wex24news

IMIKINO

Abafana b’ikipe ya Rayon Sports bakomeje gushima umukinnyi usigaye ahetse ikipe yabo ku bitugu.

Ikipe ya Rayon Sports ku munsi wo kuwa Gatandatu muri iyi wikendi turangije yakinnye n’ikipe ya Etoile De L’Est mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’u Rwanda. Wari umukino mwiza watangiye ikipe zombi zatakana cyane ikipe ya Etoile De L’Est yari kukibuga cyayo ibitego ariko n’ubundi zikagenda zihusha uburyo bumwe na bumwe bwabaga bwabazwe. […]

Abafana b’ikipe ya Rayon Sports bakomeje gushima umukinnyi usigaye ahetse ikipe yabo ku bitugu. Read More »

Shampiyona y’u Rwanda: Rayon Sports yashimiahije abayihebeye, APR FC yananiwe kwikura i Bugesera naho Police FC ibyayo bikomeje kugorana.

Muri iyi weekend dusoje hakinwaga umunsi wa 21 wa Shampiyona y’u Rwanda ku bibuga bitandukanye. Mu Karere ka Ngoma ku munsi wo ku wa gatandatu ikipe ya Etoile D’Elest yari yakiriye Rayon sports, ni umukino ikipe ya Rayon Sports ibifashijwemo na kapiteni wayo mushya Muhire Kevin yaje kubonamo insinzi ihita iguma ku mwanya wa 2

Shampiyona y’u Rwanda: Rayon Sports yashimiahije abayihebeye, APR FC yananiwe kwikura i Bugesera naho Police FC ibyayo bikomeje kugorana. Read More »

Amafoto : Abafana ba Al-Hilal nyuma yo kubona uko Neymar asigaye angana bamusabye kureka umupira burundu

Nyuma yamezi ane atitabira imikino kubera imvune yo mw’ivi (injured knee ligament) bigaragarira buri wese ko ibiro bye biri kuzamuka cyane. gusa hari aho Camera zimwerekana afite ibiro byinshi bikabije nanone ahandi ugasanga biratandukanye ntago afite ibiro byinshi bikabije uyu musore wa maze gusanga bagenzi be muri Saudi Arabia ngo bakorane imyitozo abafana bakimubona bamwe

Amafoto : Abafana ba Al-Hilal nyuma yo kubona uko Neymar asigaye angana bamusabye kureka umupira burundu Read More »

Gorilla FC iri kugana ahabi iravamo gite, ninde uyihakura?

Gorilla FC yirukanye umutoza Gatera Moussa n’abatoza babiri bamwungirije aribo Manirakiza Gervais n’uwongerera imbaraga abakinnyi, Kalisa François,uyu mwanzuro wafashashwe nyuma yo gutsindwa imikino itanu ya Shampiyona indakoramo. ikipe ya Gorilla FC yagowe cyane n’intangiriro za shampiyona y’u Rwanda yuyu mwaka yabonye itsinzi yambere tariki ya 22 Ukwakira 2023 itsinze Amagaju FC kimwe ku busa, umukino

Gorilla FC iri kugana ahabi iravamo gite, ninde uyihakura? Read More »

Police FC irashinja ubujura umusifuzi wabasifuriye bakina na Rayon sports .

Ubuyobozi bw’ikipe ya Police FC bwandikiye Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ( FERWAFA) ruyiregera umusifuzi Uwikunda Samuel bashinja kwanga gutanga penaliti, gutera ubwoba abakinnyi ba police FC no gutuma Ikipe ya Rayon sports ibatsinda bidasobanutse Hari ku mukino w’umunsi 20 wa shampiyona waberaga kuri Kigali Pele stadium wahuzaga police FC na Rayon sports waje kurangira

Police FC irashinja ubujura umusifuzi wabasifuriye bakina na Rayon sports . Read More »

APR yanganyije na Gasogi United ubusa kubusa.

Uyu mukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium Saa kumi n’ebyiri z’ijoro, abafana bari bitabiriye uy’umupira bari bake cyane kumande zombi. Ikipe y’Ingabo yari yakoze impinduka mu bakinnyi basanzwe babanzamo. Abarimo Apam Assongwe, Ndayishimiye Dieudonné na Bizimana Yannick, bari babanjemo mu gihe abarimo Sharaf Shaiboub, Ruboneka Bosco na Ombolenga Fitina babanje ku ntebe y’abasimbura. Iminota 45

APR yanganyije na Gasogi United ubusa kubusa. Read More »

FERWAFA imaze gutangaza icyo benshi bari bategereje kuri Hertier Luvumbu Nziga

Hashize iminsi igera kuri 2 ikibazo cya Hertier Luvumbu Nziga kirimo kugarukwaho cyane hano mu Rwanda ndetse no hanze y’u Rwanda. Ikipe ku munsi wejo ikipe ya Rayon Sports yatangaje kumugaragaro ko yitandukanyije nibyo Luvumbu yakoze ndetse inasaba abakinnyi gukomeza kugira imyitwarire myiza. Ku masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri nibwo ishyirahanwe ry’umupira w’amaguru

FERWAFA imaze gutangaza icyo benshi bari bategereje kuri Hertier Luvumbu Nziga Read More »

“Ikintu cyambere Rayon Sport igomba gukora ni ukwitandukanya na Luvumbu bikiri mu maguru mashya” KNC arasabira Luvumbu kwirukanwa nyuma yibyo yakoze.

Ku mukino waraye uhuje Rayon Sport na Polisi Fc ukaza kurangira Rayon Sport itsinze 2 : 1, Luvumbu yagaragaje imyitwarire itashimishije benshi ubwo yishimiraga igitego yatsinze Polisi. Uyu mukinnyi ubwo yari ari kwishimira igitego yatsinze, yakoresheje ikimenyetso kiri gukoreshwa na Leta ya DRCongo igaragaza ko hari Jenocide iri gukorerwa Abanye-Congo kandi ahubwo iri gukorerwa abavuga

“Ikintu cyambere Rayon Sport igomba gukora ni ukwitandukanya na Luvumbu bikiri mu maguru mashya” KNC arasabira Luvumbu kwirukanwa nyuma yibyo yakoze. Read More »

Rudasingwa prince yapfukamiye umutoza Julien Mette mu buryo bitangaje [Amafoto]

Ku munsi wejo hashize nibwo ikipe ya Rayon Sports yatsinze ikipe ya Police FC ibitego 2-1 bigoranye cyane mu mukino wari ukomeye ku mpande zombi. Ni umukino watangiye ikipe zombi zatakana cyane bijyanye ni uko amakipe akomeye gutsinda bikomeza kugorana cyane igice cya mbere kirangira ari 0-0. Mu gice cya kabiri ikipe ya Rayon Sports

Rudasingwa prince yapfukamiye umutoza Julien Mette mu buryo bitangaje [Amafoto] Read More »

Luvumbu wa Rayons Sports ari gusabirwa kwirukanwa cyangwa agasaba imbabazi.

Imyitwarire y’umukinnyi wa Rayons Sports witwa Hertier Luvumbu Nzinga ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guteza impaka hagati y’abafana n’abakunzi b’umupira w’amaguru muri rusange n’Abanyarwanda by’umwihariko kubera ibyo yakoze ubwo yari amaze gutsinda igitego mu mukino wabahuje na Police bagatsinda ibitego bibiri kuri kimwe [2:1] harimo icyo yatsinze kuri Kufura. Uburyo yitwaye ntabwo

Luvumbu wa Rayons Sports ari gusabirwa kwirukanwa cyangwa agasaba imbabazi. Read More »