wex24news

IMIKINO

Miss Universe Nigeria yasibye konti ya X

Chidimma Adetshina uherutse kwegukana ikamba rya Miss Universe Nigeria yatangaje ko yasibye konti ye ku rubuga rwa X, mu rwego rwo kubungabunga ubuzima bwe bwo mu mutwe. Abikoze nyuma yo kwibasirwa n’abatari bake bamunenga ubwo yajyaga guhatanira ikamba rya Miss South Africa, akarwanywa n’abantu benshi bamushinja kwitabira iryo rushanwa kandi ari Umunyanijeriya cyane ko ari […]

Miss Universe Nigeria yasibye konti ya X Read More »

umukino wa mbere w’igikombe cya Afurika U Rwanda rwatsinzwe

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatsinzwe na Algeria ibitego 38 kuri 35, mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 kiri kubera mu gihugu cya Tunisia. Kuwa Mbere tariki 09/09/2024 mu mujyi wa Madhia mu gihugu cya Tunisia hatangiye igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 kiri gukinwa ku nshuro ya 31. Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yakinnye umukino

umukino wa mbere w’igikombe cya Afurika U Rwanda rwatsinzwe Read More »

Amavubi yijeje Abanyarwanda ibyishimo imbere ya Nigeria

Kapiteni w’ikipe y’u Rwanda, Amavubi ndetse n’umutoza mukuru, Torsten Frank Spittler, bijeje Abanyarwanda kuzatanga byose hakaboneka intsinzi ku mukino wa Nigeria, babasaba kuzaza gushyigikira ikipe y’Igihugu. Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo u Rwanda rukine na Nigeria umukino ubanza wo mu itsinda rya D mu gushaka itike y’Igikombe cya Afurika 2025, Abanyarwanda barahamagarirwa

Amavubi yijeje Abanyarwanda ibyishimo imbere ya Nigeria Read More »

Robertinho yizeye ko umunsi umwe Haruna azaba umutoza wa Rayon Sports

Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ utoza Rayon Sports yifurije uwahoze ari umukinnyi we Haruna Niyonzima kuzahirwa mu butoza, ndetse anatangaza ko ikipe ya Rayon Sports izamushyigikira kugeza abaye umutoza ukomeye. Ibi Robertinho akaba yabitangaje nyuma y’amasaha make byemejwe ko Haruna Niyonzima yasheshe amasezerano yari afitanye na Rayon Sports nyuma y’iminsi 52 yonyine aho

Robertinho yizeye ko umunsi umwe Haruna azaba umutoza wa Rayon Sports Read More »

Mushumba Charles yagizwe Umutoza Mukuru wa APR W BBC

Mushumba Charles wari umutoza wa REG BBC, yagizwe Umutoza Mukuru wa APR W BBC yitegura imikino ya kamarampaka muri shampiyona y’icyiciro cya Mbere cya Basketball y’Abagore. Mushumba yari amaze umwaka ari umutoza wa REG BBC nubwo atayitoje mu mikino ya kamarampaka nyuma ubuyobozi butishimiye uko yitwaye muri shampiyona.  Mu mikino ya Kamarampaka iteganyijwe gutangira ku

Mushumba Charles yagizwe Umutoza Mukuru wa APR W BBC Read More »

Cristiano Ronaldo yashyizeho agahigo gashya 

Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo yaciye agahigo ko kuzuza ibitego 900 mu mikino yose yakinnye, aba umukinnyi wa mbere ubikoze. Cristiano Ronaldo yabaye umukinnyi wa mbere wujuje ibitego 900 mu rugendo rwo gukina umupira w’amaguru ubwo Portugal yakinaga na Croatia.  Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki 5 Nzeri 2024, ni bwo Cristiano Ronaldo yatsinze igitego cya

Cristiano Ronaldo yashyizeho agahigo gashya  Read More »

Umukino w’u Rwanda na Nigeria uzagurishwaho itike ya miliyoni 1 frw

Umukino u Rwanda ruzakiramo Nigeria ku wa kabiri tariki 10 Nzeri 2024, kuri Sitade Amahoro mu mukino wa kabiri wo mu itsinda D mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025 itike ya make n’amafaranga ibihumbi 2000, iya menshi ikaba miliyoni imwe y’Amafaranga y’u Rwanda. Kuri uyu wa kane tariki 5 Nzeri 2024 nibwo ishyirahamwe ry’Umupira

Umukino w’u Rwanda na Nigeria uzagurishwaho itike ya miliyoni 1 frw Read More »

Perezida wa Ferwafa agiye kujya ahembwa neza kurusha uko byari bisanzwe

Munyentwari Alphonse uyobora Ferwafa agiye kujya ahabwa asaga Miliyoni 65 Frw buri mwaka, nyuma yaho Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yemeje ko amafaranga yagenerwaga abayobozi ba za Federasiyo kuri uyu mugabane yazamuweho 150% akagera ku bihumbi 50$. Byemejwe na Perezida wa CAF, Patrice Motsepe, kuri uyu wa Kabiri aho yabwiye Televiziyo ya SABC yo

Perezida wa Ferwafa agiye kujya ahembwa neza kurusha uko byari bisanzwe Read More »