wex24news

Blog

Your blog category

perezida w’U burusiya vladmin putin yakuyeho minisitiri w’ingabo warumazeho imyaka 12.

peresida w’u Burusiya Vladimir Putin,kuru wa 12 Gicurasi2024 yasimbuje minisitiri w’ingabo Sergei Shoigu warumaze imyaka 12 murizi nshingano. Shoigu yagizwe umunyabanga w’akanama k’umutekano mu Burusiya yasimbujwe Andrei Belousov usazwe ari minisitiri w’intebe wugirije. Shoigu yari mu ba mbere bafata imyanzuro mu ntambara yu Burusiya ya Ukraine kuva mu Gashyanare 2022. Uyu munyapolitike niwe wamenyanga imibereho […]

perezida w’U burusiya vladmin putin yakuyeho minisitiri w’ingabo warumazeho imyaka 12. Read More »

Uburusiya: Minisitiri wungirije Ingabo yatawe muri yombi.

Urwego rukuru rw’ubutasi mu Burusiya ruvuga ko minisitiri wungirije w’ingabo yafunzwe acyekwaho ibyaha bya ruswa. Ejo hashize kuwa kabiri, akanama k’iperereza kavuze ko Timur Ivanov yafunzwe kandi ko harimo gukorwa iperereza kugirango harebwe niba nta bindi byaha bishamikiye kuri Ruswa ashinjwa. Uyu mugabo Ivanov, w’imyaka 47, yari yagenwe kuri uwo mwanya kuva mu 2016, aho

Uburusiya: Minisitiri wungirije Ingabo yatawe muri yombi. Read More »

izamuka ry’igiciro cy’umuceri wa Tanzania kigiye gushakirwa umuti.

Ibi yabitangarije kuri Radio&TV10 mu kiganiro cyagarukaga ku kibazo cy’umuceri wo muri Tanzania wakorewe isuzuma ugeze mu Rwanda bagasanga utujuje ubuziranenge. Gufunga uyu muceri byatumye ubura ku isoko ryo mu Rwanda bituma abawufite bawuzamura igiciro. Prof Ngabitsize yemeye ko hakozwe igenzura ku masoko y’umuceri, rigasanga koko ibiciro by’uyu muceri w’Umu-Tanzania byarazamuwe, kuko umufuka w’ibilo 25

izamuka ry’igiciro cy’umuceri wa Tanzania kigiye gushakirwa umuti. Read More »

ikibuga cy’indege cya Birmingham cyafunzwe nyuma yuko ubwongereza bwikanze igitero cy’iterabwoba.

Ubwo iyi ndege yahagagurukaga i Birmingham yerekeza i Belfast, umupilote wayo yaje gucyeka ko harimo ikintu gishobora guhungabanya umutekano w’abagenzi maze ahita ayisubiza ku kibuga cy’indege igitaraganya. Ubwo indege yagarukaga ku kibuga cy’indege cya Birmingham, abashinzwe gutegurura ibisasu bahise baza kureba niba cyaba ari igisasu nk’uko byari byaketswe, ni nako iki kibuga cy’indege cyahise gihagarikwa

ikibuga cy’indege cya Birmingham cyafunzwe nyuma yuko ubwongereza bwikanze igitero cy’iterabwoba. Read More »

 imwe mumishinga Leta zifatanyamo n’abikorera iracyadindizwa n’amikoro macye.

Ngo nubwo imyinshi mu mishinga ikorwa na za Leta, kubera ko ibarirwa hagati ya 85%-90% ari ikorwa na za Leta, ariko ngo uruhare rw’abikorera n’ingenzi muri imwe muri iyo mishinga, kugira ngo bashobore kuzanamo udushya, ndetse n’umwihariko wabo w’uburyo icungwamo, kubera ko biba bitandukanye cyane n’uburyo bikorwa na za Leta. Byagarutsweho ku wa Mbere tariki

 imwe mumishinga Leta zifatanyamo n’abikorera iracyadindizwa n’amikoro macye. Read More »

muhanga:Bishimiye ko hari inzibutso 3 za Jenoside zitazahuzwa.

Bamwe mu bafite ababo bashyinguye muri izi nzibutso 3 n’imva rusange ya Nyabisindu baravuga ko bishimiye ko hafashwe umwanzuro wo kurinda no gusigasira amateka y’Abatutsi biciwe muri utu duce bari batuyemo naho abandi bakahahungira bahizeye amakiriro. Gakwaya Thomas atuye mu Murenge wa Kiyumba yabwiye Imvaho Nshya ko bashimira inzego batakiye ko abavandimwe babo basanzwe bashyinguwe

muhanga:Bishimiye ko hari inzibutso 3 za Jenoside zitazahuzwa. Read More »

Abaterankunga batandukanye baratabaza nyuma y’uko  Israel irikwitambika gahunda yabo yo gutanga imfashanyo kuba nye Gaza. 

Prezida w’umuryango w’abaganga batagira imipaka, Isabelle Defourny yatanze impuruza ko muri iyo ntara hashobora kuba jenoside. Iyi miryango irasaba Isiraheli guhagarika umugambi wayo wo kugaba ibitero mu mujyi wa Rafah, uri mu majyepfo ya Gaza. Intambara muri Gaza yatangiye nyuma y’igitero umutwe wa Hamas wagabye muri Isiraheri kigahitana abantu barenga 1,200 abandi bagera ku 250

Abaterankunga batandukanye baratabaza nyuma y’uko  Israel irikwitambika gahunda yabo yo gutanga imfashanyo kuba nye Gaza.  Read More »

Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Minisitiri akaba na Perezida w’Intara ya Rhénanie-Palatinat yo mu Budage.

Perezidansi yatangaje ko Perezida Kagame yakiriye Malu Dreyer kuri uyu wa Kane baganira ku ngingo zirimo ijyanye na gahunda nshya yo guha urubyiruko rw’u Rwanda ubumenyi mu bya siyansi yiga ku bumenyamuntu. Muri ibyo biganiro hanzuriwemo ko imikoranire igezwa mu rwego rw’imiyoborere, iterambere ry’ishoramari no kuzamura ubukungu binyuze mu guhererekanya inararibonye. Intara ya Rhénanie Palatinat

Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Minisitiri akaba na Perezida w’Intara ya Rhénanie-Palatinat yo mu Budage. Read More »

Leta ya Somalia yashinje abayobozi ba Ethiopia kwivanga mu bibazo bya Somalia mu gihe ibihugu byombi birebana ay’ingwe.

Kubera uwo mwuka mubi Leta ya Somalia yafashe icyemezo cyo gufunga ibiro bya Ambasaderi wa Ethiopia mu Ntara za Somaliland na Puntland. Yamenyesheje kandi abahagarariye Ethiopia n’abakozi bo muri ibyo biro ko bagomba kuba bavuye mu gihugu cyabo mugihe kitarambiranye. Minisitiri wa leta ya Somalia ushinzwe ububanyi n’amahanga, Ali Omar, yatangaje ku rubuga, X, ko

Leta ya Somalia yashinje abayobozi ba Ethiopia kwivanga mu bibazo bya Somalia mu gihe ibihugu byombi birebana ay’ingwe. Read More »

Uganda:umugore utaramenyekana yinjiye mubitaro yiba umwana.

polisi yo muri iki gihugu itangaza ko umugore utaramenyekana yaje yiyoberanyije akinjira mu cyumba giherereyemo umudamu wari uvuye kubagwa yabyaye impanga ebyiri [umuhungu n’umukobwa],mukanya gato basanga umwe mu bana bavutse w’umuhungu yaburiwe irengero. Ukekwaho kwiba uruhinja rumwe, biravugwa ko ubwo yazaga mu bitaro yari yigize nk’umukozi uhakora, nyamara ntawigeze amutahura ngo amubaze n’amazina ye. Ikinyamakuru

Uganda:umugore utaramenyekana yinjiye mubitaro yiba umwana. Read More »