wex24news

Blog

Your blog category

abayobozi bashinjwa kubeshyera umuturage ko yibye ihene

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwohereje mu Bushinjacyaha dosiye iregwamo abantu barindwi barimo abayobozi bo mu nzego z’ibanze, babeshyeye umuturage ko yibye ihene. Abo barimo Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Ngara mu Murenge wa Bumbogo, Rugigana Pacifique, Umuyobozi w’Umudugudu wa Uwaruraza, Ngiramahirwe Isaac, Ntakobagira Viateur wari ushinzwe umutekano muri uwo mudugudu, Nzabahimana Gratien, Nikuze François, […]

abayobozi bashinjwa kubeshyera umuturage ko yibye ihene Read More »

Uwahoze ari umunyezamu wa Police FC yagizwe umukozi muri RBC

Uwahoze ari umunyezamu wa Police FC, Kwizera Janvier uzwi nka Rihungu yabonye akazi mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, aho uretse kugikorera bisanzwe azaba ari n’umukinnyi w’ikipe yabo mu mikino ihuza ibigo bya Leta. Uyu munyezamu w’imyaka 26, yahisemo kujya muri RBC nubwo hari amakipe menshi yari yamwifuje nyuma yo gutandukana na Police FC yari amazemo

Uwahoze ari umunyezamu wa Police FC yagizwe umukozi muri RBC Read More »

Tshisekedi yibasiye Perezida Ruto amuhora u Rwanda

Perezida Félix Tshisekedi wa Congo Kinshasa yibasiye mugenzi we Dr William Ruto wa Kenya, amushinja gucunga nabi gahunda y’ibiganiro bya Nairobi ahubwo akabogamira ku Rwanda. Tshisekedi yabigarutseho ubwo yavugiraga mu kiganiro cyateguwe n’ikigo Brookings Institution cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni ikiganiro cyagarutse ku makimbirane yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya

Tshisekedi yibasiye Perezida Ruto amuhora u Rwanda Read More »

Rwabuhihi yasubiye muri Kiyovu Sports yazamukiyemo

Rwabuhihi Placide wari umaze imyaka ine muri APR FC yasubiye muri Kiyovu Sports yubakiyemo izina. Uyu mukinnyi ushobora gukina hagati ndetse no mu bwugarizi yasinye amasezerano y’imyaka ibiri mu Urucaca. Rwabuhihi aheruka gutandukana n’Ikipe y’Ingabo yari amazemo imyaka ine nyuma yo kumugura muri Kiyovu Sports mu 2020, umwe mu myaka yamugendekeye neza. Nyuma yo gusanga

Rwabuhihi yasubiye muri Kiyovu Sports yazamukiyemo Read More »

Israel yagabye Igitero cyo kwihore muri Yemen 

Igitero gikomeye cy’indege cyahungabanyije umujyi wa Hodeidah ku cyambu cyo ku Nyanja Itukura nyuma y’umunsi umwe abayobozi ba Israel bahize ko bazihorera igitero cya drone kibasiye Tel Aviv. Ibitero by’indege byibasiye ibikorwa remezo byo gutunganya peteroli n’amashanyarazi, bituma umuriro mwinshi ugurumana. Nibwo bwa mbere Yemeni yibasiwe ku mugaragaro kuva inyeshyamba z’Aba-Houthi zaho zatangira kurasa muri

Israel yagabye Igitero cyo kwihore muri Yemen  Read More »

Iran yahakanye ibyo gushaka kugirira nabi Trump

Iran yamaganye yivuye inyuma amakuru yo gushaka guhitana Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uri no mu bakandida bahabwa amahirwe uyu mwaka. Kuri uyu wa Gatatu ibinyamakuru byo muri Amerika birimo CNN byatangaje ko bifite amakuru yizewe aturuka mu bayobozi ba Amerika, y’uko inzego z’umutekano ziryamiye amajanja kubera umugambi wa Iran wo

Iran yahakanye ibyo gushaka kugirira nabi Trump Read More »

Umugabo yiyahuye amaze gukora ibara mu rugo rwe

Umugabo wo mu karere ka Nyaruguru arakekwaho gutema umugore n’umwana we, ahita yiyahurira. Byabereye mu mudugudu wa Gasave, mu kagari ka Raranzige mu murenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru. Nyuma y’uko bimenyekanye ko yatemye umugore n’umwana yahise yikingirana mu nzu wenyine, abaturanyi batabaye basanga yikingiranye mu nzu, bamwe bihutira kujyana umugore n’umwana kwa muganga,

Umugabo yiyahuye amaze gukora ibara mu rugo rwe Read More »

Ibi ni iby’agateganyo dutegereje ibisesuye

Umukandida wigenga Mpayimana Phillippe, yagaragaje ko ibyibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu ari iby’agateganyo, agaragaza ko agifite icyizere mu gihe hagitegerejwe itangazwa ry’umwanzuro ntakuka w’ibyavuye mu matora. Mpayimana Phillippe, yagize ati “Buriya ndi kimwe n’abandi Banyarwanda bose dukeneye kumenya ibivuye mu matora byuzuye bisesuye, ibi baratubwira ko ari agateganyo. Ntago nagira icyo mbivugaho icyo Abanyarwanda

Ibi ni iby’agateganyo dutegereje ibisesuye Read More »

Imvura idasanzwe yatunguye abaturage

Imvura itunguranye ivanze n’urubura yaguye mu Karere ka Karongi mu Murenge wa Gitesi, yangiza ibikorwa by’ubuhinzi by’abaturage, inangiza imirima y’icyayi cya Gisovu. Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko iyo mvura yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 08 Nyakanga 2024, mu masaha ya saa cyenda z’amanywa, yangiza imirima y’imyaka y’abaturage, yahise itangira kubarurwa

Imvura idasanzwe yatunguye abaturage Read More »