wex24news

Blog

Your blog category

amaze imyaka 12 mu muziki yatangaje ko agiye gushyira hanze filime

Burna Boy umaze imyaka 12 ahagaze neza mu muziki, yinjiye mu ruganda rwa sinema, ateguza gushyira hanze filime yitwa ‘3 Cold Dishes’ yerekana ubucuruzi bw’abantu. Burna Boy yavuze ko iyi filime izaba irimo abakinnyi b’amazina akomeye muri Nollywood, uruganda rwa sinema ya Nigeria. yayobowe na Asurf Oluseyi. Ni umuhanga mu kuyobora no gutunganya filime kuko […]

amaze imyaka 12 mu muziki yatangaje ko agiye gushyira hanze filime Read More »

yatanze kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika

Dr Frank Habineza Perezida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, DGPR, yashyikirije Komisiyo y’Amatora, Kandidatire ye ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Kuri uyu wa 20 Gicurasi 2024 nibwo Habineza yakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa, ku biro bya Komisiyo y’Amatora mu Kiyovu. Dr

yatanze kandidatire ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Read More »

igiye kuzana moto 700 nshya mu rwanda

Uruganda rukora moto zikoresha umuriro w’amashanyarazi rwa Spiro Rwanda rwatangaje ko bitarenze ukwezi gutaha ruzaba rwazanye moto 700 ziyongera kuri 300 rusanzwe rufite ku buryo ruzaba rubarura izigera ku 1000 mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali. Ibi ubuyobozi bwa Spiro Rwanda bwabitangaje ubwo iki kigo cyamurikaga sitasiyo esheshatu zihinduranyirizwaho batiri ariko hifashishijwe ikoranabuhanga. Arunkumar

igiye kuzana moto 700 nshya mu rwanda Read More »

Ani Elijah mu bitabiriye umwiherero w’Amavubi.

Ani Elijah rutahizamu wa Bugesera FC ni umwe mu bakinnyi bitabiriye umwiherero w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yitegura imikino ibiri ya Bénin na Lesotho. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Gicurasi ni bwo bamwe mu bakinnyi bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu bageze ku biro by’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda. Umwiherero uteganyijwemo abakinnyi bakina imbere mu gihugu bazakurikirwa

Ani Elijah mu bitabiriye umwiherero w’Amavubi. Read More »

Diamond ategerejwe mu bitaramo bibiri i Kigali.

Romy Jons usanzwe ari umwe mu bayobozi b’Ikigo cya Wasafi akaba na Dj wihariye w’umuhanzi Diamond Platnumz, agiye kongera gutaramira i Kigali nyuma y’igihe Abanyarwanda n’abandi bamutegereje mu bitaramo byihariye. uruhare mu ikorwa ry’indirimbo ‘Why’ The Ben yahuriyemo na Diamond. Iyi ndirimbo bombi bayiririmbanye bwa mbere mu itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards, mu muhango wabereye

Diamond ategerejwe mu bitaramo bibiri i Kigali. Read More »

Yasabye imbabazi kubera gukubita bikabije Cassie yamaganiwe kure

Nyuma yaho hasohotse amashusho agaragaza umuraperi Diddy akubita bikabije Cassie wahoze ari umukunzi we, kuri ubu yamwatse imbabazi ku mugaragaro bituma yamaganirwa kure na benshi bavuga ko ibyo yakoze birengeje kubisabira imbabazi. Aya mashusho yashyizwe hanze na CNN yafashwe na camera zo muri hoteli yitwa ‘InterContinental Hotel’ yo muri New York. Yafashwe muri Werurwe ya

Yasabye imbabazi kubera gukubita bikabije Cassie yamaganiwe kure Read More »

yahawe icyemezo mpuzamahanga mu kurengera ibidukikije.

I&M Bank Rwanda PLC yahawe icyemezo n’Ikigega cy’Imari cya Banki y’Isi gifasha abikorera, International Finance Corporation, kigaragaza ko inyubako y’icyicaro gikuru cy’iyi banki yubatswe mu buryo burengera ibidukikije, ibiyigira inyubako ya mbere mu Rwanda y’ubucuruzi yegukanye icyo cyemezo ku rwego mpuzamahanga. Binyuze muri gahunda ya Iyubake, abakiliya ba I&M banke bafite inzu bazajya bahabwa inguzanyo

yahawe icyemezo mpuzamahanga mu kurengera ibidukikije. Read More »

bari mubahataniye ibihembo bya ‘BET Awards 2024’.

Hamaze gutangazwa abahanzi mpuzamahanga bahataniye ibihembo bikomeye mu muziki bya ‘BET Awards 20-24’ harimo n’abo muri Afurika bahagaze neza ku rwego mpuzamahanga. Ibi bihembo byahinduye amateka y’umuziki w’Amerika cyane cyane abahanzi b’abirabura bahezwaga mu bindi bihembo. Maze televiziyo ya ‘black entertainment televisio’ ishyiraho ibihembo byo gushimira abahanzi b’abirabura bitwaye neza. ibi bihembo biba garuka mwaka

bari mubahataniye ibihembo bya ‘BET Awards 2024’. Read More »

byatagajwe ko ikibuga k’indege cya bugesera kizuzura muri 2027/2028.

Yvonne Makolo umuyobozi mukuru wa RwandaAir sosiyete nyarwanda itwaea abantu n]ibintu mu kirere. yatagaje ko ikibiga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera kizuzura mu mwaka wa 2027/2028. Makolo Yvonne yagize ati”turi ku musozo wo kubaka igicye cyo ku butaka, dukomereza ku cyo hejuru, muri 2027/2028 iki kibiga kizaba cyatangiye gukora”. Iki kibuga cy’indege cyatagiye kubakwa muri 2017

byatagajwe ko ikibuga k’indege cya bugesera kizuzura muri 2027/2028. Read More »

rwanda air yizewe ko izabasha gufasha Qatar airways kuziba icyuho muri Africa.

Badr Mohammed Al-Meer umuyobozi mukuru wa sosiyete itwara abantu n’ibintu mu kirere ya Qatar Airways yatagaje ko afitiye ikizere Rwanda Air mukuziba icyuho yuri iyi serivise mura Africa. kuri uyu wa 15 Gicurasi Meer Mohammed yatagaje ibi ashingiye ku masezerano sosiyete yagiranye na Rwanda Air. yanasobanuye ko Randa Air izabafasha kugeza abagenzi mu bindi bya

rwanda air yizewe ko izabasha gufasha Qatar airways kuziba icyuho muri Africa. Read More »