wex24news

Blog

Your blog category

KNC Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports avugaka amagambo asesereza abakunzi bayo

Kakooza Nkuliza Charles Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports aheruka gutsinda ibitego 2-1. Yagize ati: Ntekereza ko ikibazo gihari, bashobora guhindura umutoza bazaba bahinduye icupa ariko byeri izaba ari yayindi. Iyi Rayon Sports niyo baduhuza imikino 5 yikurikiranya najya nyitsinda buri mukino nongeyeho igitego kimwe”.

KNC Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports avugaka amagambo asesereza abakunzi bayo Read More »

Abatoza 2 hahabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports.

Nyuma y’uko uwari umutoza mukuru wa Rayon Sports, Mohamed Wade ahagaritswe, biravugwa ko ubu Ndayizeye Jimmy na Ivan Minnaert ari bo bashobora kuvamo umutoza w’iyi kipe. Umunya-Mauritania, Mohamed Wade wari ufite amasezerano y’umutoza wungirije, mbere y’uko imikino yo kwishyura itangira yagizwe umutoza mukuru. Nyuma y’umukino umwe w’umunsi wa 16 yatsinzwemo na Gasogi United ku wa

Abatoza 2 hahabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports. Read More »

tiwa savage na davido bari biyimeje kuzakindana imyaka 100 badahuza.

Kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2024, haravugwa umwuka mubi hagati ya Davido ndetse na Tiwa Savage bahoze ari inshuti magara ndetse barahanye isezerano ryo kuzakundana imyaka irenga 100. Usubiye inyuma gato, Tiwa Savage ubwo yazaga muri Nigeria avuye kwiga mu Bwongereza mu mashuri ye yisumuye ndetse na kaminuza, yatuye mu nzu imwe na Davido

tiwa savage na davido bari biyimeje kuzakindana imyaka 100 badahuza. Read More »

Ngoma: Umugabo uregwa kuniga umugore yaburaniye mu ruhame

Umugabo witwa Uwizeye Amuri wo mu karere ka Ngoma, ukekwa kwica umugore we witwa  Mukamugema Annociata, amunize, yaburanishijwe mu ruhame. Ku wa kabiri tariki ya 9 Mutarama 2024 nibwo urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma rwaburanishije mu ruhame uyu mugabo w’imyaka 41,ukurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake yakoreye umugore we. Icyaha uyu mugabo wo mudugudu wa Mizibiri, Akagari

Ngoma: Umugabo uregwa kuniga umugore yaburaniye mu ruhame Read More »

Pamella yanze kuryama arara amajoro kugirango asuke imitoma ku mukunzi we ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko

Murukererarwo 2 tariki ya 9 Mutarama nibwo The Ben yagize isabukuru ye y’amavuko, The Ben kuri ubu yujuje imyaka 37 y’amavuko.Pamella yabyutse asangiza amashusho yishimanye na The Ben, ubundi amwifuriza isabukuru nziza y’amavuko ndetse amutera imitoma irimo ni ndirimbo. Pamella yagize ati “Isabukuru nziza y’amavuko HUBBY WUBBY wange mwiza! “. Pamella yakomeje amubwira ko kuba

Pamella yanze kuryama arara amajoro kugirango asuke imitoma ku mukunzi we ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko Read More »

Uwicyeza Pamella yagaragaje ubwuzu afitiye The Ben n’ababashyigikiye.

Nyuma y’ubukwe bwabo Miss Uwicyeza Pamella, yagaragaje ko afite amashimwe ku Mana , yifuriza umwaka mushya ababateye ingabo mu bitugu. The Ben na Pamella barangije umwaka wa 2023 ari umugore n’umugabo nyuma y’imyaka bakundana.Ni ibirori bitazibagirana mu myidagaduro Nyarwanda aho tariki 15 na 25 Ukuboza 2023, byari umunezero ku nshuti n’imiryango yabo bombi. Miss Uwicyeza

Uwicyeza Pamella yagaragaje ubwuzu afitiye The Ben n’ababashyigikiye. Read More »

Amateka yanditswe! APR FC yafashe Yanga Africans yo muri Tanzania iyitsinda nk’idahari Mbaoma yongera gushimangira ko ari rutahizamu udasanzwe 

Mu ijoro rya cyeye nibwo ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC yaraye ihannye ikipe ya Yanga Africans mu mikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup iri kubera Zanzibar muri Tanzania n’umukino utari woroshye habe na gato dore ko Yanga ariyo yatangiye itsinda igitego cya mbere ku munota wa 23 w’umukino abantu batangira gutekereza ko APR FC igiye kubonera

Amateka yanditswe! APR FC yafashe Yanga Africans yo muri Tanzania iyitsinda nk’idahari Mbaoma yongera gushimangira ko ari rutahizamu udasanzwe  Read More »