amaze imyaka 12 mu muziki yatangaje ko agiye gushyira hanze filime
Burna Boy umaze imyaka 12 ahagaze neza mu muziki, yinjiye mu ruganda rwa sinema, ateguza gushyira hanze filime yitwa ‘3 Cold Dishes’ yerekana ubucuruzi bw’abantu. Burna Boy yavuze ko iyi filime izaba irimo abakinnyi b’amazina akomeye muri Nollywood, uruganda rwa sinema ya Nigeria. yayobowe na Asurf Oluseyi. Ni umuhanga mu kuyobora no gutunganya filime kuko […]
amaze imyaka 12 mu muziki yatangaje ko agiye gushyira hanze filime Read More »