wex24news

AMAKURU

Ubukungu bw’u Rwanda buzamukaho 9,3% buri mwaka

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu myaka itanu iri imbere ubukungu bw’u Rwanda nibura buzajya buzamukaho 9,3% buri mwaka. Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard, yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2024, ubwo yageza ku Nteko Ishinga Amategeko, Imitwe Yombi, Gahunda ya Kabiri ya Guverinoma yo Kwihutisha Iterambere Rirambye (NST2/2024-2025). Ni gahunda yubakiye […]

Ubukungu bw’u Rwanda buzamukaho 9,3% buri mwaka Read More »

RIB yataye muri yombi 45 bari bamaze kwiba asaga miliyoni 400

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abajura 45 bibaga abantu bakoresheje amayeri atandukanye cyane cyane Mobile Money. Umuvugizi wa RIB, Dr Thierry B. Murangira yatangaje ko abo bajura bari bamaze kwiba abantu arenga miliyoni 400 Frw hagendewe ku batanze ibirego hagati ya Mutarama na Nyakanga 2024. Dr Murangira yatangaje ko abo bantu bafashwe mu bihe bitandukanye

RIB yataye muri yombi 45 bari bamaze kwiba asaga miliyoni 400 Read More »

Amategeko ahamye yatumye tubungabunga ibidukikije-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagaragarije Isi ukuntu amategeko ahamye u Rwanda rwashyizeho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yatumye rubungabunga ibidukikije by’umwihariko umutungo kamere. Yabigarutse kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Nzeri 2024, ubwo yatangiza ku mugaragaro inama mpuzamahanga y’iminsi itatu, y’abari mu rwego rw’ubutabera mu Bihugu byo Muryango w’Ibihugu

Amategeko ahamye yatumye tubungabunga ibidukikije-Perezida Kagame Read More »

Minisitiri w’Ingabo yitabiriye inama ku ikoreshwa rya AI mu gisirikare

Kuri uyu wa Mbere, intumwa ziyobowe na Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, zitabiriye inama ku ikoreshwa ry’ubwenge buhimbano mu bya gisirikare (’Responsible Artificial Intelligence (AI) in the Military Domain Summit’ (REAIM), ibera i Seoul muri Korea y’Epfo, aho ari kumwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Olivier Nduhungirehe n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe imikoranire mpuzamahanga mu Gisirikare cy’u

Minisitiri w’Ingabo yitabiriye inama ku ikoreshwa rya AI mu gisirikare Read More »

Umugeni yakubise ishoka umugabo we bapfuye impano

Mu karere ka Gicumbi umugore witwa Bantegeye Yvonne wo mu Murenge wa Nyankenke mu Karere ka Gicumbi, yakubise ishoka umugabo we witwa Selemani nyuma y’icyumweru kimwe bakoze ubukwe. Abaturage bavuga ko kugira ngo uyu mugore akubite umugabo we ishoka byaturutse ku kutumvikana ku mikoreshereje y’impano bahawe mu bukwe. Umwe yabwiye Radio/TV1 dukesha iyi nkuru ati

Umugeni yakubise ishoka umugabo we bapfuye impano Read More »

U Bushinwa bushyigikiye u Rwanda mu kwimakaza Ubumwe bw’Abanyarwanda

Inama y’Ihuriro ku Butwererane bw’Afurika n’u Bushinwa (FOCAC 2024) yatanze umusaruro ufatika mu kurushaho gushimangira ubutwererane bw’Ibihugu by’Afurika birimo n’u Rwanda, aho u Bushinwa bwiyemeje gushora miliyari 50 z’amadolari y’Amerika ziyingera ku nkunga ya gisirikare.  Ku birebana n’umubano w’u Bushinwa n’u Rwanda, ibihugu byombi byasohoye itangazo ryemeza gahunda mpuzamahanga eshatu, ndetse byiyemeza kurushaho kwimakaza umubano

U Bushinwa bushyigikiye u Rwanda mu kwimakaza Ubumwe bw’Abanyarwanda Read More »

Umugore wafatiwe mu bucuruzi bw’ibitemewe yashatse guha Abapolisi ruswa 

Umugore wafatiwe mu bucuruzi bw’ibitemewe burimo amasashe na kanyanda yakoreraga mu Murenge wa Rwempasha mu Karere ka Nyagatare, yashatse guha Abapolisi ruswa y’ibihumbi 101 Frw ngo bamukingire ikibaba, bahita bamuta muri yombi. Uyu mugore yafatiwe mu Kagari ka Bishenyi mu Murenge wa Rwempasha mu gitondo saa mbiri, aho yasanganywe amasashe ibihumbi 160 yari yinjirijwe mu

Umugore wafatiwe mu bucuruzi bw’ibitemewe yashatse guha Abapolisi ruswa  Read More »

Urubyiruko rugiye kwifashishwa mu kugabanya umubare w’abahitanwa n’impanuka

Abagize ihuriro ry’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha (RYVCP) rwo mu Mujyi wa Kigali, ejo ku wa Kane tariki ya 5 Nzeri, bitabiriye amahugurwa agamije kubaha ubumenyi bwo kuzafasha abakoresha umuhanda kugira imyitwarire isigasira umutekano wawo mu gihe bawukoresha. Ni amahugurwa y’umunsi umwe, yabereye muri Kigali Conference and Exhibition Village mu Karere ka Nyarugenge, yateguwe ku

Urubyiruko rugiye kwifashishwa mu kugabanya umubare w’abahitanwa n’impanuka Read More »

Umuntu wavuye muri Congo yarashe amasasu ahunga

Umuntu wari witwaje intwaro waturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yinjiye mu Karere ka Rubavu aje kwiba Inka y’umuturage, ateshwa n’irondo, arasa amasasu mu kirere ahunga. Byabaye mu ijoro ryakeye, bibera mu Isibo y’Icyerekezo, Umudugudu wa Kageyo, Akagali Ka Rusura mu Murenge wa Busasamana. Amakuru avuga ko uwo bikekwa ko ari umu Wazalendo cyangwa

Umuntu wavuye muri Congo yarashe amasasu ahunga Read More »