wex24news

IMIKINO

Tiwa Savage yatanze ikirego kuri Davido

Urwango rwa Tiwa Savage na Davido rumaze gufata indi ntera kugeza ubwo uyu muhanzikazi yamaze no kubigeza muri Polisi. Davido na Tiwa Savage ni bamwe mu bahanzi bakomeye bakuye umuziki wa Nigeria muri icyo gihugu bawujyana mu mahanga aho bahawe ibihembo bitandukanye bakora indirimbo mpuzamahanga barakundwa n’ibinyamakuru barabyandika. Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri […]

Tiwa Savage yatanze ikirego kuri Davido Read More »

Ibyari imikino bihinduye isura! Ikipe ya APR FC ntizongera gukina imikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup ukundi.

Ikipe ya APR FC nyuma yo gutsindirwa muri 1/2 n’ikipe ya Mlandege FC kuri penaliti 4-2 umutoza w’abazamu b’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu Ndanda yeruye atangariza Azam Tv ko APR FC itazongera kwitabira imikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup. Ndanda yatangaje aya makuru nyuma yo kugaya bikomeye imisifurire y’abasifuzi bo muri Zanzibar basifuriye iyi kipe nabi kuburyo

Ibyari imikino bihinduye isura! Ikipe ya APR FC ntizongera gukina imikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup ukundi. Read More »

Shaddyboo yibajije impamvu umukobwa wirwanyeho ahindurwa indaya.

ShaddyBoo yabajije abamukurikira ikibazo gisa n’igikomeye , gusa yerekeza kubapfobya ubushobozi bw’umugore n’umukobwa. Umunyarwandakazi uri mu bashabitsi u Rwanda rufite yabajije abamukurikira impamvu sosiyete ifata umukobwa wirwanyeho nk’udashobotse rimwe na rimwe agafatwa nk’ihabara ,umurozikazi n’ibindi.Nyuma yo gushyira aya magambo kumbuga nkoranyambaga ze, abamukurikira bagerageje kumusubiza. Muri ubu butumwa Shaddyboo yagize ati:”Ese ni kuki , iyo

Shaddyboo yibajije impamvu umukobwa wirwanyeho ahindurwa indaya. Read More »

byakomeye kuri APR FC yitegura umukino wa 1/2 cya Mapinduzi cup.

Ikipe ya APR FC ifite icyibazo gikomeye cyuko ishobora gukina umukino ifitanye na Mlandege FC yo muri Zanzibar nubundi hari kubera imikino ya Mapinduzi cup idafite Rutahizamu wayo umaze kubatsindira ibitego 3 mu mikino 4, Victor Mbaoma ufite ikibazo cy’imvune. ni icyibazo cy’imvune yagize ku mukino ikipe ya APR FC yatsindagamo Yanga Africans ibitego 3

byakomeye kuri APR FC yitegura umukino wa 1/2 cya Mapinduzi cup. Read More »

Amafoto y’umukinnyi mushya ikipe ya Rayon sports igiye kuzana.

Nyuma yuko ikipe ya Rayon sports itandukanye n’umuzamu wayo Hakizimana Adophe warurangije Amasezerano ariko ntiyifuze kumwongerera Amasezerano nkuko uyu mukinnyi yabyifuzaga ikipe ya Rayon sports yasise ishaka undi muzamu yamusimbuza. ikipe ya Rayon sports kuri uyu wa 2 biteganyijweko iribwakire umuzamu wayo mushya ukomoka muri Senegal w’imyaka 27 y’amavuko akaba afite metero 1 na santimentero

Amafoto y’umukinnyi mushya ikipe ya Rayon sports igiye kuzana. Read More »

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y’umukino APR FC yatsinzemo Yanga Africans nk’idahari -AMAFOTO.

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y’umukino APR FC yanyagiyemo Yanga Africans imvura yibitego. Mu mikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup iri kubera Zanzibar muri Tanzania APR FC ikomeje guhesha ishema igihugu cy’u Rwanda dore ko mu ijoro ryo ku wa 07 mutarama yaraye yihereranye ikipe ya Yanga Africans

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y’umukino APR FC yatsinzemo Yanga Africans nk’idahari -AMAFOTO. Read More »

Kapiteni mushya wa APR FC yatanze ubutumwa bukomeye

Kapiteni mushya wa APR FC yatanze ubutumwa bukomeye Niyomugabo Claude uherutse kugirwa Kapiteni wa APR FC, yatangaje ko Simba SC ari ikipe nk’izindi batsinda, kandi ko bishoboka ko bakwegukana igikombe. Mu myitozo ibanziriza iya nyuma itegura umukino wa APR FC naSimba, Niyomugabo Claude usigaye ari Kapiteni wa APR FC yabwiye itangazamakuru ko biteguye Simba SC

Kapiteni mushya wa APR FC yatanze ubutumwa bukomeye Read More »

Hagati ya APR FC na AS Kigali harimo ikipe itazakomeza! Uko amakipe azacakirana muri 1/8 mu mukino y’igikombe cy’Amahoro .

Hagati ya APR FC na AS Kigali harimo ikipe itazakomeza! muri 1/8 mu mukino y’igikombe cy’Amahoro. Dore ko amakipe azahura mu mikino y’igikombe cy’Amahoro mu mikino ya 1/8 aho ikipe ya APR FC izesurana n’ikipe ya AS Kigali naho Rayon Sports igacakirana na Interforce FC: 1. Vision FC izahura na Musanze FC 2. Gorilla FC

Hagati ya APR FC na AS Kigali harimo ikipe itazakomeza! Uko amakipe azacakirana muri 1/8 mu mukino y’igikombe cy’Amahoro . Read More »

Moussa Esenu yamaze gutangaza ko atazakomezanya na Rayon Sports yamaze kumvikana n’ikipe itajya ivuga rumwe na Gikundiro hano mu Rwanda

Moussa Esenu yamaze kwemeza ko utazakomezanya na Rayon Sports ubu yamaze kumvikana n’ikipe itajya ivuga rumwe na Gikundiro hano mu Rwanda. Rutahizamu w’umugande wari umaze imyaka irenga 2 muri Rayon Sports Moussa Esenu yamaze gutangaza ko atazakomezanya n’iyi kipe yari asigajemo ukwezi kumwe gusa akarangiza amasezerano bari bafitanye. Ku munsi wejo nibwo twabatangarije ko ubuyobozi

Moussa Esenu yamaze gutangaza ko atazakomezanya na Rayon Sports yamaze kumvikana n’ikipe itajya ivuga rumwe na Gikundiro hano mu Rwanda Read More »