wex24news

IMIKINO

Kryvbas Kryvyi Rih ikomeje kudahirwa mu mikino yo ku Mugabane w’i Burayi

Kryvbas Kryvyi Rih yo mu Cyiciro cya Mbere muri Ukraine ikinamo Bizimana Djihad yatsinzwe na Real Betis yo muri Espagne ibitego 2-0 mu mukino ubanza w’iya kamarampaka muri UEFA Conference League. Kryvbas iheruka gusezererwa na Viktoria Plzeň yo muri Repubulika ya Tchèque muri UEFA Europa League bityo imanuka muri Conference League. Mu mukino ubanza, iyi

Kryvbas Kryvyi Rih ikomeje kudahirwa mu mikino yo ku Mugabane w’i Burayi Read More »

Kigali Péle igiye kongera kwakira imikino ya nijoro

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hashatswe moteri izaba yifashishwa mu gucana amatara yo kuri Kigali Pele Stadium, nyuma y’uko Perezida Paul Kagame agize icyo avuga kuri iki kibazo cya Moteri idafite imbaraga cyatumaga nta mikino ikinirwa kuri iyi Sitade mu masaha y’ijoro. Kuri uyu wa Kane tariki 22 Kanama 2024, ikinyamakuru The Chronicles cyatangaje

Kigali Péle igiye kongera kwakira imikino ya nijoro Read More »

Lewis Hamilton yashyigikiye ko u Rwanda ruhabwa kwakira Formula 1

Lewis Hamilton w’imyaka 39 ufite amateka akomeye mu mukino wa Formula 1, yagaragaje ko bigendanye n’ibiganiro abategura iyi mikino barimo hagati yabo n’u Rwanda, nta rwitwazo bakabaye bafite rwo kuba iri siganwa ryabera muri Afurika. Mu ntangiriro z’uku kwezi ni bwo Umuyobozi Mukuru wa Formula 1, Stefano Domenicali, yatangaje ko muri Nzeri abahagarariye uyu mukino

Lewis Hamilton yashyigikiye ko u Rwanda ruhabwa kwakira Formula 1 Read More »

Perezida Kagame ku kibazo cya moteri icanira Kigali Pelé Stadium

Umujyi wa Kigali nyuma yo gutangaza ko moteri icana amatara kuri Kigali Pelé Stadium itabasha kuyacana yose ngo ikibuga kibone bikwiriye ku buryo haba imikino yo mu masaha y’ijoro, Perezida Kagame yavuze ko icyo kibazo kitagakwiye kuba cyarabayeho mbere. Kuwa Kane tariki 22 Kanama nibwo Umujyi wa Kigali washyize umucyo kuri iki kibazo nyuma y’uko

Perezida Kagame ku kibazo cya moteri icanira Kigali Pelé Stadium Read More »

Ikipe y’Igihugu U18 yerekeje muri Tunisie

Nyuma yo gushyikirizwa ibendera ry’Igihugu n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, ikipe y’Igihugu y’ingimbi y’Abatarengeje imyaka 18, yerekeje muri Tunisie mu mikino Nyafurika. Izi ngimbi zerekeje mu Mujyi wa Sfaxien muri Tunisie, mu ijoro ryo ku wa kabiri tariki ya 20 Kanama 2024. Iyi kipe y’Igihugu igiye gukina imikino Nyafurika ihuza ingimbi zitarengeje imyaka 18.

Ikipe y’Igihugu U18 yerekeje muri Tunisie Read More »

Umuyobozi wa AS Kigali yakubye inshuro eshanu agahimbazamusyi

Umuyobozi wa AS Kigali, Shema Fabrice, yakubye inshuro eshanu agahimbazamusyi gahabwa abakinnyi mu gihe baramuka batsinze Kiyovu Sports mu mukino w’umunsi wa mbere wa Shampiyona y’u Rwanda. Uyu mukino uteganyijwe ku wa Gatatu tariki 21 Kanama 2024 saa Cyenda kuri Kigali Pelé Stadium. Wagizwe ikirarane nyuma y’aho AS Kigali isabye Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda

Umuyobozi wa AS Kigali yakubye inshuro eshanu agahimbazamusyi Read More »