wex24news

IMIKINO

Shema Fabrice yatanze agahimbazamusyi ko gutsinda Police.

Iyi kipe yatangiye nabi shampiyona, isa n’iyabaye nshya mu mikino yo kwishyura, cyane ko yari yanakoze impinduka zirimo guhindura umutoza mukuru. Kimwe mu byazamuye akanyamuneza k’abakinnyi n’abandi bakozi b’iyi kipe, ni agahimbazamusyi kazamuwe na Shema Fabrice wahoze ayobora iyi kipe. Uyu muyobozi ukomeza kuba hafi cyene y’iyi kipe n’ubwo aherutse kwegura ku nshingano zo kuyiyobora […]

Shema Fabrice yatanze agahimbazamusyi ko gutsinda Police. Read More »

Nyuma y’abagiye, ikipe ya Rayon Sports igiye gukina na Musanze FC idafite abakinnyi barenga 2 bakomeye

Kuri uyu wa Gatanu, ikipe ya Rayon Sports irakira ikipe ya Musanze FC mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’u Rwanda sezo 2023/2024. Ikipe ya Rayon Sports irimo gushaka gukomeza gushyira jgitutu kuri APR FC iyoboye urutonde rwa shampiyona kugeza ubu, abayobozi bakaniye cyane barifuza amanota 3 hagahita hasigaramo inota rimwe hagati yayo na

Nyuma y’abagiye, ikipe ya Rayon Sports igiye gukina na Musanze FC idafite abakinnyi barenga 2 bakomeye Read More »

Nyuma ya Aruna Moussa Madjaliwa undi mukinnyi wari uhetse Rayon Sports muri iki gihe yagize ikibazo cy’imvune.

Ikipe ya Rayon Sports ku munsi wo kuwa kabiri yakinnye umukino n’ikipe ya Vision FC umukino urangira ari ibitego 3-1 nubwo ikipe ya Rayon Sports bitagenze neza yavunikishije umukinnyi w’ingenzi. Ni umukino wari mwiza ndetse ubona ko umutoza Julien Mette hari ibintu byinshi yahinduye muri Rayon Sports. Muri uyu mukino Kadime Ndiaye umuzamu wa Rayon

Nyuma ya Aruna Moussa Madjaliwa undi mukinnyi wari uhetse Rayon Sports muri iki gihe yagize ikibazo cy’imvune. Read More »

KNC yacecekesheje umunyamakuru ukomeye w’imikino amushinja amagambo aca intege agira.

Ku munsi wejo hashize ubwo ikipe ya Gasogi United yakinaga umukino wo kwishyura wa 1/4 cy’igikombe cy’amahoro n’ikipe ya APR FC ukarangira Gasogi United ari yo ikomeje KNC yikomye bikomeye umunyamakuru. Mu kiganiro n’itangazamakuru KNC yakoze nyuka y’umukino, yatangaje ko n’ubundi akibona ko APR FC na Gasogi United zigeze final yahise abona ko ikipe ye

KNC yacecekesheje umunyamakuru ukomeye w’imikino amushinja amagambo aca intege agira. Read More »

Gutsinda Africa y’Epfo bikomeje gutuma CAF ishyira Amavubi mu makipe y’ibikomerezwa muri Africa! Ikipe y’igihugu Amavubi yashyizwe mu makipe atazakina amajonjora y’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025

Ikipe y’Igihugu Amavubi, ntizaca mu majonjora y’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Maroc. Nk’uko byemejwe na CAF, u Rwanda ntirwashyizwe mu makipe azaca mu ijonjora ry’ibanze bitewe nuko ruhagaze neza ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA (133) rwagiyeho nyuma yo gutsinda Africa y’Epfo. Amakipe 44 arimo n’Amavubi ntazakina ijonjora ry’ibanze azahera

Gutsinda Africa y’Epfo bikomeje gutuma CAF ishyira Amavubi mu makipe y’ibikomerezwa muri Africa! Ikipe y’igihugu Amavubi yashyizwe mu makipe atazakina amajonjora y’ibanze yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025 Read More »

Rayon Sports yatwawe abafana n’Akazi yabonye intsinzi umwataka arazuka

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa kabiri yakinnye umukino n’ikipe ya Vision FC, mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cy’igikombe cy’amahoro. Wari umukino utitabiriwe n’abantu benshi bijyanye ni uko yari imaze iminsi ubona irimo guherekezwa n’abakunzi bayo ariko Sitade kuri uyu munsi yari yambaye ubu. Umukino watangiye ku isaha ya saa cyenda z’amanwa n’ubundi

Rayon Sports yatwawe abafana n’Akazi yabonye intsinzi umwataka arazuka Read More »

Rwatubyaye Abdul uherutse gutera umugongo Rayon Sports, yatanze ubutumwa bwongeye gushimangira ikipe yihebeye hagati ya APR FC na Murera

Rwatubyaye Abdoul uherutse gutera umugongo Rayon Sports akigira mu ikipe ya Shkupi yo muri Macedonia, ndetse yashimira byimazeyo aba Rayons bose kubw’urukundo bamuhaye ndetse no kuba batarigeze bamukuraho amahoko yewe no mubihe bigoye. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Rwatubyaye yavuze ko azirikana ibihe byiza yagiranye na Rayon Sports, akayifuriza ishya n’ihirwe murugamba

Rwatubyaye Abdul uherutse gutera umugongo Rayon Sports, yatanze ubutumwa bwongeye gushimangira ikipe yihebeye hagati ya APR FC na Murera Read More »

MU MAFOTO: Reba uko Tour du Rwanda iri kugenda.

Kuri uyu wa Mbere tariki 19 Gashyantare nibwo hatangiye agace ka Mbere ka Tour du Rwanda, irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku magare ririkuba ku nshuro yaryo ya 16. Mbere y’uko agace ka Mbere gatangira himakajwe gahunda ya Gerayo Amahoro aho abayobozi n’abandi bitabiriye iri rushanwa babanje gutambutsa ubu butumwa basaba abakoresha umuhanda kugira umuco wo

MU MAFOTO: Reba uko Tour du Rwanda iri kugenda. Read More »

Gorilla FC yabonye umutoza mushya wanyuze mu makipe akomeye atandukanye muri Africa.

Nyuma yuko ikipe ya Gorilla FC yirukanye umutoza wayo Gatera Musa ubu yamaze kuzana undi mutoza mushya wanyuze mw’ikipe ya Rayon Sports. Umubiligi Ivan Jacky Minnaert watoje Rayon sports muri 2018 yeretswe abakinnyi ba Gorilla FC nk’umutoza wabo mushya mu gihe cy’amezi atanu. uyu mutoza Kandi si Rayon sports gusa yanyuzemo kuko yatoje na Djoliba

Gorilla FC yabonye umutoza mushya wanyuze mu makipe akomeye atandukanye muri Africa. Read More »