wex24news

IKORANABUHANGA

Zoom yongereye umubare w’abantu bayihuriraho

Urubuga Zoom rwifashishwa mu guhamagara no gukorerwaho inama mu buryo bw’ikoranabuhanga, rwatangaje ko rwongereye umubare w’abaruhuriraho rubageza kuri miliyoni imwe. Ni amavugurura bivugwa ko yakozwe mu rwego rwo gufasha Kamala Harris uri kwiyamamariza kuyobora Amerika, aho benshi mu bashinzwe gukusanya inkunga y’ibikorwa bye byo kwiyamamaza bari kwifashisha Zoom cyane. Mu gihe umuntu afunguye Zoom, imwereka […]

Zoom yongereye umubare w’abantu bayihuriraho Read More »

u Rwanda rwashyizwe mu bihugu abantu bashobora kwinjiza amafaranga bakoresheje facebook

Urubuga rwa Facebook rwatangaje ko hashyizweho uburyo bushya bwo kubona inyungu aho abarukoresha mu bihugu bimwe bya Afurika birimo n’u Rwanda bagiye kuzajya binjiza amafaranga binyuze mu kwamamariza mu mashusho magufi ‘short-form videos’ bahatambukiriza. Uru rubuga rwatangaje ko abantu bazajya binjiza amafaranga mu buryo bubiri aho ubwa mbere ari ubwo kunyuza amashusho magufi y’ubutumwa bwamamaza

u Rwanda rwashyizwe mu bihugu abantu bashobora kwinjiza amafaranga bakoresheje facebook Read More »

Robots zizatangira kwifashishwa mu nganda z’imodoka mu 2025

Umunyemari w’Umunyamerika akaba na nyiri Sosiyete ya Tesla imaze kwigarurira imitima ya benshi mu gukora imodoka zikoresha amashanyarazi, Elon Musk, yavuze ko iyo Sosiyete izatangira gukora no gukoresha ‘robots’ zimeze nk’abantu (humanoid robots) guhera mu 2025. Bene izi ‘robots’ zihabwa ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intellingence, AI) rihambaye, zigahabwa imitere nk’iy’abantu, zigashyirwaho ‘sensors’ na ‘cameras’ kugira

Robots zizatangira kwifashishwa mu nganda z’imodoka mu 2025 Read More »

agiye kuvana Space X na X muri California

Umunyemari Elon Musk yatangaje ko agiye gukura ibigo bye muri Leta ya California birimo SpaceX ndetse na X yahoze ari Twitter, kubera itegeko rishya bashyizeho ribuza abarimu kumenyesha ababyeyi ko abana babo biyumba bitandukanye n’uko bavutse ku bijyanye n’igitsina. Ni itegeko ryashyizweho umukono na guverineri w’intara ya California, Gavin Newsom, ku wa 15 Nyakanga 2024.

agiye kuvana Space X na X muri California Read More »

Uko mbibona: Dore aho telefone igendanwa ibera igitangaza.

Telefone igendanwa ifite imbaraga zirenze uko umuntu abitekereza. Mbere na mbere telefone igendanwa yaraje yirukana telefone zitagendanwa irangije isimbura televiziyo, yirukana mudasobwa, ikuraho amasaha, ifata umwanya wa kamera na radiyo, yihanangiriza amasitimu n’indorerwamo, irangije itera umugeri ibinyamakuru, amasomoro n’ibitabo. Ntibyaciriye aho. Yasimbuye imikino ya videwo, yirukanye ikotomoni (porte-monnaie) cyangwa ikofi, ubu nta muntu ugikenera kureba

Uko mbibona: Dore aho telefone igendanwa ibera igitangaza. Read More »

Goverinoma y’u Rwanda yasinyiye kwakira icyicaro cy’ikigo gishinzwe gukora imiti muri Afurika.

Ikigo ‘African Pharmaceutical Technology Foundation’ cyatangijwe na Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, AfDB, mu 2022 nyuma yo kubona ko mu gihe cya Covid-19 ibihugu bya Afurika byagowe no kubona inkingo z’icyo cyorezo. Uyu mushinga washowemo miliyari 3$, witezweho guteza imbere ikorwa ry’imiti n’inkingo ku Mugabane wa Afurika, guteza imbere ubushakashatsi muri iyi ngeri no gukoresha ikoranabuhanga

Goverinoma y’u Rwanda yasinyiye kwakira icyicaro cy’ikigo gishinzwe gukora imiti muri Afurika. Read More »

Huawei yo mu Bushinwa yatanze ibuhembo kubanyeshuri bo muri Tanzania

i DAR ES SALAAM, 18 Ukuboza – Ku wa mbere, igihangange mu ikoranabuhanga mu Bushinwa Huawei cyakoze umuhango wo gutanga ibihembo byo guha abanyeshuri bo muri Tanzaniya bitabiriye gahunda y’imbuto ya Huawei y’ejo hazaza (SFTF) mu isoko ry’ubucuruzi rya Tanzaniya i Dar es Salaam Minisitiri w’itangazamakuru, itumanaho n’ikoranabuhanga, ”Nape Nnauye”, yagize ati ”ndashimira inkunga Huawei

Huawei yo mu Bushinwa yatanze ibuhembo kubanyeshuri bo muri Tanzania Read More »

ukwiyunga hagati ya balapeli nyarwnda kivumbi king na papa cyangwa

papa cyangwe na kivumbi king bongeye kwiyunga nyuma yibibazo bari bafitanye ubu noneho bongeye gukorana indirimbo nshyashya bise ”Mu busaza”. Papa cyangwe yatangaje ko ari umusaruro wavuye mukwiyunga kwe namungenzi we kivumbi kingi nyuma yamakimbirane bari bafitanye. Ati “Mu minsi ishize ubwo twari mu gitaramo cya Trappish, twakemuye amakimbirane twari ndufie, umubano wacu umeze neza

ukwiyunga hagati ya balapeli nyarwnda kivumbi king na papa cyangwa Read More »

URwanda rwungutse ikigo gicururiza kuri online cyibanda ku bikoresho by’ikoranabuhanga.

Iki kigo cyashinzwe na Muhammad Ali, Umuhinde umaze imyaka umunani mu bucuruzi bw’ibintu bitandukanye mu Rwanda,ninyuma yaho yarabonye ko isoko ryo murwanda rimaze kwaguka ahita atagiza icyo kigo.yatagaje ko icyatumye atagiza iryo soko aruko yabonye murwanda hari amahirwe menshi kubashoramari bato na bakomeye kandi ko uba ufite umutekano wa business yawe.Ikindi kandi ngo nuko yabonye

URwanda rwungutse ikigo gicururiza kuri online cyibanda ku bikoresho by’ikoranabuhanga. Read More »

amadarubindi ya” vision pro ” apple azasohoka mu 2024

Abakunzi  b’ikoranabuhanga icyobari  bahishiwe mu ntangiriro z’a 2024, yumvikanye bwa mbere mu nama ngarukamwaka, itegurwa n’ikigo gikomeye ku Isi mu by’ikoranabuhanga, Apple, izwi nka ‘WWDC [World Wide Developers Conference]’, yabaye muri Kamena uyu mwaka. Icyo gihe ubuyobozi bwa Apple, bwatangaje ko hari amadarubindi y’akataraboneka y’ikoranabuhanga azashyirwa ku isoko bitarenze igihembwe cya mbere cya 2024. Aya

amadarubindi ya” vision pro ” apple azasohoka mu 2024 Read More »