wex24news

AMAKURU

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abarimo Ruto wa Kenya

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame uri i Beijing mu Bushinwa aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ku bufatanye bw’Afurika n’u Bushinwa, (FOCAC), yagiranye ibiganiro na Perezida wa Seychelles Wavel Ramkalawan n’uwa wa kenya William Ruto. Ibiganiro byibanze ku buryo bwo kurushaho gushimangira umubano w’ibihugu byombi usanzwe utanga umusaruro. Ejo ku wa Kabiri tariki ya 3 […]

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abarimo Ruto wa Kenya Read More »

Arembejwe no gukubitwa n’abana

Nsabimana Isaïe w’imyaka 55 utuye mu Mudugudu wa Ryarubasha, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Rangiro, Akarere ka Nyamasheke, arembeye mu Kigo Nderabuzima cya Rangiro, nyuma yo gukubitwa no gukomeretswa n’abana be bane bapfa umurima. Intandaro y’ikubitwa n’ikomeretswa rye, ni amakimbirane n’umwiryane uturuka ku guhabwa umunani ikomeje gututumba mu muryango we w’abana 11 yabyate ku bagore

Arembejwe no gukubitwa n’abana Read More »

Urukiko rwanze ubusabe bwa Karasira Aimable bwo guhabwa amafaranga 

Urukiko Rukuru, Urugereko Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka, ruri i Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo, rwanze ubusabe bwa Karasira Uzaramba Aimable wasabye ko hakorwa mu mutungo we urimo amafaranga Ubushinjacyaha bwafatiriye, kugira ngo yongere kwishyura abunganzi be mu mategeko. Ni bimwe mu byaranze iburanisha ryo ku wa 03 Nzeri 2024 ubwo Aimable Karasira Uzaramba yasubiraga mu

Urukiko rwanze ubusabe bwa Karasira Aimable bwo guhabwa amafaranga  Read More »

Ingabo z’u Rwanda zatashye amashuri zubakiye abaturage

Ingabo z’u Rwanda kuri uyu wa 2 Nzeri 2024 zatashye ibyumba by’amashuri bine zubatse mu ntara ya Cabo Delgado iherereye mu majyaruguru ya Mozambique, mu rwego rwo gufasha abaturage bari barazahajwe n’ibyihebe. Ibi byumba bifite ubushobozi bwo kwakira abanyeshuri 500 biri mu ishuri ribanza rya Namalala ubusanzwe ritagiraga inyubako kuko abanyeshuri 122 baryo bigiraga munsi

Ingabo z’u Rwanda zatashye amashuri zubakiye abaturage Read More »

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye mugenzi we wa Sierra Leone

Kuri uyu wa Kabiri tariki 3 Nzeri 2024, Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yakiriye mugenzi we wa Sierra Leone, Dr David Moinina Sengeh bagirana ibiganiro. Minisitiri w’Intebe Dr. David Moinina Sengeh ari mu Rwanda aho yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Biribwa (Africa Food System Forum). Abayobozi bombi baganiriye ku buryo amasezerano ibihugu byombi byashyizeho umukono

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye mugenzi we wa Sierra Leone Read More »

U Rwanda n’u Bushinwa basinyanye amasezerano 

Kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024 u Rwanda rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’u Bushinwa agamije gukomeza kwagura ubufatanye mu iterambere. Amasezerano asinywe mu gihe i Beijing hari kubera Inama y’Ihuriro ku bufatanye bwa Afurika n’u Bushinwa (FOCAC). Yashyizweho umukono na Yusufu Murangwa, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi w’u Rwanda na Liu Junfeng, Umuyobozi wungirije w’Ikigo Mpuzamahanga

U Rwanda n’u Bushinwa basinyanye amasezerano  Read More »

Perezida Kagame yashimye umusaruro w’ubufatanye bwa Afurika na Asia

Perezida Paul Kagame yashimye umusaruro w’ubufatanye bw’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika na Aziya, bwashibutse ku nama yabereye mu mujyi wa Bandung muri Indonesia tariki ya 18 Mata 1955. Iyi nama yahuje abahagarariye ibihugu 29 byo muri Afurika na Aziya byari mu nzira y’iterambere. Baganiriye ku bukoloni bimwe mu bihugu byari bikirimo n’uburyo amahoro n’iterambere

Perezida Kagame yashimye umusaruro w’ubufatanye bwa Afurika na Asia Read More »

Hagiye kuzura uruganda rwenga inzoga mu birayi

Mu Murenge wa Nyange, Akarere ka Musanze, hagiye kuzura uruganda rugiye kujya rwenga inzoga mu birayi yitwa VODKA. Ubwo ubuyobozi burangajwe imbere na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice aherekejwe na Nsengimana Claudien Umuyobozi w’Akarere ka Musanze basuraga ahari gukorerwa imirimo yo kubaka urwo ruganda ku wa Mbere tariki 02 Nzeri 2024, bishimiye aho iyo mirimo

Hagiye kuzura uruganda rwenga inzoga mu birayi Read More »

U Rwanda na Indonesia byasinyanye amasezerano

Uruzinduko rw’iminsi ibiri rw’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame rusize abikorera bo mu Rwanda no muri Indonesia basinye amasezerano y’ubufatanye hagati y’Urugaga rw’abikorera mu Rwanda, (PSF), n’urw’abikorera muri Indonesia, (KADIN), mu guteza imbere ubucuruzi, inganda, ikoranabuhanga, ubukerarugendo no kubungabunga ibidukikije. Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Clementine Mukeka, yavuze ko aya masezerano yasinyiwe

U Rwanda na Indonesia byasinyanye amasezerano Read More »

Perezida Kagame yitabiriye Inama y’Ihuriro ya Afurika n’u Bushinwa

Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, yageze mu Mujyi wa Beijing mu Bushinwa aho yitabiriye Inama y’Ihuriro ku bufatanye bwa Afurika n’u Bushinwa (Forum on China-Africa Cooperation – FOCAC), izatangira ku wa Gatatu tariki 4-6 Nzeri 2024. Inama izaha urubuga rwo kungurana ibitekerezo no kurebera hamwe umubano hagati y’u Bushinwa n’ibihugu bya

Perezida Kagame yitabiriye Inama y’Ihuriro ya Afurika n’u Bushinwa Read More »