wex24news

Blog

Your blog category

Abanduye Sida mu Rwanda ni bangahe?

Muri raporo yashyizwe ahagaragara n’urubuga rw’umuryango wiga ku bibazo byugarije Isi n’ibiza World Relief muri Kanama 2023, iyi raporo igaragaza ko 2022 yasize miliyoni 39 zibana na virus itera SIDA. Mu bushakashatsi bwakozwe muri 2022 na Rwanda Population-based HIV Impact Assessment (RPHIA) ibinyujije mu kigo cy’igihugu cyita ku buzima (RBC) n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu […]

Abanduye Sida mu Rwanda ni bangahe? Read More »

FARDC na M23 byonge gukozanyaho muri Nyiragongo

mirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta FARDC yasubukuye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu i Kibumba muri teritwari ya Nyiragongo, nk’uko abahatuye babyemeza. Sosiyete Sivile ya Nyiragongo ivuga ko inyeshyamba za M23 arizo zateye mbere ibirindiro by’ingabo za leta nyuma y’agahenge k’amasaha 72 katangajwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa

FARDC na M23 byonge gukozanyaho muri Nyiragongo Read More »

Pakistan:Abantu 23 baguye mu gitero  

Umutwe w’abarwanyi bagendera ku matwara akaze ya ki Islam ufitanye isano n’aba Talibani kuri uyu wa kabiri taliki ya 12 Ukuboza 2023, wateye ikicaro cya police y’iki gihugu ahagana mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba ,abantu bagera kuri makumyabiri na batatu bahise bahasiga ubuzima. Abashinzwe umutekano bavuze ko bijya gutangira bano barwanyi bazanye ikimodoka cya burende basenya

Pakistan:Abantu 23 baguye mu gitero   Read More »

amateka:menya ishyamba Arboretum rya kaminuza y’urwanda

Ishyamba rya Arboretum ni rimwe mu mashyamba manini ari mu Ntara y’Amajyepfo ariko mu yatewe n’abantu.Iri Ishyamba riri mu Karere ka Huye, mu murenge wa Ngoma, akagari ka Butare mu mudugudu wa Busenyi neza neza rikaba rikijije Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye. wex24news yifashishije inyandiko zitandukanye zerekana mateka yirishyamba itegura amateka yabimwe kubyo wamenya

amateka:menya ishyamba Arboretum rya kaminuza y’urwanda Read More »

minisitiri wintebe DR Ngirente eduard yarahije abashinja cyaha m’urwego rwa gisirikare.

Minisitiri w’Intebe Dr Eduard Ngirente, yasabye abarahiye kuzuza neza inshingano. ygize ati”Kuzuza neza inshingano zanyu neza bizabafasha kwimakaza umuco w’ikinyabupfura, bigakwira hose mu bushinjacyaha no mu gisirikare kandi nk’uko tubizi iyo ndangagagaciro idakenewe kuko uri umushinjacayaha ahubwo buri musirikare wese arayigira ahubwo dusaba n’abandi Banyarwanda bose ko bayigira.” Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yabasabye kandi kwirinda

minisitiri wintebe DR Ngirente eduard yarahije abashinja cyaha m’urwego rwa gisirikare. Read More »

umubyinnyi ishiwe thiery uzwi nka titi brown agiye gusubizwa imber y’ubutabera

Umubyinnyi Ishimwe Thiery wamamaye nka Titi Brown agiye gusubira imbere y’Urukiko. ni nyuma y’aho Ubushinjacyaha bwongeye kujurira mu rubanza rwa Tity Brown waherukaga gutsinda akagirwa umwere Ku wa Gatanu tariki 10 Ugushyingo 2023 Saa Yine n’igice za mu gitondo nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Ishimwe Thiery ahita afungurwa akimara gusomerwa, nyuma y’imyaka isaga

umubyinnyi ishiwe thiery uzwi nka titi brown agiye gusubizwa imber y’ubutabera Read More »

urutonde rw’ibyamamare muri cinema byitabye Imana mu 2023

Abakinnyi ba filime bitabye imana nyuma yo kwa mamara no kugaragaza ubuhanga mu mwuga wo gukina filime zitandukanye bavugwaho ibigwi byabo , inzibutso basize n’ibindi byinshi dore urutonde rwa bamwe mu bakinnyi ba filime b’igitsina gabo bapfuye mu mwaka wa 2023 nkuko batangazwa na entertainment weekly 1.Keith Jefferson keith jefferson umukinnyi wa kinnye muri filime

urutonde rw’ibyamamare muri cinema byitabye Imana mu 2023 Read More »

lt Gen Mubrakh muganga ni muntu ki?

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Lt General Mubarakh MUGANGA, ni umwe mu bagabo bafite ibigwi ntagereranywa mu gisirikare cy’u Rwanda uhereye ku mateka y’urugamba rwo kubohora igihugu, guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, n’ibindi bikorwa by’indashyikirwa yakomeje gukora na nyuma yaho. Usibye kuba ari umwe mu basirikare bafite igarade risumba ayandi mu ngabo z’u Rwanda,

lt Gen Mubrakh muganga ni muntu ki? Read More »

gakenke:Abagore babiri biyemereye kwica umwana w’umukobwa.

Abagore babiri bo mu Murenge wa Kamubuga mu Karere ka Gakenke, biyemereye ko baba ari bo babaye intandaro y’urupfu rw’umwana w’umukobwa, nyuma yo kumuha ibihumanya(uburozi) babishyize mu byo yarimo anywa. Uwo mwana w’umukobwa w’imyaka 6 wo mu Mudugudu wa Nyarungu Akagari ka Kamubuga, ari naho abo bagore bombi batuye, ngo ubwo yari atashye mu ma

gakenke:Abagore babiri biyemereye kwica umwana w’umukobwa. Read More »