wex24news

IMIKINO

Amakipe azakina UEFA Champions League yamenye uko azahura

Ikipe ya Real Madrid igihe giheruka ku nshuro ya 15 yisanze izahura na Liverpool mu gihe Barcelone izahura na Bayern Munich muri UEFA Champions League 2024/25 igiye gukinwa mu buryo bushya. Iyi tombola igaragaza uko amakipe agabanyije mu buryo bushya butari amatsinda ku makipe yabaye aya mbere iwayo i Burayi, yabaye ku mugoroba wo kuri […]

Amakipe azakina UEFA Champions League yamenye uko azahura Read More »

Prince Ibeh yagarutse muri Patriots

Ikipe ya Patriots BBC yitegura imikino ya Kamarampaka yatangaje ko yongeye gusinyisha Prince Ibeh Chinenye Umwongereza w’Umunyarwanda ufite inkomoko muri Nigeria. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 29 Kanama 2024, ni bwo iyi kipe yabyemeje ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Uyu mukinnyi w’imyaka 30 agarutse muri Patriots BBC yaherukaga gukinira mu Mikino ya

Prince Ibeh yagarutse muri Patriots Read More »

Hakim Sahabo ashobora gutandukana na Standard de Liège

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Hakim Sahabo w’imyaka 19, ashobora gutandukana na Standard de Liège yo mu Bubiligi, akerekeza mu Bufaransa. Amakuru y’uko uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati ashobora gutandukana n’ikipe ye yatangiye gukwirakwira kuri uyu wa Gatatu, tariki 28 Kanama 2024. Ikinyamakuru cyo mu Bubiligi, Walfoot cyatangaje ko uyu musore ukiri muto hamwe na

Hakim Sahabo ashobora gutandukana na Standard de Liège Read More »

Abakinnyi babiri bakomoka mu Burusiya bangiwe kwinjira mu Bufaransa

Abakinnyi babiri bakomoka mu Burusiya bujuje ibisabwa kugira ngo babe bahatana mu Mikino Olempike nta gihugu bahagarariye ariko u Bufaransa bubangira kwinjira mu gihugu. Abakinnyi 88 baturuka mu Burusiya ni bo kugeza ubu bemerewe kuba bahatana mu Mikino Paralempike ariko badafite amabendera y’Igihugu cyabo kubera intambara kirimo na Ukraine. Ku mugoroba wo ku wa Gatatu,

Abakinnyi babiri bakomoka mu Burusiya bangiwe kwinjira mu Bufaransa Read More »

Ibihembo byongerewe mu Mikino ya Kamarampaka

Ibihembo bihabwa abakinnyi n’ikipe mu Mikino ya Kamarampaka (betPawa Playoffs 2024) muri Shampiyona ya Basketball byongerewe, aho umukinnyi wahize abandi azahabwa 2000$. Mu mwaka ushize, umukinnyi wahize abandi (MVP) yahembwaga 1500$ kuri ubu akaba yagizwe 2000$ mu rwego rwo kongera ihangana muri iyi mikino. Si ibyo gusa kuko n’amafaranga yahabwaga abakinnyi b’ikipe yatsinze umukino azwi

Ibihembo byongerewe mu Mikino ya Kamarampaka Read More »

Ikipe y’Igihugu iri mu mwiherero yakoze imyitozo ya Yoga

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu Amavubi bari mu mwiherero wo kwitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi, bakoze imyitozo ya Yoga isanzwe izwiho gukora ku bwonko n’amarangamutima bya muntu. Nk’uko tubikesha Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), iyi myitozo ya Yoga, yakozwe n’abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Kanama 2024. Amafoto yashyizwe hanze na

Ikipe y’Igihugu iri mu mwiherero yakoze imyitozo ya Yoga Read More »

U Bufaransa bwatangiye iperereza ku Munyarwandakazi waburiwe irengero

Urwego rw’Ubugenzacyaha rwo mu Mujyi wa Nanterre mu Bufaransa rwatangiye iperereza ku wa Gatatu, tariki 28 Kanama, nyuma y’uko bitangajwe ko hari umukinnyi w’Ikipe y’u Rwanda uri mu Mikino Paralempike waburiwe irengero. Nubwo kugeza ubwo abari muri delegasiyo y’u Rwanda birinze kugira icyo babivugaho, kuri ubu amakuru ava mu Bufaransa aravuga ko polisi y’icyo gihugu

U Bufaransa bwatangiye iperereza ku Munyarwandakazi waburiwe irengero Read More »

Etincelles yashyize imyanya itatu y’akazi ku isoko

Ubuyobozi bw’ikipe ya Etincelles FC yo mu Karere ka Rubavu, bwashyize ku isoko imyanya itatu y’akazi irimo uw’Umunyamabanga Mukuru w’iyi kipe. Nk’uko bigaragara mu Itangazo ry’akazi ryashyizwe hanze n’ikipe ya Etincelles FC, hari imyanya itatu ikeneye abakozi muri iyi kipe y’i Rubavu. Imyanya ihari ni iy’Umunyamabanga Mukuru (SG), Umukozi Uhoraho Ushinzwe umutungo n’Ushinzwe Itumanaho n’Itangazamakuru.

Etincelles yashyize imyanya itatu y’akazi ku isoko Read More »

AS Kigali y’Abagore yabonye umutoza w’agateganyo

Nyuma yo gutandukana n’uwahoze ari umutoza mukuru wa yo, ikipe ya AS Kigali Women Football Club yungutse umutoza mukuru w’agateganyo. Mu mwaka ushize w’imikino 2023-24, iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali yagize ibibazo by’amikoro byanatumye itakaza ibikombe bibiri (Icya shampiyona n’icy’Amahoro) byegukanywe na Rayon Sports WFC. Kubera iyi mpamvu, abayobozi bamaze kwemeza ko Safari

AS Kigali y’Abagore yabonye umutoza w’agateganyo Read More »