wex24news

Blog

Your blog category

nyuma yuko Pudence Rubingisa ahiduriwe inshingano Umujyi wa Kigali urara ubonye umuyobozi.

Dr Kayihura avuga ko Umujyi wa Kigali uza kurara ubonye abayobozi bashya kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023, nyuma y’amatora aza gukorwa mu masaha y’igicamunsi. Abaza gutorwa ni Umuyobozi usimbura Pudence Rubingisa wagiye kuba Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba, hamwe n’usimbura Dr Merard Mpabwanamaguru wari Umuyobozi wungirije ushinzwe Imiturire n’Ibikorwa Remezo. Icyakora nta byinshi Dr […]

nyuma yuko Pudence Rubingisa ahiduriwe inshingano Umujyi wa Kigali urara ubonye umuyobozi. Read More »

abarimu basabye leta kubona aho kurambika umusaya bitabagoye.

kUmunsi Mpuzamahanga wahariwe Mwarimu wabaye kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2023, abarimu basabyere leta ko bashyirirwaho gahunda yo kubona amacumbki muburyo butabagoye. umwe mubarimu wavuze mwizina ryabangenzi be witwa Nambajimana Jean Pierre yavuze ko leta y’ urwanda yabafashije byinshi ariko bagifite nikibazo cyo kubona aho barambika umusaya bitabahenze. ati ”nyakubahwa minisitiri turabashimira ibyo

abarimu basabye leta kubona aho kurambika umusaya bitabagoye. Read More »

umwe mubimukira bo mubwongereza yiyahuye

Umwimukira wari ufungiye muri kontineri iri hejuru y’amazi y’ahitwa Bibby Stockholm, mu Bwongereza yiyahuye. Polisi yavuze ko iperereza kuri urwo rupfu rutunguranye ku cyambu cya Portland mu Karere ka Dorset, mu Bwongereza ryatangiye.Umwe mu bafungiye muri iyo kontineri yabwiye The Guardian ko urwo rupfu rudatunguranye kubera imibereho mibi abarimo babayeho. Ati “Uru rupfu ntabwo rutunguranye

umwe mubimukira bo mubwongereza yiyahuye Read More »

itariki y’amatora ya repubulika yamenyekanye.

Amatora ya Perezida wa Repubulika yamaze kwemezwa ko azabera rimwe n’ay’Abadepite ateganyijwe umwaka utaha ku wa 15 Nyakanga 2024. Ku banyarwanda batorera hanze y’u Rwanda amatora azaba mbere yaho ku wa 14 Nyakanga 2024. Ni amatariki yasohotse kuri uyu wa 11 Ukuboza 2023 mu iteka rya Perezida.Ni bwo bwa mbere amatora ya Perezida wa Repubulika

itariki y’amatora ya repubulika yamenyekanye. Read More »

Muzitabire muri benshi na ya ndirimbo ya champions league izariribwa” igitaramo cya chorale de Kigali cyahumuye!

Taliki 17.ukuboza 2023 ni umunsi wa mateka kubakunzi ba chorale de Kigali yiyemeje kuzashimisha abitabiriye igitaramo “Chrismas Colors” yateguye. Mu kiganiro cyahuje Chorale de Kigali n’abanyamakuru, bavuze ko uretse kuba iki gitaramo ari ngaruka mwaka, ngo abantu bitege udushya twinshi bazumva bakanabona uwo munsi kuko hari n’abashyitsi bakuru bashobora kuzatungurana bitabiriye.Chorale de kigali babajijwe niba

Muzitabire muri benshi na ya ndirimbo ya champions league izariribwa” igitaramo cya chorale de Kigali cyahumuye! Read More »

Umwe mubana ba Pasiteri Ezra Mpyisi yahakanye amakuru yavugaga ko yitabye imana.

Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2023 nibwo hatangiye kumvikana amakuru yavugaga ko umukozi w’Imana Pasiteri Ezra Mpyisi yapfuye. Amakuru yatangajwe na Shene ya YouTube yavugaga ko uyu mugabo yapfuye ndetse itangirira ku mateka bigaragaza ko bari bari kumubika nk’uwapfuye.Nyuma y’aya makuru atizewe na benshi ku ikubitiro, umukobwa

Umwe mubana ba Pasiteri Ezra Mpyisi yahakanye amakuru yavugaga ko yitabye imana. Read More »

Abaturage bo muri Gaza bahawe amasaha 24 yo kuba bamaze guhunga.

Umuryango w’Abibumbye UN wabwiwe n’igisirikare cya Israel ko buri muntu wese uba mu majyaruguru y’agace ka Wadi Gaza akwiye kwimukira mu majyepfo ya Gaza mu gihe kitarenze amasaha 24 ari imbere, nkuko bivugwa n’umuvugizi wa UN UN ivuga ko ibi bireba abantu hafi miliyoni 1.1 – ni ukuvuga hafi kimwe cya kabiri (1/2) cy’abaturage bose

Abaturage bo muri Gaza bahawe amasaha 24 yo kuba bamaze guhunga. Read More »

Inteko y’u Bwongereza yatoye Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda

kuri uyu wa 2 nibwo abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza bagejejweho umushinga w’itegeko witezweho gufasha iki gihugu gukuraho inzitizi zose zishobora gutuma gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda izamo kirogoya. Abagera kuri 313 mu badepite b’u Bwongereza batoye bashyigikira uyu mushinga w’itegeko na gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, mu gihe abatoye batawushyigikiye ari

Inteko y’u Bwongereza yatoye Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda Read More »

Papa Francis yatagaje aho azashyingurwa.

Ibi Papa Francis yabitangaje ubwo yarimo aganira n’itangazamakuru ku munsi w’ejo kuwa gatatu(3) taliki ya 13 Ukuboza 2023. Papa Francis yavuze ko mugihe yaba yitabye Imana, atagomba kuzashyingurwa muri St Peter’s Basilica nk’uko bisanzwe bikorwa ku bandi ba Papa.ubwo yaganiraga nitagazamakuru yivugiye ko ariho azashyigurwaMu magambo ye yagize ati: “Aho ngomba kuzashyingurwa kugeza uyu munsi

Papa Francis yatagaje aho azashyingurwa. Read More »

nyaxo yahawe imbabazi na leta y’uburundi

kanyabugande Olivier wamamaye mu Rwanda kubera amashyengo agira yamaze kurekurwa. Kanyabugande Olivier waburaga iminsi mike ngo yuzuze ibyumweru bibiri muri gereza bivugwa ko atari nziza , yamaze kurekurwa arataha. Amakuru avuga ko Nyaxo yafatiwe i Burundi hamwe n’abandi bose bagahita bafungwa.Aba bafashwe tariki 2_3 Ugushyingo 2023. Icyatumye aba bafungwa ntabwo cyavuzweho rumwe na cyane ko

nyaxo yahawe imbabazi na leta y’uburundi Read More »