wex24news

IMIKINO

Mu mupira w’amaguru hagiye kuzajya hatangwa ikarita y’ubururu.

Inzego zireberera umupira w’amaguru ku Isi, zatangaje ko hari gutekerezwa uko hazajya hatangwa ikarita y’ubururu, aho uyihawe azajya asohoka hanze y’ikibuga akamara iminota 10 yitekerezaho nyuma akongera agasubiramo. Ubusanzwe habagaho ikarita y’umuhondo ihabwa uwakoze ikosa ryoroheje akaguma mu kibuga ndetse n’ikarita itukura ihabwa uwakoze ikosa rikomeye agahita asohoka mu kibuga. Ngo ubu noneho hagiye kujya […]

Mu mupira w’amaguru hagiye kuzajya hatangwa ikarita y’ubururu. Read More »

Ikipe ya Rayon Sports ishobora kuzatsinda ibitego birenze 2 ku mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona irakurikizaho.

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwitegura umukino ifite ukurikira wa shampiyona n’ikipe ya Police FC uzaba kuri iki cyumweru. Ikipe ya Police FC izahura n’ikipe ya Rayon Sports ntabwo imerewe neza bijyanye ni uko imaze imikino 2 nta ntsinzi ibona kandi yari ikipe irimo guhabwa amahirwe yo gutwara igikombe inyuma ya APR FC. Police FC

Ikipe ya Rayon Sports ishobora kuzatsinda ibitego birenze 2 ku mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona irakurikizaho. Read More »

Niyomugabo Claude Kapiteni wa APR FC yatangaje imiterere ya Bindjeme ubona nk’abakinnyi bazakumbura.

Myugariro Bienvenue Charles Bindjeme werekeje mu ikipe ya Al Shorta SC, yasize agahinda mu bakinnyi ba APR FC bitewe ni uko yari umukinnyi mwiza uzi kubana n’abandi bakinnyi. Ku munsi wejo nibwo uyu mukinnyi yasezeweho kumugaragaro n’abakunzi ba APR FC ndetse n’abakinnyi muri rusange ariko wabonaga ko bamwishimiye ku mpande zombi nubwo atigeze abona umwanya

Niyomugabo Claude Kapiteni wa APR FC yatangaje imiterere ya Bindjeme ubona nk’abakinnyi bazakumbura. Read More »

Charles Bienvenue Bindjeme urerekeza muri Iraq uyu munsi agiye gukurikirwa nundi mukinnyi APR FC igenderaho.

Ku munsi wejo hashize nibwo ikipe ya APR FC iyobowe na Lt.Col. Richard Karasira, basezeye kumugaragaro myugariro w’umunya-Cameroon Salomon Bienvenue Charles Bindjeme werekeje mu gihugu cya Iraq. Byari amarira menshi ku bakunzi ba APR FC bakundaga bikomeye uyu mukinnyi ariko kubera umwanya yimwe na Thierry Froger byatumye afata umwanzuro wo kwerekeza mu ikipe ya Al-Shorta

Charles Bienvenue Bindjeme urerekeza muri Iraq uyu munsi agiye gukurikirwa nundi mukinnyi APR FC igenderaho. Read More »

AS Kigali y’Abagore yatandukanye na Mukamusonera Théogenie.

Amakuru yo gutandukana kwa Mukamusonera na AS Kigali Women Football Club, yamenyekanye ku wa kabiri tariki ya 6 Gashyantare 2024. Gutandukana kw’impande zombi, kwemejwe n’Umuyobozi w’iyi kipe, Twizeyeyezu Marie Josée, mu kiganiro yahaye UMUSEKE ndukesha iyi nkuru. Ati “Yego twaratandukanye. Twaramuhagaritse.” Amakuru yizewe avuga ko impamvu ikomeye yo guhitamo gutandukana n’uyu mutoza, ari uko atahuzaga

AS Kigali y’Abagore yatandukanye na Mukamusonera Théogenie. Read More »

Roméo wa Muhazi fc akomeje kuyikura ahabi.

Uyu musore ukomoka mu gihugu cy’u Burundi, aherutse kongera amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe yo mu Ntara y’i Burasirazuba. Nyuma yo kongera amasezerano muri iyi kipe, ari mu bakomeje kuyifasha, cyane ko akomeje kuyitsindira ibitego by’ingenzi. Roméo amaze gutsinda ibitego bitatu mu mikino ine yo kwishyura, amaze gukinira iyi kipe. Mu byo yatsindiye ikipe

Roméo wa Muhazi fc akomeje kuyikura ahabi. Read More »

Banyarwanda bagenzi banjye ninde uzabigisha kureba ibibareba? , amagambo ya Rwatubyaye Abdul asubiza abavuze ko yataye akazi muri Rayon sports.

Nyuma y’amafoto myugariro wa Rayon sports akaba na kapiteni wayo Rwatubyaye Abdul yashyize hanze ari mu mwitozo mw’ikipe shya itari Rayon sports yitwa Shkupi FC yari yaravuyemo yerekeza muri Rayon sports muri Kanama 2022. Nyuma yibi habajijwe umunyamabanga wa Rayon sports atangaza ko kapiteni wa Rayon sports Rwatubyaye Abdul yagiye mwigeragenzwa batabizi ntaruhushya rw’ikipe afite

Banyarwanda bagenzi banjye ninde uzabigisha kureba ibibareba? , amagambo ya Rwatubyaye Abdul asubiza abavuze ko yataye akazi muri Rayon sports. Read More »

Amakuru agezweho mu mikino: Umukinnyi w’umunyamahanga wahembwaga akayabo muri APR FC yabonye ikipe nshya.

Umunya Cameroon Salomon Charles Banga Bindjeme wakiniriga ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC yamaze kubona ikipe nshya yitwa Al-Shorta SC . Iyi kipe kina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Iraq iyi kipe kandi irakomeye cyane dore ko iri kumwanya wa kabiri muri Iraq Premier League. Myugariro Salomon Charles Banga Bindjeme utabonaga umwanya uhagije mu

Amakuru agezweho mu mikino: Umukinnyi w’umunyamahanga wahembwaga akayabo muri APR FC yabonye ikipe nshya. Read More »

Umuherwe yikuye miliyoni 10 aziha ikipe y’igihugu ya Nigeria.

Ikipe y’igihugu ya nigria itsinze angola ikagera muri kimwe 1/2umuherwe wambere muri nigeria Aliko Dangote,na leta ya Bayelsa ndetse na zenith bank bahaye iyi kipe amafaranga nkishimwe ryuko bitwaye neza . Ikinyamakuru gikorera muri nigeria ScoreNigeria cyatangaje ko umuherwe Dangote Aliko yatanze Miliyoni 100 zama naira akayaha Ikipe ya Nigeria yose ngo iyagabane. Leta ya

Umuherwe yikuye miliyoni 10 aziha ikipe y’igihugu ya Nigeria. Read More »

Ubwegure bwa Eto’o Samuel bwatewe utwatsi na Fecafoot.

Nyuma yuko ikipe ya Cameroon itarenze muri 1/8 mu gikombe cya Africa kiri kubera muri Cotê D’Ivoire hagiye hatanganzwa ko mw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon (Fecafoot ) bitifashe neza ndetse bivungwa ko n’umutoza w’ikipe y’igihugu ya Cameroon Rigobert Song yirukanwe mw’ibanga. Nyuma zizo nkuru humvikanye andi makuru yavuga ko umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon

Ubwegure bwa Eto’o Samuel bwatewe utwatsi na Fecafoot. Read More »