wex24news

IMIKINO

Rutahizamu w’Umurundi, Hussein Shabani Shabalala wari umaze amezi 6 muri Libya akina mu ikipe imwe na Haruna Niyonzima, yamaze kugaruka mu Rwanda maze ahita asinyira ikipe y’i Nyarugenge

Rutahizamu w’Umurundi, Hussein Shabani Shabalala wari umaze amezi 6 yerecyeye muri Libya gukinira ikike ya Al Tawoon ikinamo Umunyarwanda Haruna Niyonzima, yagarutse mu Rwanda. Akigera mu Rwanda yahise asubira mu ikipe ya AS Kigali yahozemo. Haravugwa icyatumye agaruka.

Rutahizamu w’Umurundi, Hussein Shabani Shabalala wari umaze amezi 6 muri Libya akina mu ikipe imwe na Haruna Niyonzima, yamaze kugaruka mu Rwanda maze ahita asinyira ikipe y’i Nyarugenge Read More »

Biravugwa ko Kiyovu Sports nta muyobozi igifite kugeza ubu ndetse n’umutoza yinangiye.

Ikipe ya Kiyovu Sports iri mu bibazo kugeza ubu byo kubura intsinzi biterwa no kuba abakinnyi batameranye neza n’ubuyobozi, bivugwa ko iyi kipe uwari umuyobozi wayo yeguye. Hashize amezi agera kuri 4 Ndorimana Francois Regis uzwi nka General afashe ikipe ya Kiyovu Sports yeguje Mvukiyehe Juvenal wari umaze kubaka igitinyiro mu bacyeba b’iyi kipe. Uyu

Biravugwa ko Kiyovu Sports nta muyobozi igifite kugeza ubu ndetse n’umutoza yinangiye. Read More »

Umutoza mushya wa Rayon Sports yabonye imikinire y’umukinnyi yibaza impamvu akina hano mu Rwanda

Umufaransa urimo gutoza ikipe ya Rayon Sports kugeza ubu Julien Mette, yatewe ubwoba n’umukunnyi w’iyi kipe bitewe n’ubuhanga bwe. Ku munsi wejo hashize nibwo ikipe ya Rayon Sports yakoze imyitozo ya mbere iri kumwe n’umutoza mushya, Julien Mette wageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuwa gatanu icyumweru gishize. Uyu mutoza akigera mu Rwanda yatangaje ko

Umutoza mushya wa Rayon Sports yabonye imikinire y’umukinnyi yibaza impamvu akina hano mu Rwanda Read More »

APR FC yatakaje undi mukinnyi

Nyuma ya Apam Assongue Bemol na rutahizamu Victor Mbaoma bagiriye ikibazo mu irushanwa rya Mapinduzi Cup riheruka kubera Zanzibar bakazamara ukwezi hanze y’ikibuga, iyi kipe yatakaje na myugariro Salomon Banga Bindjeme. Uyu myugariro ukomoka mu gihugu cya Cameroun, uretse umukino ufungura irushanwa rya Mapinduzi Cup, indi yose yarayikinnye. Ntabwo yagaragaye mu mukino wa shampiyona APR

APR FC yatakaje undi mukinnyi Read More »

Sahabo Hakim akomeje gukora amateka, Bizimana Djihad atangira neza – Uko abakinnyi b’abanyarwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize.

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe uko abakinnyi b’abanyarwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize. Manishimwe Djabel – USM Khenchela Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize tariki ya 19 Mutarama 2024, USM Khenchela ya Manishimwe Djabel mu cyiciro cya mbere muri Algeria yanganyije na NC Magra 1-1, ni umukino Djabel yari ku ntebe y’abasimbura. Nyuma y’umunsi wa

Sahabo Hakim akomeje gukora amateka, Bizimana Djihad atangira neza – Uko abakinnyi b’abanyarwanda bitwaye mu mpera z’icyumweru gishize. Read More »

Abafana ba APR FC batoranyije umukinnyi umwe bamukandira akanyenyeri abandi babarebera ku ruhande

Kuri iki cyumweru ikipe ya APR FC yakinnye umukino wa shampiyona n’ikipe ya Police FC umukino urangira ikipe ya APR FC ibonye intsinzi. Ni umukino watangiye ikipe ya Police FC irimo ikangata cyane nkuko benshi bayihaga amahirwe yo kubona amanota 3 bijyanye n’abakinnyi bakomeye APR FC yaburaga barimo Bindjeme ndetse na Mbaoma. Ikipe ya APR

Abafana ba APR FC batoranyije umukinnyi umwe bamukandira akanyenyeri abandi babarebera ku ruhande Read More »

Abakinnyi 11 Rayon Sports ishobora gukoresha uyu munsi barimo abo benshi bari barakuyeho amaso.

Kuri uyu wa Gatanu ikipe ya Rayon Sports irakira ikipe ya Gorilla FC yakaniye cyane ku buryo ishaka kongera kubaza abakunzi ba Gikundiro batumva ukuntu ikipe yabo imeze iki gihe. Ubuyobozi bwa Rayon Sports nabwo burimo gukora ibishoboka byose kugirango ikipe yongere imere neza dore ko amakuru ahari ni uko Baraza kwerekana umutoza mushya uyu

Abakinnyi 11 Rayon Sports ishobora gukoresha uyu munsi barimo abo benshi bari barakuyeho amaso. Read More »

Perezida wa Gorilla FC Hadji yatangaje umubare w’ibitego agomba gutsinda Rayon Sports

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Gatanu irakina n’ikipe ya Gorilla FC, mukino uratangira ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ubere kuri Kigali Pele Stadium. Uyu mukino wakaniwe cyane n’ikipe ya Gorilla FC bijyanye nibyo Perezida wayo Hadji Mudaheranwa yatangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ubwo yahamagarwaga na Radio One ya

Perezida wa Gorilla FC Hadji yatangaje umubare w’ibitego agomba gutsinda Rayon Sports Read More »

Sitting Volleyball: Amakipe y’Igihugu yatangiye umwiherero utegura urugendo rwa Nigeria.

Uyu mwiherero watangiye ku wa Kabiri tariki ya 16 Mutarama 2024, urimo amakipe y’Igihugu yombi, abagabo n’abagore. Uyu mwiherero uzafasha gukarishya abakinnyi ku mpande zombi, kugira ngo bazajye mu gikombe cya Afurika bafite icyizere cyo kuzitwara neza. Abakinnyi 28 ni bo batangiye kwitegura irushanwa rizabera muri Nigeria. Barimo Abagore 14 bagize Ikipe y’Igihugu ndetse n’Abagabo

Sitting Volleyball: Amakipe y’Igihugu yatangiye umwiherero utegura urugendo rwa Nigeria. Read More »

APR FC igiye kugura umufana ukomeye uzafatanya na Rujugiro gutitiza umujyi.

Mu ijoro rya cyaye nibwo kimwe mu bitangazamakuru bikomeye mu gihugu cy’uburundi cyagiranye ikiganiro na Nahimana Asina usanzwe ari umufana ukomeye wa Vital’O, uyu mufana yemeza ko ashobora kuba umufana wa APR FC. Mu kiganiro uyu mu mama ufite izina rya Shanga yagiranye na Akeza Sports, yavuze ko amaze iminsi aganira n’ikipe ya APR FC

APR FC igiye kugura umufana ukomeye uzafatanya na Rujugiro gutitiza umujyi. Read More »