wex24news

IMIKINO

Abakinnyi ba AS Kigali bashyiriweho akayabo mu gihe baratsinda APR FC imaze iminsi iri mu kwabuki.

Kuri uyu wa Gatatu ikipe ya APR FC irakina n’ikipe ya AS Kigali mu mukino ubanza wa 1/8 cy’igikombe cy’amahoro. Ni umukino uratangira ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba ubera kuri Kigali Pele Stadium. Uyu mukino wakaniwe n’ubuyobozi bw’impande zombi cyane ikipe ya AS Kigali irakira uyu mukino. Ubuyobozi bwa AS Kigali twamenye amakuru

Abakinnyi ba AS Kigali bashyiriweho akayabo mu gihe baratsinda APR FC imaze iminsi iri mu kwabuki. Read More »

Ikipe ya AS Roma yatandukanye na José Mourinho bitunguranye.

José Mourinho wageze muri AS Roma muri Nyakanga tariki 1 , 2021 nyuma yo gutandukana na Tottenham Hotspur muri 2019 yirukanwe na AS Roma kubera ikibazo cy’umusaruro mucye yatangiranye uyu mwaka w’imikino. José Mourinho mu mikino 6 yaramaze gutoza yaramaze gutsindamo 1 gusa yanaherukaga gukina na AC Milan yatsinze AS Roma ibitego 3 kuri 1.

Ikipe ya AS Roma yatandukanye na José Mourinho bitunguranye. Read More »

Ntibisanzwe! Ibiciro byo kwinjira ku mukino urahuza Rayon Sports na Interforce FC byakubitswe ishoka

Ntibisanzwe! Ibiciro byo kwinjira ku mukino urahuza Rayon Sports na Interforce FC byakubitswe ishoka. Uyu munsi tariki 16 Mutarama 2024 nibwo ikipe ya Interforce FC irakira Rayon Sports mu mukino wa 1/8 w’igikombe cy’Amahoro urabera kuri Kigali Pele Stadium aho umuntu ufite inote y’igihumbi ashobora kureba uyu mukino akaba ari bintu bidakunze kubaho igihe Rayon

Ntibisanzwe! Ibiciro byo kwinjira ku mukino urahuza Rayon Sports na Interforce FC byakubitswe ishoka Read More »

Bayahawe: Abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports bari kumwenyura.

Abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports bari kumwenyura Nyuma y’amezi agera kuri atatu abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports badahembwa amafaranga yabo bakoreye ubu hari amakuru meza avuga ko bishyuwe ukwezi kwa 11 ndetse bikaba binateganyijwe ko mu minsi mike iri mbere barahabwa ayo mu kwezi kwa 12 kugira ngo abakinnyi bakomeze kwitwara neza. Source: Radio Rwanda

Bayahawe: Abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports bari kumwenyura. Read More »

Perezida wa Rayon Sport yaburiye abafana ba Rayon Sport ko uzagerageza kumukubita azisanga muri moruge(uburuhukiro)

Perezida wa Rayon Sport yaburiye abafana ba Rayon Sport ko uzagerageza kumukubita azisanga muri moruge(uburuhukiro) Nyuma y’uko umukino Rayon Sport iheruka gukina yatsinzwe 2 kuri 1 na Gasogi United, abafana bamwe na bamwe bagaragaje imico itari myiza yo gushaka gukubita abayobozi. Nyuma y’iyo mico abafana bagaragaje, mu nama Perezida wa Rayon Sport yatangaje amagambo akomeye

Perezida wa Rayon Sport yaburiye abafana ba Rayon Sport ko uzagerageza kumukubita azisanga muri moruge(uburuhukiro) Read More »

Ikipe yahangamuye amakipe yo mu cyiciro cya mbere hano mu Rwanda yasinyishije izindi ntwaro eshatu zikanganye -Amafoto

Ikipe ikina icyiciro cya mbere hano mu Rwanda iherereye mu ntara y’amajyaruguru izwi kwizina rya Musanze FC yasinyishije abakinnyi batatu Muri abo bakinnyi harimo uwitwa Bertrand Ebode Ottou, Umunya Cameroon ukina hagati yakiniraga ikipe ya Plateau Utd Undi yitwa Kokoete Udo Ibick, Umunya Nigeria ukina asatira aca ku mpande yakiniraga ikipe ya Kano pillars Undi

Ikipe yahangamuye amakipe yo mu cyiciro cya mbere hano mu Rwanda yasinyishije izindi ntwaro eshatu zikanganye -Amafoto Read More »

Agezweho muri Siporo: Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Kagere Meddie amaze gusinyira ikipe nshya

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Kagere Maddie wabiciye bigacika muri Rayon Sports ndetse no muri Simba SC yo muri Tanzania amaze kwerekeza mu ikipe ya Namungo FC avuye muri Singida FC nayo yo muri Tanzania akaba yasinye amasezerano azarangirana n’uyu mwaka w’imikino.

Agezweho muri Siporo: Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Kagere Meddie amaze gusinyira ikipe nshya Read More »

Bari mu buryohe! Umunyarwandakazi ari mu kwa buki n’Umwongereza umukubye mu myaka

Umunyarwandakazi Uwamahoro Claudine n’Umwongereza Simon Duczuk wabaye Umudepite wo mu Ishya ry’Abakozi ( Labour Party), mu myaka 7 bari muri Kigali mu kwezi kwa Buki. Simon Duczuk na Claudine Uwamahoro bamaze amezi agera kuri 5 bakoze ubukwe dore ko barushinje muri Kanama 2023 bamaze umwaka bahuye ubwo Simon Duczuk yari yaje mu Rwanda mu ruzinduko

Bari mu buryohe! Umunyarwandakazi ari mu kwa buki n’Umwongereza umukubye mu myaka Read More »

Ikipe ya APR FC yamaze kubabarira umukinnyi wari umaze iminsi mu bihano kubera kwigaragambya

Ikipe ya APR FC ku munsi wejo hashize yatangiye imyitozo hano mu Rwanda nyuma yo kuva mu gihugu cya Zanzibar aho yakinaga igikombe cya Mapinduzi. Iyi kipe mu myitozo yasubukuye hari harimo abakinnyi batandukanye banjyanye na APR FC mu gihugu cya Zanzibar ndetse na bamwe mu basigaye mu gihugu cy’u Rwanda. Muri abo bakinnyi basigaye

Ikipe ya APR FC yamaze kubabarira umukinnyi wari umaze iminsi mu bihano kubera kwigaragambya Read More »