wex24news

IMIKINO

KNC Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports avugaka amagambo asesereza abakunzi bayo

Kakooza Nkuliza Charles Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports aheruka gutsinda ibitego 2-1. Yagize ati: Ntekereza ko ikibazo gihari, bashobora guhindura umutoza bazaba bahinduye icupa ariko byeri izaba ari yayindi. Iyi Rayon Sports niyo baduhuza imikino 5 yikurikiranya najya nyitsinda buri mukino nongeyeho igitego kimwe”.

KNC Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports avugaka amagambo asesereza abakunzi bayo Read More »

U Rwanda rwasoje imikino ya gicuti mbere yo gutangira Igikombe cy’Afurika (AMAFOTO)

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Handball yakinnye umukino wa nyuma wa gicuti mbere yo gutangira igikombe cy’Afurika ku wa Gatatu w’iki cyumweru tariki ya 17 Mutarama 2024 kizabera mu Misiri kugeza tariki ya 27 Mutarama 2024. Ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 14 Mutarama 2024, u Rwanda rukaba rwarakinnye na Maadi SC yo mu Misiri

U Rwanda rwasoje imikino ya gicuti mbere yo gutangira Igikombe cy’Afurika (AMAFOTO) Read More »

Abatoza 2 hahabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports.

Nyuma y’uko uwari umutoza mukuru wa Rayon Sports, Mohamed Wade ahagaritswe, biravugwa ko ubu Ndayizeye Jimmy na Ivan Minnaert ari bo bashobora kuvamo umutoza w’iyi kipe. Umunya-Mauritania, Mohamed Wade wari ufite amasezerano y’umutoza wungirije, mbere y’uko imikino yo kwishyura itangira yagizwe umutoza mukuru. Nyuma y’umukino umwe w’umunsi wa 16 yatsinzwemo na Gasogi United ku wa

Abatoza 2 hahabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports. Read More »

Ubuyobozi bwa APR FC bwigaramye umutoza wa bwo.

Umuyobozi wa APR FC, Col Richard Karasira bwanyomoje ibyo umutoza w’abanyezamu b’iyi kipe aheruka gutangaza ko batazasubira muri Mapinduzi Cup. Nyuma y’uko APR FC isezerewe na Mlandege ntigere ku mukino wa nyuma wa Mapinduzi Cup, ntabwo babyakiriye neza aho bavuze ko bibwe n’abasifuzi babangiye igitego bakanabima penaliti. Icyo gihe umutoza w’abanyezamu ba APR FC, Ndizeye

Ubuyobozi bwa APR FC bwigaramye umutoza wa bwo. Read More »

Rayon Sports nyuma yo kubona Umutoza Mohamed Wade ashobora kuzabageza kure bakamwishyura akayabo bakoze igikorwa gishobora koroshya ibintu byihuse.

Rayon Sports nyuma yo kubona Umutoza Mohamed Wade ashobora kuzabageza kure bakamwishyura akayabo bakoze igikorwa gishobora koroshya ibintu byihuse Ku wa gatanu ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe umukino n’ikipe ya Gasogi United ibitego 2-1, abakunzi ndetse n’ubuyobozi bwa Rayon Sports butaha bubabaye cyane ndetse bihita bitangira kuvugwa ko Umutoza yirukanwe. Nyuma yaho ubuyobozi bwakoze inama

Rayon Sports nyuma yo kubona Umutoza Mohamed Wade ashobora kuzabageza kure bakamwishyura akayabo bakoze igikorwa gishobora koroshya ibintu byihuse. Read More »

Kapiteni wa Rayon Sports yavuze kuri ba rutahizamu bashya iyi kipe yaguze.

Mbere yo gutangira imikino yo kwishyura ya shampiyona, Rayon Sports yongeyemo abakinnyi batatu bayobowe na ba rutahizamu babiri; Alsény Camara ukomoka muri Guinea na Paul Gomis ukomoka muri Senegal ndetse n’umunyezamu ukomoka muri Senegal, Khadime Ndiaye. Agaruka kuri aba bakinnyi bakina bataha izamu, kapiteni wa Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul yavuze ko ari abakinnyi bagaragaje ko

Kapiteni wa Rayon Sports yavuze kuri ba rutahizamu bashya iyi kipe yaguze. Read More »

“Umuntu w’umugabo agatuma banyima aho kurara n’abana bange koko” Uncle Austin yagiye mu matwi ya Landlord yanga ko Shaddyboo bamuha inzu yo gukodesha

Mu kiganiro kizwi nka space kuri Twitter yahindutse X,  Shaddyboo yagaragaje agahinda yatewe n’uburyo Uncle Austin yigize gutuma bamwima inzu yo gukodeshwa. Mu majwi ye, Shaddyboo yavuze uburyo yababajwe cyane n’uburyo umuntu w’umugabo ariwe wajyana amagambo kwa Landlord (Nyiri nzu) ngo amwime inzu, kandi nawe afite umwana. Bamwe mu bari bari muri icyo kiganiro bunzemo

“Umuntu w’umugabo agatuma banyima aho kurara n’abana bange koko” Uncle Austin yagiye mu matwi ya Landlord yanga ko Shaddyboo bamuha inzu yo gukodesha Read More »

Kigali: Umugabo yaryamanye n’indaya ebyiri icyarimwe maze abura ayo kwishyura zimufatanya n’umunaniro ziramudiha abantu barahurura.

Umugabo wo mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo yakubiswe n’indaya ebyiri ndetse zinafatira telefone ye yo mu bwoko bwa Samsung, nyuma y’uko baryamanye ariko akanga kuzishyura amafaranga yose bari bumvikanye. Ibi byabereye mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 9 Mutarama 2024. Abatangabuhamya babwiye IGIHE

Kigali: Umugabo yaryamanye n’indaya ebyiri icyarimwe maze abura ayo kwishyura zimufatanya n’umunaniro ziramudiha abantu barahurura. Read More »