wex24news

Blog

Your blog category

yakiriye abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Gicurasi 2024, Perezida Kagame yakiriye abantu 9 bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bari bayobowe na Bruce Westerman, uyobora Komisiyo y’Umutungo Kamere. Perezida Kagame aherutse kugaragaza ko bisa n’aho Paul Rusesabagina yatumye umubano w’ibihugu byombi uhungabana. Mu biganiro bagiranye byibanze ku rugendo rw’iterambere ry’u Rwanda […]

yakiriye abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Read More »

ufite ubumuga bwo kutabona Kandidatire nk’umukandida depite wigenga

Habarugira Frederic w’imyaka 43, ufite ubumuga bwo kutabona yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Kandidatire nk’umukandida wigenga ku mwanya w’Umudepite, mu matora ategerejwe muri Nyakanga 2024. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 Gicurasi 2024, aho ibyangambwa byose yasabwaga yabitanze, NEC imubwira ko igiye kubisuzuma, hagira ikiburamo agasabwa kukizana. Habarugira yagize ati: “Ni byiza itegeko nubwo riteganya

ufite ubumuga bwo kutabona Kandidatire nk’umukandida depite wigenga Read More »

Abantu bitwaje intwaro bahitanye abagera ku 8 bashimuta 150

Abagabo bitwaje imbuda bateye umudugudu wahitwa Kuchi muri Nigeria bica abantu 8 banashimuta abandi 150. Ibi byatangajwe na Guverineri, Aminu Najum, aho yabwiye ibiro ntaramakuru by’abafaransa, AFP ko abagabye igitero bari ku mapikipiki biroshye mu mudugudu wa Kuchi bica abantu umunani banafata bugwate ababarirwa mu 150. Guverineri Aminu Najum, yamaganiye kure ubwo bushimusi bwakozwe nayo

Abantu bitwaje intwaro bahitanye abagera ku 8 bashimuta 150 Read More »

yahaye iminsi mbarwa umusimbura we muri FC Barcelone

Xavi Hernández watozaga FC Barcelone, yavuze ko umutoza uzamusimbura muri iyi kipe atazoroherwa n’izo nshingano. Xavi w’imyaka 44, yirukanywe mbere yo gutoza umukino wa nyuma yatsinzemo FC Seville ibitego 2-1 ku Cyumweru. umudage Hansi Flick watoje u Budage na Bayern Munich ni we byitezwe ko azamusimbura. Xavi Hernandez yagize ati “Ku mutoza mushya, ndakubwiye ngo

yahaye iminsi mbarwa umusimbura we muri FC Barcelone Read More »

Diddy yasubijwe mu nkiko n’undi mugore

Diddy, umaze kuregwa gufata ku ngufu n’abarenga 5, kuri ubu yasubijwe mu rukiko n’undi mugore umushinja ko yamuhohoteye mu 1990. Nta minsi myinshi irashira Isi inenze Sean Combs uzwi nka P.Diddy cyangwa Diddy, nyuma y’uko hasohokeye amashusho akubita bikomeye Cassie Ventura wahoze ari umukunzi we. April Lampros yamaze kugeza ikirego mu rukiko ashinja umuraperi Diddy

Diddy yasubijwe mu nkiko n’undi mugore Read More »

Perezida yajyanywe kwa muganga nyuma yaho akomerekeye mu masiganwa

 Petr Pavel Perezida wa Repubulika ya Czech yajyanywe kwa muganga nyuma yo kugushwa na moto yari atwaye ari mu isiganwa arakomereka, nk’uko byemejwe n’abashinzwe itangazamakuru mu biro bye. Perezida Pavel w’imyaka 62, azwiho gukunda moto cyane. Muri iki gihe biravugwa ko afite moto yo mu bwoko bwa BMW R1200 GS. Ibiro bye byagize biti “ibikomere bye

Perezida yajyanywe kwa muganga nyuma yaho akomerekeye mu masiganwa Read More »

yitabiriye inama yasinze hitabazwa igipimo cya polisi

 Mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Nyamirama umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gikaya , yitabiriye inama ku Murenge ayigeramo akerewe ndetse yanasinze bigaragara, hitabazwa igipimo cya Polisi basanga afite hejuru ya 400%. Murenge wa Nyamirama hakorwaga inama yaguye y’umutekano y’Umurenge, yigaga ku gucunga umutekano no kurinda ibintu by’abaturage. Yitabiriwe n’abakuru b’Imidugudu, abayobozi b’Utugari, abakozi b’Umurenge

yitabiriye inama yasinze hitabazwa igipimo cya polisi Read More »

amasezerano y’imyaka itatu yo kumenyekanisha u Rwanda

FIFVE ishyirahamwe ry’Imikino y’Abakanyujijeho ku Isi bwasinyanye amasezerano y’imyaka itatu n’Ikigo gishinzwe kumenyekanisha udushya n’ibisubizo u Rwanda rwishatsemo. Iri shyirahamwe niryo ritegura Igikombe cy’Isi cy’Abakanyujijeho muri ruhago ku Isi giteganyijwe i Kigali tariki 1 kugeza 10 Nzeri 2024. Mu gihe imyiteguro irimbanyije, ubuyobozi bwa VCWC n’ubwa Rwanda Cooperation byasinyanye amasezerano y’imyaka itatu azafasha impande zombi

amasezerano y’imyaka itatu yo kumenyekanisha u Rwanda Read More »

abarenga 10 barimo Umucamanza, Umushinjacyaha n’Umugenzacyaha bafatiwe mu cyaha cyo kwaka indonke

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwashimangiye ko rwataye muri yombi abantu 10 n’abafatanyacyaha babo bakurikiranyweho icyaha cyo gusaba indonke abantu bafite ababo bafunzwe kugira ngo bafungurwe, ndetse rugaragaza uko iki cyaha cyagiye gikorwa. Mu bafashwe harimo umucamanza mu Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo witwa Micomyiza Placide n’Umushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Ngarama witwa Uwayezu Jean de Dieu. Hafunzwe

abarenga 10 barimo Umucamanza, Umushinjacyaha n’Umugenzacyaha bafatiwe mu cyaha cyo kwaka indonke Read More »