ubworozi bw’amagweja bubinjiriza miliyoni 74 Frw ku mwaka
Ubworozi bw’amagweja, bugikorwa n’abatari benshi mu Rwanda, bukomeje guhindurira ubuzima ababwitabiriye barimo abanyamuryango ba Koperative Isonga mu Majyambere ibarizwa mu Karere ka Gatsibo. Abanyamuryango b’iyi Koperative ni 56 bavuga ko ubu bworozi bubinjiriza impuzandengo ya miliyoni zisaga 74 z’amafaranga y’u Rwanda mu gihe cy’umwaka umwe, aho buri munyamuryango aba yinjije asaga miliyoni 1,3 Frw. Amagweja, […]
ubworozi bw’amagweja bubinjiriza miliyoni 74 Frw ku mwaka Read More »