wex24news

IMIKINO

Myugariro w’ikipe y’igihugu ya Africa Y’Epfo yitabye imana arashwe .

Uwari myugariro w’ikipe ya Kaizer Chiefs yo muri Afrika y’Epfo witwa  Luke Fleurs yaraye yishwe arashwe n’abajura bashakaga imodoka yari atwaye. Uyu musore wari ufite imyaka 24 yakiniye ikipe ya SuperSport United ndetse n’ikipe y’igihugu ya Africa Y’Epfo U17 na U23. Byabaye ejo tariki 3 Mata 2024, aho uwamurashe yahise atwara iyo modoka yashakaga n’ubundi. […]

Myugariro w’ikipe y’igihugu ya Africa Y’Epfo yitabye imana arashwe . Read More »

Pep Guardiola yasobanuye icyemezo cyo kuruhuka kwa Erling Haaland na Kevin De Bruyne.

Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola yasobanuye icyemezo cyo kuruhuka kwa Erling Haaland na Kevin De Bruyne. Asobanurako bazakina kumukino uzabahuza na Aston Villa. Nyuma yo kuruhuka kwa Haaland na De Bruyne, umutoza Guardiola yagize ati “Bashobora gukina cyangwa bakaruhuka abandi bakinnyi bagakina.” Twashyizeho abandi bakinnyi kugira ngo batsinde ibitego, atari ukuruhuka gusa kuko tuzabakinisha

Pep Guardiola yasobanuye icyemezo cyo kuruhuka kwa Erling Haaland na Kevin De Bruyne. Read More »

Iby’urupfu rw’umutoza wa APR FC bikomeje kuba urujijo.

Kuri ubu urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangiye gukora iperereza ku cyishe Dr Adel Zrane Ku munsi w’ejo ku wa Kabiri tariki 02 Mata 2024, nibwo hasakaye inkuru y’icamugongo ivuga ko uyu mutoza wakomokaga muri Tunisia yitabye Imana aguye iwe mu rugo gusa icyo yazize kikaba kitaramenyekanye. Ibi byahise bituma umukino iyi kipe yiteguraga ku wa

Iby’urupfu rw’umutoza wa APR FC bikomeje kuba urujijo. Read More »

ibyishimo byari byose ubwo ikipe y’igihugu amavubi aringeze kukubuga k’idege ikanombe,iturutse Madagascar.

Mu mikino ibiri ya gicuti yakiniye muri Madagascar, yatsinze umwe (Madagascar), inganya umwe wa Botswana. Izasubira mu kibuga muri Kamena uyu mwaka, ihura na Bénin na Lesotho mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.

ibyishimo byari byose ubwo ikipe y’igihugu amavubi aringeze kukubuga k’idege ikanombe,iturutse Madagascar. Read More »

nyuma ya Stade Amahoro hagiye kubakwa izindi 6 zizayunganira.

Mu gihe biteganyijwe ko Stade Amahoro izuzura mu mpera z’ukwezi kwa Gicurasi 2024, Minisiteri ya siporo yatangaje ko hari gahunda yo kongera ibikorwaremezo bya siporo by’umwihariko amastade y’umupira w’amaguru. Bihaye gahunda yo kuzuza stade esheshatu nshya mu myaka itandatu iri imbere. Nshimiyimana Alex Redamptus ushinzwe ibikorwaremezo bya Sports muri MINISPORTS, yatangaje ko ubwo iyi stade

nyuma ya Stade Amahoro hagiye kubakwa izindi 6 zizayunganira. Read More »

undi mukinnyi w’umunyarwanda yamaze gutangaza ko yamaze kumanika inkweto kandi yari ageze mu myaka myiza yo kuwubyaza umusaruro.

Kuri uyu wa Gatandatu w’icyumweru gishize ubwo yizihizaga imyaka 5 we n’umugore we bamaze barushinze, nibwo Eric yatangaje ko yahagaritse ruhago. Irambona Eric yakiniye Rayon Sports muri 2012 ayivamo nyuma y’imyaka 8, hari muri 2020 ubwo yerekezaga muri Kiyovu Sports yakiniye imyaka 2.

undi mukinnyi w’umunyarwanda yamaze gutangaza ko yamaze kumanika inkweto kandi yari ageze mu myaka myiza yo kuwubyaza umusaruro. Read More »

Umunya-Brazil ukinira Real Madrid, Vinícius Júnior, yarize ubwo yasobanuraga iby’irondaruhu yakorewe muri Espagne

Vinicius Junior yaganiriye n’abanyamakuru mbere y’umukino wa gicuti wa Brazil na Espagne, wabereye i Santiago Bernabeu ku wa gatandatu w’icyumweru gishize. Vinicius yabajijwe ibibazo bitatu bijyanye n’irondaruhu yahuye naryo mu myaka mike ishize ararira Ati “Ndashaka gukina umupira gusa ariko biragoye gutera imbere.

Umunya-Brazil ukinira Real Madrid, Vinícius Júnior, yarize ubwo yasobanuraga iby’irondaruhu yakorewe muri Espagne Read More »

Umunyezamu Maxime ukina mu Bubiligi yagize icyo atangaza kuri Ntwari Fiacre ufatwa nk’umunyezamu wa mbere mu ikipe y’igihugu amavubi .

Hari mu mukino we wa mbere akinnye mu ikipe y’igihugu Amavubi, yatsinzemo Madagascar ibitego 2-0. Nyuma y’uyu mukino, Maxime Wenssens yagize ati “Ni gake mu izamu habaho guhangana. Kuba Fiacre ari we mahitamo ya mbere ni ibintu nakira neza kandi ni umunyezamu mwiza, ntabwo mbigiraho ikibazo. Sinzi ibirenze nafasha ikipe, ariko gutsinda ni yo aba

Umunyezamu Maxime ukina mu Bubiligi yagize icyo atangaza kuri Ntwari Fiacre ufatwa nk’umunyezamu wa mbere mu ikipe y’igihugu amavubi . Read More »

Umunyamakuru Bagirishya Jean de Dieu uzwi cyane nka Jado Castar mu itangazamajuru ry’imikino mu Rwanda, yahaye inkunga y’amafaranga ikipe ya Kiyovu Sports

Iyi kipe ibarizwa mu mujyi wa Kigali nk’umwe mu baterankunga bayo, irasaba umuhisi n’umugenzi nyuma yo kubura amikoro yo kubasha kurangiza shampiyona amahoro. Abakinnyi bari bamaze amezi atanu badahembwa, bahembwe ukwezi kumwe ubwo bajyaga kuginira i Ngoma aho babasigayemo andi mezi ane kuri ubu ari kwicuma asatira kuba atanu. Nyuma yo kubona ibibazo bibaye urusobe

Umunyamakuru Bagirishya Jean de Dieu uzwi cyane nka Jado Castar mu itangazamajuru ry’imikino mu Rwanda, yahaye inkunga y’amafaranga ikipe ya Kiyovu Sports Read More »

urwego rw’igihugu rwu bungenzacyaha RIB rwamaze gutangaza ko rwamaze kwinjira mukibazo cya kapiteni w’ikipe y’abagore wagiye kwishyuza umushahara we agakubitwa.

M miunsi yashize hakomeje gucaracara amakuru kumbuga nkoranyambaga,Kapiteni w’ikipe y’abagore ya Inyemera ibarizwa muri Gicumbi yaba yaragiye kwishyuza umushahara w’amezi 3 agakubitwa. Bertine Mutuyemungu bivugwa ko yagiye ku karere ajyanye na perezida w’ikipe, bagiye kuvuga ibibazo by’amafaranga biri muri iyi kipe, bikarangira ahohotewe. Nyuma yayo makuru ndetse bicyekwa ko byabayeho,umuvugizi wa RIB yatangaje ko iri gukora

urwego rw’igihugu rwu bungenzacyaha RIB rwamaze gutangaza ko rwamaze kwinjira mukibazo cya kapiteni w’ikipe y’abagore wagiye kwishyuza umushahara we agakubitwa. Read More »