wex24news

IMIKINO

Kugirango Rwatubyaye Abdul Kugirango yemererwe gukina i Burayi birasaba Million zirenga 100.

Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports Rwatubyaye Abdul aheruka kujya gutangira imyitozo mu ikipe ya Shkupi FC atamenyesheje ubuyobozi Kandi amasezerano ye na rayon sport atararagira. Rwatubyaye Abdul ajya kwerekeza i Burayi yabanje kuganiriza abayobozi ba Rayon Sports kugirango bamwemerere ariko abona ntagahunda bafite yo kuba bamurekura ahitamo gukora ibisa nko guteka imitwe agaragaza ko yavunitse […]

Kugirango Rwatubyaye Abdul Kugirango yemererwe gukina i Burayi birasaba Million zirenga 100. Read More »

Impamvu y’itungurana n’ihangangana rikomeye ry’amakipe mu gikombe cy’Afurika cy’ibihugu cya 2023.

Igikombe cy’Afurika uyu mwaka cyagaragayemo ibintu byinshi byatunguranye nkaho mu mikino 44 yonyine habonetsemo ibitego 105 ikindi cyatunguranye nuko amakipe yose yari yageze muri 1/2 mu gikombe cy’Afurika giheruka ntayarenze 1/4, yaba Senegal ifite igikombe , Egypt baturiye ku mukino wanyuma, Morocco yari yacakiranye na Algeria ndetse ikagera no muri 1/2 cy’igikombe cy’isi zose zarasezerewe

Impamvu y’itungurana n’ihangangana rikomeye ry’amakipe mu gikombe cy’Afurika cy’ibihugu cya 2023. Read More »

Umuhanzi Platini ari kureba umukino uri guhuza ikipe ya Manchester United na West Ham United -IFOTO .

Umuhanzi Platini ari kureba umukino uri guhuza ikipe ya Manchester United na West Ham United. Umuhanzi ukomeye cyane hano mu Rwanda Platini bakunze kwita Baba uzwiho gukunda ruhago bikomeye cyane ndetse wigeze no kuyikinaho ariko bikarangira adahiriwe nayo yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yagaragaye ari mu Bwongereza ku kibuga cy’ikipe ya Manchester United mbere y’uko yinjira

Umuhanzi Platini ari kureba umukino uri guhuza ikipe ya Manchester United na West Ham United -IFOTO . Read More »

FERWAFA yahagaritse Ndizeye Samuel warwaniye i Nyagatare

Mu mukino w’umunsi wa 16 wa shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu Rwanda, ikipe ya Police FC yatsinzwe na Sunrise FC ibitego 2-1. Uyu mukino wabereye kuri Stade izwi nka Gologota. Nyuma y’uyu mukino, myugariro w’ikipe y’Abashinzwe Umutekano, Ndizeye Samuel, yasagariye abasifuzi kubera kutishimira ibyemezo bya bo, ndetse amakuru avuga ko yakubise umutwe umwe mu bari

FERWAFA yahagaritse Ndizeye Samuel warwaniye i Nyagatare Read More »

Ifoto y’umukino! Byagenze bite kugirango Shaiboub yisange yikoreye intebe ku kibuga -Ifoto

Kuri uyu munsi tariki ya kane Gashyantare shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yakomeje ku munsi w’ayo wa 19. Ikipe ya APR FC ikuye amanota agoye i Musanze gusa birangira APR FC itsinze Musanze FC ibitego 3-1, igira amanota 39 ku mwanya wa mbere. Kubera ko i Musanze, aho abakinnyi basimbura bicara ari hato,

Ifoto y’umukino! Byagenze bite kugirango Shaiboub yisange yikoreye intebe ku kibuga -Ifoto Read More »

Umukinnyi wivumbuye kuri Rayon Sports yabonye ikipe nshya yo mu barabu

Umunya-Sudan ukina ataha izamu, Eid Mugadam Abakar Mugadam yabonye ikipe nshya nyuma y’iminsi ari hano mu Rwanda. Uyu rutahizamu aheruka gutandukana na Rayon Sports nyuma yo kuba ntamwanya wo gukina yabonaga ndetse n’imyitwarire ye itari myiza ubuyobozi buza guhitamo gutandukana nawe mu buryo bw’ubwumvikane. Mugadam, ntakipe yari afite ndetse ntabwo yari yarasubiye iwabo muri sudan

Umukinnyi wivumbuye kuri Rayon Sports yabonye ikipe nshya yo mu barabu Read More »

‘Ubugabo butisubiyeho bubyara ububwa’ KNC yisubiyeho ku cyemezo yari yafashe cyo gusesa Gasogi United.

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles uzwi KNC, yisubiyeho ku cyemezo cyo gusesa Ikipe ye ya Gasogi United akayikura muri ruhago y’u Rwanda kubera ibiwukorerwamo yise “umwanda”. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Gashyantare 2024, mu kiganiro na Radio One abereye umuyobozi. Ati “Umukino na Kiyovu Sports bazawukina ariko nzakomeza gusaba

‘Ubugabo butisubiyeho bubyara ububwa’ KNC yisubiyeho ku cyemezo yari yafashe cyo gusesa Gasogi United. Read More »

Al Nassr Cristiano akinamo yakubise Inter Miami ya Messi nkidahari

Mu mukino wa gicuti wabaye ku munsi wejo wahuzaga amakipe akinamo ibihangange bibiri muri ruhago Cristiano na Messi , umukino waje kurangira Inter Miami ikubitiwe ahareba inzega na Al Nassr . Uyu mukino wageze ku munota wa 73 Al Nassr yamaze gutsinda ibitego 6 ku busa bwa Inter Miami (6 – 0). Aya makipe yose

Al Nassr Cristiano akinamo yakubise Inter Miami ya Messi nkidahari Read More »

Intambara y’amagambo hagati ya KNC na Sam Karenzi irakizwa nande?

Nyuma yuko perezida wa Gasogi unitedKakooza Nkuliza Charles atangaje ko agiye gusesa ikipe ye ya Gasogi united hakomeje kuvungwa amagambo menshi atandukanye harimo abavuga ko yaba arimpamvu y’ubukene no kunanirwa gutunga ikipe kwa Kakooza Nkuliza Charles. ibi rero nibyo byatumye KNC na Samu Karenzi batumvika kumpamvu ndetse hazamo no kubwirana amagambo akomeye. mu kiganiro KNC

Intambara y’amagambo hagati ya KNC na Sam Karenzi irakizwa nande? Read More »

Manishimwe Djabel yirukanywe n’ikipe yo muri Algeria.

Ikipe ya USM Khenchela yo muri Algeria yamaze gutangaza ko yatandukanye n’abakinnyi 3 barimo n’umunyarwanda Manishimwe Djabel. Ni nyuma y’amezi 4 gusa uyu mukinnyi ukina inyuma ya ba rutahizamu asinyiye iyi kipe yo mu cyiciro cya mbere muri Algeria. Manishimwe Djabel yinjiye muri USM Khenchela mu mpera za Nzeri 2023 avuye muri Mukura Victory Sports

Manishimwe Djabel yirukanywe n’ikipe yo muri Algeria. Read More »