wex24news

IMIKINO

Ani Elijah mu bitabiriye umwiherero w’Amavubi.

Ani Elijah rutahizamu wa Bugesera FC ni umwe mu bakinnyi bitabiriye umwiherero w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yitegura imikino ibiri ya Bénin na Lesotho. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Gicurasi ni bwo bamwe mu bakinnyi bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu bageze ku biro by’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda. Umwiherero uteganyijwemo abakinnyi bakina imbere mu gihugu bazakurikirwa […]

Ani Elijah mu bitabiriye umwiherero w’Amavubi. Read More »

yasezeweho muri liverpool aririmba umutoza uzamusimbura.

Umutoza w’Umudage Jurgen Klopp yasezeweho mu ikipe ya Liverpool amazemo imyaka 9 atoza bamwe mu bakinnyi basutse amarira naho we aririmba umutoza uzamusimbura. Kuri Anfield ikipe ya Liverpool yari yakiriye Wolverhampton Wanderers iyitsinda ibiyego 2-0, byari ibyishimo bivanze n’amarira kuri iki kubuga kuko abafana ,abakinnyi n’abayobozi ba Liverpool ubwo basezeraga ku mutoza wabo bari bamaranye

yasezeweho muri liverpool aririmba umutoza uzamusimbura. Read More »

yegukanye Premier League, yandika amateka mashya.

Manchester City yatsinze West Ham United ibitego 3-1, yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza ku nshuro ya kane yikurikiranya, ikaba iya cyenda muri rusange. Uyu mukino w’Umunsi wa 38 usoza Shampiyona y’u Bwongereza wabaye ku Cyumweru, tariki 19 Gicurasi 2024 kuri Etihad Stadium. Umukino Man City yatangiranye igitego kuko ku munota wa kabiri gusa, Phil

yegukanye Premier League, yandika amateka mashya. Read More »

igiye gushyiraho Igikombe cy’Isi kizakinwa n’ibihugu 211

Gianni Infantino Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira was maguru kw’isi yatangaje ko hari gahunda yo gutegura Igikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 15, kizaba gifite umwihariko wo kwitabirwa n’ibihugu byose nta majonjora. Perezida Infantino yabitangarije muri Kongere ya 74 ya FIFA iri kubera i Bangkok muri Thailand, aho abayobozi baturutse mu bihugu byose bigize iri shyirahamwe bayitabiriye. Gianni Infantino,

igiye gushyiraho Igikombe cy’Isi kizakinwa n’ibihugu 211 Read More »

bikomeje kugorana hagati ya denver nuggets na minessota timberwolves.

Muri NBA Playoffs Denver Nuggets yasabwaga gutsinda umukino wayihuzaga na Target center, none yatsinzwe y’ umukino, wari uwa Gatandatu ihita inganya na Minessota Timberwolves intsinzi inshuro 3. Denver Nuggets yananiwe gutsindamo nibura agace kamwe dore ko uduce tune uko twakabaye, twatsinzwe na Minessota Timberwolves. Minessota Timberwolves mu face ka mbere yatsinze amanota 31-14, aka kabiri

bikomeje kugorana hagati ya denver nuggets na minessota timberwolves. Read More »

ishobora gukurwaho muri shampiyona y’u bwongereza kuva 2024-2025

VAR ikoranabuhanga ry’amashusho ryifashishwa n’umusifizi rishobora kuvaho guhera mu mwaka w’imikono 2024-2025 rikaba ryari rimaze imyaka 5 ryifashishwa muri shampiyona y’u Bwongereza. Iki kifuzo bwa mbere cyatazwe n’ikipe ya Wolvermpton Wonderers ko VAR yakuryaho kogirango icyi cyifuzo cyemerwe byasaba ko 2/3 by’amakipe akina shampiyona y’icyicyiro cya 1, 20 muriyo yabitorera abyemera. Bivuga ko amakipe 14

ishobora gukurwaho muri shampiyona y’u bwongereza kuva 2024-2025 Read More »