wex24news

IMIKINO

umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi yagaragaje urwego rudasanzwe mu myitozo y’ikipe y’igihugu – AMAFOTO.

Gitego Arthur umukinnyi umaze iminsi yitwara neza mu ikipe ye amaze iminsi akiniramo yitwa  AFC Leopards yo mugihugu cya kenya, yagaragaje urwego rwiza rushimishije amaze kungeraho. Ibi yabigaragarije mukipe y’igihu amavubi aho yarari mumyitozo ari kwitegura imikino yagicuti 2, ikipe yigihugu amavubi azahuriramo na  Botswana na Madagascar. Uyu rutahizimu yaramaze igihe gito muri kenya aho […]

umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi yagaragaje urwego rudasanzwe mu myitozo y’ikipe y’igihugu – AMAFOTO. Read More »

Kiyovu Sports:yatangaje ko yahagaritse umukinnyi Niyonzima Olivier Seif.

Ibaruwa yandikiwe Niyonzima Olivier Seif yageze hanze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Werurwe 2024, igaragaza ko atemerewe kugira indi mikino yitabira kubera imyitwarire ye mibi.Bagize bati ‘’Dushingiye ku masezerano wagiranye na Kiyovu Sports yo kuri tariki ya 1 Kanama 2024, Dushingiye ku myitwarire idahwitse ikomeje kukugaragaraho, komite nyobozi ya Kiyovu Sports ,Association nyuma

Kiyovu Sports:yatangaje ko yahagaritse umukinnyi Niyonzima Olivier Seif. Read More »

Rayon Sports:yajyanye abakozi na bafana bayo muri RIB bakekwaho kugirisha ticket kumu pira wayo na APR.

Mu mukino wahuje rayon sports na APR FC hagaragayemo ubujura bwinshi kuri Pelé Stadium none ubu rayon yajyanye abakozi nabafana bayo mubugenzacyaha, abo naba fana 3 nabakozi bakimwe mubigo byari bishinzwe gugurisha ama ticket. Amakuru ava murikimwe mubinyamakuru bikorera hano murwanda cyatangaje ko abo bakozi nabafana bose bashyikirijwe urwego rw’igihugu rwubugenzacyaha RIB. Rayon sports yatagaje

Rayon Sports:yajyanye abakozi na bafana bayo muri RIB bakekwaho kugirisha ticket kumu pira wayo na APR. Read More »

AS kigali mumazi abira nyuma y’ibihano isabiwe na FIFA.

Mu 2022, ni bwo ikipe ya AS Kigali yasinyishije umukinnyi witwa Bubakary Sali ukomoka muri Cameroun. Uyu mukinnyi yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yagombaga kurangira muri Kamena 2024. Gusa iyi kipe yaje kumusezerera mu buryo bunyuranyije n’amategeko ariko biciye ku bashinzwe kumushakira akazi (Alim management), yahise ajyana ikirego muri FIFA. Nyuma y’uko Akanama Gashinzwe gukemura amakimbirane

AS kigali mumazi abira nyuma y’ibihano isabiwe na FIFA. Read More »

Messi yakijije umukecuru’wimyaka 90 abagizi banabi wari bari bagiye kumwica.

Umukecuru Ester Cunio w’imyaka 90 yabonye atewe n’abarwanyi 7 nyuma y’uko bateye ubwoba abo bari kumwe nawe mu nzu, ahita ataka agira ati “Nkomoka aho Messi aturuka” Nyuma yo kuvuga gutyo, abo bicanyi baje n’ubwuzu bwinshi bifotozanya nawe hanyuma barongera barigendera.

Messi yakijije umukecuru’wimyaka 90 abagizi banabi wari bari bagiye kumwica. Read More »

Umutoza wa Real Madrid Carlo Ancelotti yasabiwe imyaka hafi itanu igifungo

Abashinjacyaha bo muri Espagne basabiye umutoza wa Real Madrid, Carlo Ancelotti gufungwa imyaka ine n’amezi icyenda kubera kutamenyekanisha amafaranga yinjiza mu biro by’imisoro. Uyu munsi ku wa Gatatu, abashinjacyaha bavuze ko bashinja Ancelotti ibirego bibiri by’uburiganya bw’imisoro ifite agaciro ka miliyoni imwe yama euro(erenga miliyari 1frw). Uyu Mutaliyani w’imyaka 64 arashiniwa kuba yaranyereje ubutunzi bwa

Umutoza wa Real Madrid Carlo Ancelotti yasabiwe imyaka hafi itanu igifungo Read More »

Niyigena Clement yahawe ibihano mbere y’umukino APR FC izakinamo na Rayon Sports.

Mu kiganiro Niyigena Clement yagiranye n’itangazamakuru yavuze ko nawe ubwe ikibazo cy’abafana batitabira imikino yabo Kandi batsinda ngo akibaza cyane. Yagize ati “Nanjye nibaza icyo kibazo, ni gute ikipe ari iya mbere ariko abafana ntibaza kuyiba hafi, sinzi ngo birapfira he ariko nabo nibashyiremo imbaraga zabo nukuri.” Ibi uyu mukinnyi yabitangaje ku munsi wejo ubwo

Niyigena Clement yahawe ibihano mbere y’umukino APR FC izakinamo na Rayon Sports. Read More »

Urunturuntu hagati y’umutoza wa Rayon Sports na Aruna Moussa Madjaliwa

Umutoza wa Rayon Sports, Julien Mette yatangaje ko Moussa Aruna Madjaliwa atazakina umukino Murera ifitanye na APR FC. Yagize “Umukino wa APR FC ntabwo azawukina kuko yaratinze, amaze amezi 3 hanze y’ikibuga. Ntabwo yigeze ashaka kumva abaganga n’amabwiriza y’ikipe. Ahora ataka imvune birasaba ko hakorwa MRI Test.”

Urunturuntu hagati y’umutoza wa Rayon Sports na Aruna Moussa Madjaliwa Read More »

Rayon Sports na Musanze FC rurageretse Uko urutonde rwa Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ruhagaze nyuma y’umunsi wa 23.

Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda ‘Rwanda Premier League’ igeze ku munsi wa 23 wayo, dore uko rutonde ruhagaze. 1. Apr Fc 52(-1) 2.Rayon Sports 45 Aya makipe arisobanura muri weekend.

Rayon Sports na Musanze FC rurageretse Uko urutonde rwa Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ruhagaze nyuma y’umunsi wa 23. Read More »