wex24news

Blog

Your blog category

Yajyaga amusura muri Gereza ! Byinshi ku rukundo rwa Nyambo na Titi Brown.

Titi Brown aherutse kwitarutsa urukundo rwe na Nyambo nyuma y’iminsi itari mike ruvuzwe nyamara benshi bagiye bemeza ko aba bombi bakundana cyane dore ko iby’urukundo rwabo byavuzwe cyane nyuma y’amashusho yagiye hanze bombi bari kubyina. Aya mashusho n’ubwo aterekanaga urukundo cyangwa amarangamutima runaka kuko babyinaga indirimbo ya Dj Philpeter , yatumye benshi bavuga ko ari […]

Yajyaga amusura muri Gereza ! Byinshi ku rukundo rwa Nyambo na Titi Brown. Read More »

Amafoto : Abafana ba Al-Hilal nyuma yo kubona uko Neymar asigaye angana bamusabye kureka umupira burundu

Nyuma yamezi ane atitabira imikino kubera imvune yo mw’ivi (injured knee ligament) bigaragarira buri wese ko ibiro bye biri kuzamuka cyane. gusa hari aho Camera zimwerekana afite ibiro byinshi bikabije nanone ahandi ugasanga biratandukanye ntago afite ibiro byinshi bikabije uyu musore wa maze gusanga bagenzi be muri Saudi Arabia ngo bakorane imyitozo abafana bakimubona bamwe

Amafoto : Abafana ba Al-Hilal nyuma yo kubona uko Neymar asigaye angana bamusabye kureka umupira burundu Read More »

Killaman, Nsabi na Mitsutsu basusurukije abantu banakinira urwenya mu bukwe bwa Killaman -AMASHUSHO

Mu bukwe bw’umunyarwenya Killaman, abarimo Mitsutsu na Nsabi babyinnye basusurutsa abantu, ariko bakanyuzamo amagambo y’urwenya. Mu rwenya twavuga nkaho Mitsutsu yibajije impamvu bwije, yibutse ko Chita ari aho, ahita amenya impamvu bwije!!! Reba videwo.

Killaman, Nsabi na Mitsutsu basusurukije abantu banakinira urwenya mu bukwe bwa Killaman -AMASHUSHO Read More »

Umugore wa Thiago Silva nyuma yo kubona imibare ikomeje kuba ibihekane muri Chelsea yagiriye inama Chelsea ikomeye

Nyuma y’umukino wahuza ikipe ya Chelsea na Wolves warangiye ikipe ya Chelsea igayitse bikomeye kuko yanyagiwe na Wolves ibitego bine kuri 2 bibiri. nyuma y’umukino uyu mugore wa Thiago Silva witwa Isabelle da Silva yagiye kumbuga nkoranyambaga ze harimo na X yahoze ari twitter yandika asaba ko hakorwa ibishoboka byose hagakorwa impinduka muri Chelsea Kandi

Umugore wa Thiago Silva nyuma yo kubona imibare ikomeje kuba ibihekane muri Chelsea yagiriye inama Chelsea ikomeye Read More »

The Ben yagiye mu nganzo asingiza umugore we mu magambo asize umunyu.

Ni ubutumwa The Ben ubu ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Rwanda Day yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram abugenera umugore we wagize isabukuru y’amavuko. Buri tariki ya 31 Mutarama, Uwicyeza Pamella akaba yizihiza isabukuru y’amavuko, ni ku nshuro ya mbere agiye kuyizihiza abana na The Ben nk’umugore n’umugabo cyane ko bakoze ubukwe

The Ben yagiye mu nganzo asingiza umugore we mu magambo asize umunyu. Read More »

Papa avuga ko muri Afurika bazaha umugisha abatinganyi buhoro buhoro

Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru cyo mu Butaliyani, Papa yavuze ko abayoboye Gatolika muri Afurika n’abayoboke babo, babona abatinganyi nk’ikizira bashingiye ku mico yabo. Avuga ko inyandiko yo mu kwezi gushize”Fiducia Supplicans”, ifite intego yo guhuriza hamwe atari iy’amacakubiri. Papa Fransisco avuga ko adatewe ubwoba n’uko abakigendera mu nzira za cyera batera umugongo Kiliziya Gatolika kubera

Papa avuga ko muri Afurika bazaha umugisha abatinganyi buhoro buhoro Read More »

Zuchu yitwaje imodoka kugira ngo avugane na Diamond Platnumz.

WCB boss Diamond Platnumz n’umuhanzi we Zuchu bitwaje imodoka barasubizanya. Diamond yagaragaye atwaye imodoka ya Zuchu yo mu bwoko bwa  Range Rover, maze afata amashusho ayashyira kumbuga Nkoranyambaga ze arenzaho amagambo agira ati:”Umwana wanjye atwaye umwana wanjye.Uri kwiyumva gute gutwara Range ?”. [My Baby driving My Baby , how do you feel driving a Range ?

Zuchu yitwaje imodoka kugira ngo avugane na Diamond Platnumz. Read More »

Ifoto y’abakobwa 5 bakomoka mu gihugu cya Cameroon iri guca ibintu bitewe ni uko barakariye ikipe yabo y’igihugu

Ni ifoto ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, ubona abakobwa 5 barakaye cyane ndetse bafite ibindera ry’igihugu cya Cameroon bisa nkaho babona ikipe yabo ikomeje kubatenguha. Ikipe y’igihugu ya Cameroon n’imwe mu Makipe arimo gukina igikombe cya Afurika uyu mwaka ariko ubona ko yaje ititeguye neza Kandi benshi barayihaga amahirwe yo gutwara iki gikombe. Kimwe mu

Ifoto y’abakobwa 5 bakomoka mu gihugu cya Cameroon iri guca ibintu bitewe ni uko barakariye ikipe yabo y’igihugu Read More »

Diamond Platnmuz ntakiri mu rukundo na Zuchu ukundi.

Nyuma y’igihe kinini Diamond Platnmuz avugwa mu rukundo hamwe na Zuchu, kuri ubu Diamond yamaze gutangaza ko nta mukunzi afite. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Diamond Platnmuz mu rurimi rw’iguswahire ruvanze n’icyongereza yagize ati “From today ningepedna niwatangazie rasmi kuwa I am single. Sidate wala sina mahusiano na mwananmke yeyote. Hivyo nisiwekewe mwanamke yoyote kama

Diamond Platnmuz ntakiri mu rukundo na Zuchu ukundi. Read More »

Super Manager yanze kwitabira igitaramo Zari Hassan aherutse gukorera mu Rwanda ahubwo ahitamo kwigira kureba inka ye – VIDEWO

Icyamamare mu myidagaduro Nyarwanda, Super Manager yatangaje impamvu atagiye mu gitaramo cy’umuherwekazi Zari Hassan aherutse gukorera mu Rwanda. Aganira na Sunday Choice Live dukesha iyi nkuru, Super Manager yavuze ko impamvu atagiye mu gitaramo cya Zari Hassan cyabereye i Kigali ku wa 29 Ukuboza 2023, ngo ni uko yari yagiye Nyagatare kureba inka ye yari

Super Manager yanze kwitabira igitaramo Zari Hassan aherutse gukorera mu Rwanda ahubwo ahitamo kwigira kureba inka ye – VIDEWO Read More »