucyunga umutekano wo mu mazi

Abapolisi 25 b’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu mazi, barangije amahugurwa bari bamazemo ukwezi n’igice bakoreraga mu Kiyaga cya Kivu mu Karere ka Rubavu. Aya mahururwa yasojwe kuri uyu wa Mbere tariki 09 Nzeri 2024, yatangiwemo ubumenyi butandukanye, burimo koga, ubunararibonye n’ubutabazo bwo mu mazi, ndetse n’imikorere ya moteri y’ubwato. Umuyobozi w’Ishami

Abapolisi barangije amahugurwa yo gucyunga umutekano wo mu mazi Read More »

Abantu batatu baguye mu mpanuka ikomeye y’imodoka

Imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yakoreye impanuka mu Karere ka Kicukiro, ihitana abantu batatu, aho iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko uwari uyitwaye yayigiyemo abizi ko ifite ikibazo, ndetse na we ubwe akaba yamaze kwishyikiriza Polisi. Iyi mpanuka ikomeye yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, tariki 09 Nzeri 2024 ubwo iyi modoka yo mu

Abantu batatu baguye mu mpanuka ikomeye y’imodoka Read More »