wex24news

Blog

Your blog category

Bruce Melodie yatangaje ukuri kubi muvugwaho we na The Ben.

Ibi yabivuze mu kiganiro mbonankubone cyaberaga ku rubuga rwa Instagram aho yanasobanuye ko urwango rutaturutse ku kuba yarakoranye indirimbo na The Ben ntisohoke ahubwo avuga ko ntayigeze ikorwa ati uwaba yarayibonye ihari azayisohore.Melodie anasobanura ku bijyanye n’imikoranire ku bahanzi bakuru n’abato bakizamuka ati ni ahantu hose generation ntago zikunda guhuza ariko nanone sibose biterwa n’uwo […]

Bruce Melodie yatangaje ukuri kubi muvugwaho we na The Ben. Read More »

Akarere ka burera niko kihariye umubare munini mukugwigiza abana mu mujyaruguru.

Bikaba byagarutsweho mu inama iri kubera mu karere ka musanze,Yateguwe na Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, igamije gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro yagiye ifatwa ku bibazo byugarije umuryango. Muri iyi nama niho hagaragarijwe ko uturere nka Musanze na Gicumbi tuza imbere muri iyi Ntara mu kugira abangavu batewe Inda kuva uyu mwaka watangira , aho abagera

Akarere ka burera niko kihariye umubare munini mukugwigiza abana mu mujyaruguru. Read More »

abana bimpunzi z’abarundi baretse ishuri,kugirango batazasubizwa iwabo kugahato.

Ni abana biga mu mashuli abanza yo mu nkambi ya Nduta muri Tanzaniya,batagikozwa ibyo gusubira kwishuri ngo batazasubizwa mugihugu cyabo. Kugeza ubu abana bava mu ishuri nibenshi kuburyo ubu bageze ku 6450 kand bakaba bakiyongera. Ibi byatewe ahanini n’uko ababyeyi babo batinya ko bashobora gufatwa n’inzego z’ubutegetsi zikabacyura ku gahato mu gihugu bahunze . Ni mu

abana bimpunzi z’abarundi baretse ishuri,kugirango batazasubizwa iwabo kugahato. Read More »

congo: Abasirikare babiri bakuru mungabo za congo FARDC barashinjwa inda nini.

Aba basirikare bakuru bombi bagaragara muri uru rubanza ni ba Lt. Col. Gabriel Kasongo, ushinzwe ibiro by’imishahara y’izabukuru, na Jerry Ngoy Katengo, ushinzwe ibiro by’imishahara. Mu bibazo byabajijwe abaregwa, Urukiko Rukuru kimwe n’urwego rw’ubushinjacyaha bifuzaga uko byagenda kose gusobanukirwa ishingiro ry’iki gice nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Okapi ivuga. Iki gice ntikibaho mu tundi turere

congo: Abasirikare babiri bakuru mungabo za congo FARDC barashinjwa inda nini. Read More »

Brig Gen (Rtd) Kahuria ukuriye ubunyamabanga bwa EASF yamaze kugera murwanda aho yamaze kwakirwa na Minisitiri w’Ingabo, ari kumwe n’Umugaba Mukuru w’ingabo za RDF, Gen. Mubarakh Muganga.

Uru ruzinduko rwari rugamije kumenyesha Minisitiri w’Ingabo n’Umugaba Mukuru wa RDF, nk’Umuyobozi w’inama y’abaminisitiri ba EASF (CoM) n’ukuriye Komite ya EASF y’abagaba bakuru b’ingabo za (EACDS), ku bikorwa bya EASF, ibikorwa biteganijwe mu 2024 n’aho bigeze mu ishyirwa mu bikorwa. Ibihugu bifite ingabo mu mutwe wa EASF biteraniye i Kigali mu nama y’iminsi ine igamije

Brig Gen (Rtd) Kahuria ukuriye ubunyamabanga bwa EASF yamaze kugera murwanda aho yamaze kwakirwa na Minisitiri w’Ingabo, ari kumwe n’Umugaba Mukuru w’ingabo za RDF, Gen. Mubarakh Muganga. Read More »

4 mubashatse kugaba igitero cy’iterabwoba i Moscow uburusiya bawa koreye ibyapfurambi

Batatu muri aba bagabo binjiye mu rukiko i Moscow bunamishijwe, mu gihe uwa kane we yari ari mu igare ry’abamugaye. Bose barezwe gukora igikorwa cy’iterabwoba. Ni ibirego bifitanye isano n’igitero cyagabwe ahitwa Crocus City Hall ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, mbere y’uko umutwe wa Islamic State ucyigamba. Bane bashinjwa kukigiramo uruhare ni Dalerdzhon Mirzoyev, Saidakrami

4 mubashatse kugaba igitero cy’iterabwoba i Moscow uburusiya bawa koreye ibyapfurambi Read More »

Kabanda Serge arakomanga ku muryango w’Amavubi.

Uyu musore ni we uherutse guhembwa nk’umukinnyi witwaye neza mu kwezi kwa Mutarama 2024, nyuma yo gutsinda bagenzi be barimo Akayezu Jean Bosco, Ruboneka Jean Bosco n’abandi. Nyuma yo guhabwa iki gihembo, yatangaje ko bimuha gukomeza gukorana umurava no guhozaho mu kazi ke ko gukina ruhago. Kabanda yavuze ko ikimuraje inshinga ari ugukora cyane kugira

Kabanda Serge arakomanga ku muryango w’Amavubi. Read More »

RDC yahamagaje Ambasaderi wa Algeria kubera uruzinduko rwa Gen Chanegriha mu Rwanda.

Ku wa Mbere tariki ya 26 Gashyantare ni bwo Ambasaderi Mohamed Yazid Bouzid yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC, Christophe Lutundula. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya RDC ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yatangaje ko “usibye kumenya ubusugire bwa buri gihugu, Minisitiri Lutundula yashakaga kubona ibisobanuro byerekeye uruzinduko Umugaba Mukuru w’Ingabo za Algeria yagiriye i

RDC yahamagaje Ambasaderi wa Algeria kubera uruzinduko rwa Gen Chanegriha mu Rwanda. Read More »

Miss Mutesi Jolly yacyeje wa munyarwandakazi wabaye Nyampinga w’igihugu gikomeye i Burayi.

Miss Mutesi Jolly yacyeje wa munyarwandakazi wabaye Nyampinga w’igihugu gikomeye i Burayi. Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Miss Mutesi Jolly yacyeje Miss Kenza Johanna Ameloot wabaye Nyampinga w’Ububiligi. Mutesi yagize ata: ” Ishimwe ku mwiza wacu kenza Joannah, wahagarariye u Rwanda akaza kwegukana ikamba rya Miss Belgium 2024. U Rwanda ku

Miss Mutesi Jolly yacyeje wa munyarwandakazi wabaye Nyampinga w’igihugu gikomeye i Burayi. Read More »