Perezida Kagame yeretse Isi uko u Rwanda rwishatsemo ibisubizo rugatera imbere
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yeretse amahanga ko kwishakamo ibisubizo kw’Abanyarwanda ari byo byatumye bikura mu bibazo bari basigiwe na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibyo kandi babashije kubigeraho kubera ko bashyiriweho inzego zihamye ndetse na Politiki yimakaza ubumwe no guha ijambo abaturage. Yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Nzeri 2024, […]
Perezida Kagame yeretse Isi uko u Rwanda rwishatsemo ibisubizo rugatera imbere Read More »