wex24news

IMIKINO

Byari ibyishimo muri BK Arena! Mutesi Scovia yagaragaje imbamutima ze nyuma yo guhura n’abasore bakina Basketball y’abafite ubumuga bakina bicaye mu tugare . AMAFOTO

Ni umukino wahuje Team Meschack yatsinze team Nshobozwa amanota 32-22. Mu bitabiriye uyu mukino, harimo n’umunyamakuru Mutesi Scovia. Nyuma y’uyu mukino, Scovia wishimiye aba bakinnyi, yagiranye ibihe byiza nabo maze barifotozanya. Mu kugaragaza imbamutima ze, Scovia yasangije abamukurikira amafoto ndetse n’ubutumwa bugira buti “Ndabashimira uruhare mwagize weekend ikatubana uburyohe bavandimwe.

Byari ibyishimo muri BK Arena! Mutesi Scovia yagaragaje imbamutima ze nyuma yo guhura n’abasore bakina Basketball y’abafite ubumuga bakina bicaye mu tugare . AMAFOTO Read More »

Kuvugurura Petit Stade biri kugana ku musozo (AMAFOTO)

Amavugurura agiye kumara imyaka ibiri, y’inyubako y’ikibuga cy’imikino y’intoki izwi nka ‘Petit Stade’, ari kugana ku musozo aho iby’ingenzi byarangiye. Iyi nyubako yatangiye kuvugururwa mu 2022, hagamijwe kuyishyira ku rwego Mpuzamahanga  ku buryo yajya yakira imikino yose y’intoki ikinirwa mu nzu. Ikaba nk’ibisanzwe iri iruhande rwa Stade Amahoro na yo irimo kuvugururwa kugira ngo ijye

Kuvugurura Petit Stade biri kugana ku musozo (AMAFOTO) Read More »

Kuva yabona ikipe hanze y’igihugu buri mu kino ni igitego! Nyuma yo gutsinda ibitego 3 wenyine mu mukino, rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yongeye kumwenyuza inshundura.

.Umukinnyi wumunyarwanda ukina yataka Arthur Gitego yongeye gutsinda igitego nyuma yiminsi mike,ariko ntabwo yatsinze ibitego 3 wenyine mu mukino . Uyu rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, amaze amezi macye yerekeje mu ikipe ya AFC Leopards ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Kenya avuye muri Marine FC. Uyu gitego yatsinze 1 mubitego 2-0AFC Leopards akinara yatsinzemo Nzoia

Kuva yabona ikipe hanze y’igihugu buri mu kino ni igitego! Nyuma yo gutsinda ibitego 3 wenyine mu mukino, rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yongeye kumwenyuza inshundura. Read More »

Rayon Sports yangeneye ubutumwa APR FC bitegura kwesurana.

Rayon Sports FC yatsinze ibitego bibiri kubusa byafashije Rayon Sports FC gukura amanota atatu kuri sitade Gologota ya Sunrise isanzwe iyizonga. Numukino wo kumunsi wa23 washampion wabaye kuri iki cyumweru taliki ya 3 werurwe 2024 Gutsinda uyu mukino kuri Rayon Sports, byabaye nko gutanga ubutumwa bwo guteguza APR FC zigomba kwikiranura ku munsi wa 24

Rayon Sports yangeneye ubutumwa APR FC bitegura kwesurana. Read More »

Heritier Nzinga Luvumbu yasinye mu ikipe nshya.

Heritier Nzinga Luvumbu uheruka gutandukana na Rayon Sports yo mu Rwanda ariko yarahanwe na FERWAFA amezi 6, yamaze gusinyira imbanziriza masezerano na AS Vita Club y’iwabo muri DR Congo. Uyu mukinnyi yavuye mu Rwanda muri uku kwezi kwa Gashyantare nyuma yo gusesa amasezerano yari afitanye na Rayon Sports kubera kwigaragaza nk’uvanga siporo na politiki. Yabikoze

Heritier Nzinga Luvumbu yasinye mu ikipe nshya. Read More »

Ibanga Gasogi United igendana imbere ya APR.

Ikipe ya Gasogi United imaze imikino itanu mu marushanwa yose, imaze kunganya na APR FC 0-0 nta kipe n’imwe ibona igitego mu izamu ry’indi mu minota 90. Umukino uheruka guhuza aya makipe yombi, yanganyije 0-0 ariko biciye muri penaliti, Urubambyingwe rusezerera ikipe y’Ingabo kuri penaliti 4-3. Benshi bahise batangira kwibaza ibanga Gasogi United igendana iyo

Ibanga Gasogi United igendana imbere ya APR. Read More »

Polisi y’u Rwanda yashimye imyitwarire yaranze abaturarwanda muri Tour du Rwanda.

Byagarutsweho n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, ubwo hasozwaga iri rushanwa, mu muhango wabereye kuri Kigali Convention Center (KCC), mu murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo kuri iki cyumweru, tariki ya 25 Gashyantare. Yagize ati:” Turashimira abaturarwanda by’umwihariko abakoresha umuhanda n’abafana bitabiriye ari benshi ku mihanda hirya no

Polisi y’u Rwanda yashimye imyitwarire yaranze abaturarwanda muri Tour du Rwanda. Read More »

Nyuma yo gutakaza igikombe umutoza wa Chelsea Pochettino yahumurije abafana b’ikipe ya Chelsea yifashishije Liverpool yarimaze ku mugarika.

Pochettino ati’’ ndibuka nyuma yimyaka Ine cyangwa Itatu ikipe ya Liverpool fc itakaje Champion’s league na Europa league bakomeje kwizerera mu mushinga wabo sezo itaha bari bakomeye gugeza igihe bageze kubyo bashakaga” Akomeza agira ati” uru ni urugero rwiza iyo ushaka guhangana n’ikipe nka Liverpool  ntabwo uba ukwiye gucibwa intege nayo aka kanya ngo  nuko

Nyuma yo gutakaza igikombe umutoza wa Chelsea Pochettino yahumurije abafana b’ikipe ya Chelsea yifashishije Liverpool yarimaze ku mugarika. Read More »

Umufana wa Rayon Sports yafungiwe muri Pele Stadium ubwo hari hari kuba umukino wa Shampiyona.

Umufana wa Rayon Sports, Abdou Turikubwimana, yafunzwe iminota irindwi kuri Kigali Pelé Stadium nyuma yo guteza imvururu agahangana n’abashinzwe umutekamo ashaka kwinjira mu kibuga. Abdou utishimiye imifurire ndetse n’uko ikipe ye uko yitwaye, yatangiye kubihirwa n’umukino ubwo igice cya mbere cyarangiraga Rayon Sports itabashije kwinjiza igitego ari ubusa ku busa. Bamwe mu bari bari kumwe

Umufana wa Rayon Sports yafungiwe muri Pele Stadium ubwo hari hari kuba umukino wa Shampiyona. Read More »