wex24news

IMIKINO

FERWAFA yahaye gasopu KNC uherutse gutangaza ko agiye gukura Gasogi United abereye Perezida muri shampiyona.

Hashije iminsi mike umuyobozi wa gasogi,Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC, atangaje ko ikipe ya Gasogi United abereye Perezida agiye kuyisesa, kubera kutishimira imisifurire. Umunyamabanga wa FERWAFA, Kalisa Adolphe ‘Camarade’, yatangaje ko Gasogi United itemerewe kwivana muri Shampiyona mu gihe itarasubizwa n’uru rwego ko yemerewe gusezerwa mu marushanwa. Mu kiganiro Camarade yagiranye na Fine FM […]

FERWAFA yahaye gasopu KNC uherutse gutangaza ko agiye gukura Gasogi United abereye Perezida muri shampiyona. Read More »

Kuki KNC yahisemo gusesa Gasogi United aho kuyigurisha? Ese iki cyemezo kigezehe gishyirwa mu bikorwa – AMAKURU MASHYA

KNC washinze Gasogi United igahita ikundwa na benshi,yafashe umwanzuro wo gusesa iyi kipe ye yashoragamo asaga miliyoni 500 FRW buri mwaka kuko ngo amaze imyaka myinshi yandikira FERWAFA ngo ikosore ikibazo cy’imisifurire ikamwima amatwi. Yabwiye Radio 1 ati “Ibaruwa nanditse igira iti “Impamvu: Guhagarika ikipe mu bikorwa by’umupira.Bwana muyobozi wa FERWAFA, tubandikiye mu rwego rwo

Kuki KNC yahisemo gusesa Gasogi United aho kuyigurisha? Ese iki cyemezo kigezehe gishyirwa mu bikorwa – AMAKURU MASHYA Read More »

Umukino wa APR na Police wahawe abasifuzi mpuzamahanga

Imikino ya nyuma y’irushanwa ryo Kwizihiza Umunsi w’Intwali, iteganyijwe ku wa Kane tariki ya 1 Gashyantare 2024. Izabera kuri Kigali Pelé Stadium. Umukino wa nyuma mu bagore, uzahuza AS Kigali Women Football Club na Rayon Sports Women Football Club, Saa Cyenda z’amanywa. Mu bagabo, umukino wa nyuma uzahuza APR FC na Police FC Saa kumi

Umukino wa APR na Police wahawe abasifuzi mpuzamahanga Read More »

Kiyovu Sports yatakambiye Umujyi wa Kigali

Kuva uyu mwaka w’imikino 2023-2024, watangira, ikipe ya Kiyovu Sports yakomeje gukomwa mu nkokora n’ibibazo by’amikoro. Iyi kipe yo ku Mumena byayigizeho ingaruka mbi, zo gutakaza bamwe mu bakinnyi beza yagenderagaho. Nyuma yo kuba iyi kipe isigaranye miliyoni 25 Frw ku Ngengo y’Imari yemererwa n’Umujyi wa Kigali nk’inkunga, yasabye ubundi bufasha. Amakuru dukesha UMUSEKE, avuga

Kiyovu Sports yatakambiye Umujyi wa Kigali Read More »

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi uherutse kubona ikipe hanze y’igihugu, yatangiye atsinda ibitego mu mukino we wa mbere yakiniye ikipe ye nshya

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Gitego Arthur uheruka kwerekeza mu ikipe ya AFC Leopards ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Kenya avuye muri Marine FC, ku Cyumweru yakinnye umukino we wa mbere muri iyi kipe. Wari mu mukino wa gishuti warangiye batsinzwe na Nairobi ibitego 3-2 ariko ibyo bitego 2 byose byatsinzwe na gitego Arthur ndetse

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi uherutse kubona ikipe hanze y’igihugu, yatangiye atsinda ibitego mu mukino we wa mbere yakiniye ikipe ye nshya Read More »

Messi yanze kuviramaho! Inter Miami ya Lionel Messi yatsindiwe muri Saudi Arabia ibitego birenga bitatu .

Messi yanze kuviramaho! Inter Miami ya Lionel Messi yatsindiwe muri Saudi Arabia ibitego birenga bitatu. Ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ikinamo ibyamamare muri ruhago y’Isi birangajwe imbere na rutahizamu Lionel Messi, Suarez na Sergio Busquets bose bahoze bakinira ikipe ya FC Barcelona yaraye itsinzwe n’ikipe ya Al Hilal yo muri

Messi yanze kuviramaho! Inter Miami ya Lionel Messi yatsindiwe muri Saudi Arabia ibitego birenga bitatu . Read More »

CAN 2023: Côte D’Ivoire yasezereye Senegal ifite igikombe cya Afurika giheruka nyuma yo gukina iminota irenga 120

CAN 2023: Côte D’Ivoire yasezereye Senegal ifite igikombe cya Afurika giheruka nyuma yo gukina iminota irenga 120. Mu ijoro rya cyeye nibwo habaye umukino wari utegerejwe na benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu mikino y’igikombe cya Afurika iri kubera muri Côte D’Ivoire wahuje igihugu cya Côte D’Ivoire cyakiriye iri rushanwa n’igihugu cya Senegal cyaherukaga gutwara

CAN 2023: Côte D’Ivoire yasezereye Senegal ifite igikombe cya Afurika giheruka nyuma yo gukina iminota irenga 120 Read More »

Byakomeye! Perezida w’abafana ba Gasogi United Mutabaruka yatangaje amagambo ataryoheye amatwi y’abakunzi b’iyi kipe

Byakomeye! Perezida w’abafana ba Gasogi United Mutabaruka yatangaje amagambo ataryoheye amatwi y’abakunzi b’iyi kipe. Perezida w’abafana b’ikipe ya Gasogi United Mutabaruka Angeli yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko atazongera kujya kureba umupira muri sitade, mu magambo ye yagize ati:”Niba umukuru w’igihugu acika kuri sitade kubera abajura n’abarozi baba muri football yacu njye ndi muntu ki

Byakomeye! Perezida w’abafana ba Gasogi United Mutabaruka yatangaje amagambo ataryoheye amatwi y’abakunzi b’iyi kipe Read More »

Abakinnyi 20 bamaze guhamagarwa mu ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore aho bagiye gutangira umwiherero

Ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore yahamagaye abakinnyi 20, bitegura irushanwa rizahuza ibihugu 5 byo muri EAC (Uganda,Tanzania,Burundi,Sudan y’Epfo n’u Rwanda). Tariki 02-10 Gashyantare 2024, i Kigali. Bazatozwa na Rwaka Claude yungirijwe na Mukamusonera Théogène. Umwiherero uratangira ejo(27 Mutarama 2024).

Abakinnyi 20 bamaze guhamagarwa mu ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore aho bagiye gutangira umwiherero Read More »

Torsten Frank Spittler utoza Amavubi yaraye annyuzuye abanyamakuru mu kiganiro yagiranye nabo.

Ku munsi wejo hashize nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Torsten Frank Spittler yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru abamenyesha ibyo bamuvuzeho byose ndetse anasubiza ibibazo byose bafite. Ntabwo bisanzwe ko abatoza b’ikipe y’igihugu bagirana ikiganiro n’itangazamakuru hatagiye guhamagarwa abakinnyi ariko ku munsi wejo hashize byarakozwe ndetse abanyamakuru bari bitabiriye iki kinagiro. Byinshi byavuzwe byari ukugaruka ku bintu abanyamakuru

Torsten Frank Spittler utoza Amavubi yaraye annyuzuye abanyamakuru mu kiganiro yagiranye nabo. Read More »